Muri Gospel Star Live Israel Mbonyi Yegukanye miliyoni 7 Habereyemo agashya

7,069
Kwibuka30

Mu bahanzi bagera kuri bane bahembwe mu gitaramo cyabaye mu mpera z’iki cyumweru dusoje, Israel Mbonyi yegukanye miliyoni 7 z’amafaranga y’u Rwanda, n’ubwo cyari cyabanje guhagarara

Ni igitaramo cyatumiwemo Rosa Muhando n’ubwo kitagenze neza nk’uko abantu bari babyiteze kubera ko byaje kuba ngombwa ko kibanza guhagararaho gato kugira ngo abacuranzi babanze babone ibyom babagombaga kiza gukomeza nyuma.Abahanzi barimo Aline Gahongayire, Gaby Kamanzi, Theo Bosebabireba, Frank ndetse na Serge Iyamuremye,   tutibagiwe kandi na Israel Mbonyi.

Nyuma rero yo kuririmba kw’aba bahanzi haje gutangwa ibihembo.

Kwibuka30

Umuhanzi ukizamuka mwiza: Rata Jay

Ku mwanya wa gatatu: Gisubizo Ministries

Ku mwanya wa kabiri: Aline gahongayire

Ku mwanya wa mbere: Israel mbonyi

Uwa gatatu yahawe miliyoni 1 frw, Uwa kabiri ahabwa miliyoni 2 Frw naho uwa  mbere ahabwa Miliyoni 7 frw; Nimugihe umuhanzi ukizamuka mwiza yahawe ibihumbi 500 Frw

Comments are closed.