Urukundo rukabije afitiye igitsina rwatumye Visi prezida wa Zimabwe yegura
Visi prezida wa Kabiri wa Zimbabwe yashyikirije prezida urwandiko rwo kwegura nyuma yo gushinjwa gukoresha amarangamutima ashingiye ku rukundo rw'igitsina. Visi Perezida wa kabiri wa Zimbabwe, Kembo Mohadi yanditse ibaruwa yo kwegura!-->!-->!-->!-->!-->…
Abagore 3 bateraniye undi mugore baramudiha bamusuka urusenda n’umucanga mu gitsina
Polisi yo mu gihugu cy'U burundi yataye muri yombi itsinda ry'abagore batatu bishyize hamwe ngo bajye bahana abagore batwara abagabo b'abandi. Polisi yo mu gihugu cy'Uburundi ikorera mu Ntara ya Gitega yataye muri yombi kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Joel w’imyaka 13 yiyahuye nyuma yo gutsindwa ikizamini cy’Imibare.
Umwana w'umuhungu uri mu kigero cy'imyaka 13 yiyahuye kubera agahinda ko gutsindwa ikizamini cy'imibare. Umwana w'umuhungu ufite imyaka 13 y'amavuko ukomoka mu gihugu cya Zambiya yaraye yiyahuye arapfa nyuma y'aho atsinzwe ikizamini!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yafashe 37 bishe amabwiriza yo kwirinda Covid-19 barimo abafataga amashusho ya Filimi.
Polisi yerekanye abasore n’inkumi 37 bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID19 mu mujyi wa Kigali bari mu bikorwa 2 bitandukanye. Muri aba bantu 37, 27 bafashwe bafata amashusho ya filime muri guest house iherereye!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Hatangijwe igikorwa cyo gusukura umujyi wa Nyanza.
Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza yatangije igikorwa cyo gusukura umujyi wa Nyanza. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki ya 1 Werurwe 2021, ari kumwe n'umunyamabanga nshingwabikorwa w'Umurenge wa Busasamana, Umuyobozi w'Akarere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwahoze ari prezida w’Ubufaransa yakatiwe igifungo k’imyaka itatu.
Urukiko rwo mu Bufaransa rwakatiye uwahoze ari Perezida w’iki gihugu, Nicolas Sarkozy, gufungwa imyaka itatu nyuma yo kumuhamya ibyaha bya ruswa. Muri iyi myaka itatu yakatiwe Sarkozy umwe niwo azafungwa mu gihe ibiri isubitse. Urukiko!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Bwana Thomas yapfuye yiyahuye nyuma yo gushyamurana na se akamwicisha agafuni.
Umugabo w’imyaka 47 wo mu Murenge wa Mutuntu yaguye mu Bitaro bya Kigali CHUK mu ijoro ryo kuri uyu wa 01 Werurwe 2021 nyuma yo gushyamirana n’umuhungu we akamukomeretsa bikomeye, umuhungu we na we bamusanze yiyahuye nyuma yo gutoroka!-->!-->!-->…
Padiri Ubald wari umaze igihe yitabye Imana yasezeweho bwa nyuma.
Padiri Ubald Rugirangoga yasezeweho bwa nyuma mu gitambo cya Misa cyabereye i Kigali, muri Kiliziya Gatolika ya Paruwasi Regina Pacis i Remera, hibukwa ibikorwa byamuranze birimo kwimakaza ubumwe n’ubwiyunga mu Banyarwanda. Padiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ghana: Prezida Nana yibwiye abaturage ko urukingo rwa covid-19 rutagamije kubica.
Mu gihe Ghana igiye gutangira gahunda yo gukingira Covid-19, perezida w'iki gihugu yashishikarije abaturage kwemera kuruterwa kuko rutaje kumaraho abanyafurika, nk'uko ngo hari amakuru y'impuha abivuga. Ibihugu 24 bya Africa vuba aha!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Gitifu Obed wari ukurikiranyweho icyaha cya ruswa yarekuwe nyuma y’amazi 3 ari mu…
Gitifu NIYOBUHUNGIRO Obed wari umaze amezi agera kuri atatu mu gihome kubera icyaha cya Ruswa, urukiko rwamurekuye. Urukiko rw’Ibanze rwa Gacurabwenge rwarekuye Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ngamba mu Karere ka Kamonyi,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyenzamu w’Amavubi Yves Kimenyi yambitse impeta y’urukundo Miss Muyango.
Umunyezamu wa Kiyovu Sports Kimenyi Yves yambitse impeta y’urukundo umukunzi we Muyango Claudine amusaba ko yazamubera umugore. Rutahizamu w'ikipe ya Kiyovu sport n'ikipe y'igihugu AMAVUBI, Bwana KIMENYI Yves, kuri uyu wa 28!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Uwitwa Daniel na Ndayiragije bafatanywe magendu bari bakuye muri RDC.
Ku wa Gatanu tariki ya 26 Gashyantare ahagana saa munani z’amanywa nibwo abapolisi bakorera mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana bafashe uwitwa Ukwigize Daniel w’imayaka 44 na Ndayiragije Milliam w’imyaka 28. Bafatanywe!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Umugabo yatwikiwe n’umugore we inzu ararira ayokwarika agahakana yivuye inyuma ko nta…
Umugabo witwa Ngarukiyintwari Damien watwikiwe inzu n’umugore we nyuma yo kumwumviriza avugana n’inshoreke, avuga ko atariwe nyirabayazana w’ibyabaye, ko ndetse yari yaramunaniye akamuhunga mu gihe cy’imyaka 15 uhereye muri 2000 nabwo!-->…
Kamonyi:Umwarimu afunzwe azira gusambanya abanyeshuri
Akarere ka Kamonyi Umwarimu witwa Ntivuguruzwa Deogratias w’Imyaka 39 y’amavuko afungiye kuri station ya RIB ya Mugina, akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana yigishaga. Ntivuguruzwa wigishaga kuri Groupe Scolaire Ruyumba, yafunzwe!-->!-->!-->…
“Leta nta ruhare yagize mu kuzana Rusesabagina, yafashije uwashakaga kumugeza i Kgl” Min…
Ministre w'ubutabera Bwana Businge Johnson yatanze umucyo ku buryo Rusesabagina yagejejwe mu Rwanda. Uburyo Rusesabagina yagejejwe mu Rwanda ni imwe mu ngingo ziri kuburanwaho mu rubanza rwe, we avuga ko yashimuswe akagezwa mu Rwanda,!-->!-->!-->!-->!-->…