Itangazo ry’uwitwa NYIRAHABINKA usaba gihunduza amazina.

5,422
Kwibuka30
Kwibuka30

Uwitwa NYIRAHABINKA xxx, mwene Nsengimana Gregoire na Ancilla Nyirantama, utuye mu Ntara y’Uburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, Umurenge wa Ruhango, Akagali ka Kabihogo, yanditse asaba uburenganzira bwo guhindurirwa amazina yari asanganywe ariyo NYIRAHABINKA XXXX, akifuza ko yakwitwa NYIRAHABINKA MARIE CHANTAL akaba ariryo rijya mu gitabo cy’irangamimerere.

Impamvu atanga zishimangira ubusabe bwe, ni uko ayo mazina ari aya batisimu.

Comments are closed.