Umutoza w’AMAVUBI yatangaje abakinnyi 11 Abanza mu kibuga ku mukino wa Seychelles

12,633
Kwibuka30

Kwibuka30

Umutoza w’Ikipe nkuru y’igihugu mu mupira w’Amaguru amaze gutangaza urutonde ntakuka rw’abakinnyi bari bubanze mu kibuga.

Ku mugoroba wo kuri uyu munsi wa kane taliki ya 5 Kanama, ikipe y’umupira w’Amaguru AMAVUBI igomba kwisobanura n’ikipe ya THE PIRATES yo mu gihugu cya Seychelles. Mu kanya gato gashize, umutoza mukuru w’ikipe Bwana MASHAMI VINCENT yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 11 ndakuka bagomba kubanza mu kibuga, ni mu gice cya mbere cy’amajonjora ku makipe azitabira igikombe cy’isi cyo mu mwaka wa 2022 kizabera mu gihugu cya Quatar. Ni ikipe iza kuba iyobowe mu busatirizi n’abagabo batatu ari TUYISENGE JACQUES, KAGERE HEMEDI na MUHAJIRI, nyuma y’aho hakaba hari Yannick, Kevin na Djihad. Umukinnyi Haruna ntiyabonetse kuri runo rutonde.

Leave A Reply

Your email address will not be published.