Browsing Category
Politike
“Tugiye gufata ibirwanisho tubohore igihugu cyacu” Frederic Bamvuginyumvira
Ihuriro ry'abatavuga rumwe na Leta y'u Burundi rikorera mu gihugu cy'Ububiligi baravuga ko iryo huriro rigiye guhaguruka rigafata ibirwanisho rigakuraho ingoma bavuga ko ari 'igitugu' ya CNDD-FDD bashinja kwiba amajwi.
Mu mpera z'iki!-->!-->!-->…
Umutwe wa FDLR waba uri kwimurira ibirindiro byayo i Burundi
Umutwe wa FDLR ugizwe ahanini n'abasize bakoze genocide mu Rwanda mu mwaka w'i 1994 biravugwa ko kuri ubu waba uri kwikumurira ibirindiro byawo mu gihugu cy'U Burundi.
Nyuma y'aho u Rwanda na Repubulika iharanira demokarasi ya Congo!-->!-->!-->…
Israel: Benjamin Netanyahu yatakambiye urukiko arusaba gusubika urubanza rwa ruswa ashinjwa
Urukiko rw’Akarere ka Yeruzalemu rwafashe umwanzuro wo gusubika urubanza rwa Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, nyuma yo kubisaba ndetse agasabirwa imbabazi na Perezida Donald Trump wa Amerika.
Byari biteganyijwe ko!-->!-->!-->!-->!-->…
“si inyandiko gusa ni icyizere cy’amahoro” Tshisekedi
Mu ijambo ry'isabukuru y'imyaka 65 y'ubwigenge bwa DR Congo Perezida Félix Tshisekedi yavuze ko ibirori by'uyu munsi "bifite impamvu idasanzwe" kuko bihuriranye "n'amasezerano y'amahoro y'amateka" aherutse gusinywa hagati y'igihugu cye n'u!-->…
Museveni yijeje Abagande kuzabageza kure nibamutora umwaka utaha
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yatangaje ko yifuza kuba umukandida w'ishyaka rye NRM mu matora ateganyijwe mu kwezi kwa Mutarama umwaka utaha, azaba yiyamamaza kuri manda ya karindwi ngo ayobore iki gihugu.
Mu butumwa yashyize ku!-->!-->!-->…
“Amasezerano ya Kigali-Kinshasa ni ingenzi, ariko hari utuburamo” Corneille Nangaa wa…
Nyuma y'aho u Rwanda na Repubulika iharanira demokarasi ya Congo bisinyanye amasezerano y'amahoro muri Amerika, umutwe wa M23 umaze igihe warazengereje Congo wavuze ko ayo masezerano ari ingenzi ariko ko atuzuye.
Umuyobozi w'umutwe wa!-->!-->!-->…
Iran yagize icyo ivuga nyuma y’uko USA iyigabyeho ibitero
Iran yatangaje ko kuba Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishoye mu ntambara bahanganyemo na Isiraheli ikagaba ibitero; bizagira ingaruka z’igihe kirekire.
Minisitiri w’Ubabanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi yavuze ko ibyo bitero ari!-->!-->!-->…
Iran yateguje akaga Amerika mu gihe yakwivanga mu ntambara yayo na Israel
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei yaburiye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, amuteguza ko azahura n’ingaruka n’akaga gakomeye naramuka yivanze mu ntambara bahanganyemo na Isiraheli.
Ayatollah!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Minisitiri MUTAMBA Constant yahawe imbago atagomba kurenga
Ibinyamakuru muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, birimo n'ibiro ntaramakuru bya Congo, birasubiramo itangazo ry'umushinjacyaha mukuru ryo kuri uyu wa mbere wategetse ko Minisitiri w'ubutabera w'iki gihugu abujijwe kurenga umurwa!-->!-->!-->…
Icyemezo cy’u Rwanda cyo kwikura muri ECCAS cyaraye kiganiriwe mu nama y’Abaminisitiri
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa mbere tariki 09 Kamena 2025 muri Village Urugwiro iyobowe na Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, yaganiriye ku cyemezo cyo ku wa 07 Kamena 2025, cyo kuva k’u Rwanda mu Muryango!-->!-->!-->…
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Ghana ari mu Rwanda
Perezida w’Umutwe w’Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Kazarwa Gertrude, yakiriye mugenzi we wa Ghana Alban Sumana Kingsford Bagbin, uri mu Rwanda ruzinduko rugamije gushimangira ubufatanye hagati y’impande zombi.
!-->!-->!-->!-->…
Dr. Bizimana J.Damascene yakeje inkotanyi zarokoye ibihumbi by’Abatutsi i Kabgayi
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène yacyeje ubutwari bwaranze Inkotanyi ku rugamba rwo guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi by’umwihariko ku itariki ya 2 Kamena 1994 kuko zarokoye!-->…
Ni iki abamaze guhura na Joseph Kabila bamuvugaho kuva yagera i Goma?
Nyuma y'uko bitangajwe ko ageze i Goma, kuva mu mpera z'icyumweru gishize Joseph Kabila wahoze ari perezida wa DR Congo amaze kubonana n'amatsinda atandukanye y'abahagarariye abaturage muri Kivu ya Ruguru na Kivu y'Epfo ahagenzurwa na!-->!-->!-->…
Ubushinwa bwahaye gasopo Amerika buyibwira ko iri gukina n’umuriro
Minisitiri w’Ingabo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yashinjije igihugu cy’u Bushinwa gushaka gutegura intambara kuri Taiwan, ibintu u Bushinwa bwahise bwamaganira kure buvuga ko nta shingiro bifite.
Ibi Hegseth!-->!-->!-->…
M23 yatanze umucyo ku mibare y’abapfiriye mu mirwano yo gufata umujyi wa Goma
Umutwe wa AFC/M23 wasohoye raporo ushaka kuvuguruza bimwe mu birego warezwe mu mezi ashize birimo imfu z'abantu benshi mu mujyi wa Goma, n'ubwicanyi ku bana mu mujyi wa Bukavu mu gihe cy'ifatwa ry'iyi mijyi y'intara ya Kivu ya Ruguru!-->!-->!-->…