Shampiyona y’abatarengeje 20 yashojwe

Ikipe y’Ingimbi ya Marines FC y’abatarengeje imyaka 20 n’iy’abangavu Police WFC batarengeje iyo myaka, zegukanye igikombe cya shampiyona y’abato batarengeje imyaka 20. Muri Mutarama uyu mwaka, ni bwo Ishyirahamwe ry’Umupira

Menya inzoga yaciwe ku isoko mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ubuziranenge bw’Ibiribwa n’Imiti, Rwanda FDA, cyahagaritse ikorwa n’icuruzwa ry’inzoga yitwa Ubutwege ikorwa muri tangawizi, kubera ko itujuje ubuziranenge kandi ikorwa mu buryo butemewe. Inzoga

Nta kibi nko gukena uri icyamamare

Umuhanzi Bruno K ukorera muzika ye mu gihugu cya Uganda yagarutse ku gahinda gakomeye ibyamamare bikunze guhura nabyo, aho usanga isi yose ibazi nyamara ugasanga mu rugo iwabo ari kurisha ubugari amazi. Bruno K avuga ko abantu bakwiye