Uwa mbere mu bari bagize ikipe itsinda amaze gushyirwa hanze y’ikibuga

1,991

Hashingiwe ku bitaganywa n’amategeko, ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko uwari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo Dr Jeanne d’Arc Mujawamariya yirukanywe ku mirimo.

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane mu masaha ya mugitondo tariki ya 25 Nyakanga 2024, ibyo biro ntabwo byagaragaje icyo yirukaniwe. Icyakora byatangaje ko hari ibyo agomba gusobanura.

Minisitiri Dr Jeanne D’Arc Mujawamariya yari aherutse kugirwa Minisitiri w’abakozi ba Leta n’Umurimo, avuye ku kuba Minisitiri w’Ibidukikije.

Yakoze kandi imirimo itandukanye muri Leta aho yanabaye Minisitiri w’Uburezi.

Comments are closed.