Abakunzi bikipe Rayon Sport yigaruriye imitima y’abenshi yakusanyije arenga miliyoni mugihe cy’umunsi umwe mugihe isi ihanganye ni cyorezo Coronavirus

10,692

abakunzi bikipe ukunzwe cyane mu Rwanda Rayon Sport bashyizehamwe akayabo ka mafaranga arenga miliyoni bashyigikira ikipe yabo muri ibibihe isi ihanganye ni cyorezo Coronavirus yahagaritse ibikorwa byinshi cyane idasize ubukungu bwose

Rayon Sport batazira amazina menshi ngaho gikundiro nandi agiye atandukanye bitewe nuko abantu benshi bayiyumvamwo abato abakunze muri rusange ingeri zose iyi kipe ikomoka mu karere ka Nyanza n’imwe mu makipe atunzwe n’abakunzi bayo ariko muriyi minsi nta bikorwa by’imyidagaduro bihuza abantu benshi ibikorwa bya siporo biri kuba kubera icyorezo cya COVID-19 ariyo mpamvu ikipe Rayon Sport. MUNYAKAZI Sadate yashyize kuri twiter ashimira abakunzi bikipe bitanze batizigama mugushyigikira ikipe yabo bakusanya akayabo karenga amafaranga y’urwanda miliyoni nyuma y’umunsi umwe gusa

yagize ati”nyuma yuko ejo mbasabye gutera inkunga ikipe yanyu ariyo yacu duhereye kugiceri cy’ijana ndagirango mbamenyeshe ko biciye kuri *610# mukoze igikorwa gikomeye kuko mwegeranyije amafaranga 1.045.752frw mwikomere amashyi kandi igikorwa kirakomeje kugera kuri miliyoni 20

ikipe ya Rayon Sport Gikundiro shampiyona yagaze iri kumwanya wa kabiri aho irushwa namukeba bayo wibihe byose APR FC amanota 6

Leave A Reply

Your email address will not be published.