Ikiciro
Politike
Prezida mushya wa USA yagiranye ikiganiro cya mbere na Prezida w’Ubushinwa.
Perezida Joe Biden yamubwiye ku burenganzira bwa muntu muri Xinjiang mu kiganiro cya mbere kuri telephone yagiranye na mugenzi we w'Ubushinwa Xi Jinping, nk'uko ibiro bya White House bibivuga. Biden kandi yaganiriye na Xi ku bucuruzi,!-->!-->!-->!-->!-->…
Myanmar: Polisi yatatanije abigaragambya ikoresheje amazi afite imbaraga.
Polisi yo mu murwa mukuru Nay Pyi Taw muri Myanmar/ Birmanie yakoresheje imodoka zirekura amazi afite imbaraga ku bakozi bari mu myigaragambyo bamagana coup d'etat ya gisirikare. Abantu ibihumbi bitabiriye umunsi wa gatatu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ignace NKAKA wari umuvugizi wa FDLR yasabye kubabarirwa akajya mu buzima busanzwe.
Ignace Nkaka wahoze ari umuvugizi w'umutwe wa FDLR yasabye urukiko kubabarirwa akajya mu buzima busanzwe nk'uko leta yabikoze kuri bamwe mu bahoze ari abarwanyi bakomeye muri uwo mutwe. Me Milton Nkuba wunganira Nkaka yabwiye urukiko!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Kenya yahaye ubuhingiro Umunyapolitike ukomeye utavuga rumwe na Leta ya Uganda.
Stella Nyanzi umunyapolitiki ukomeye utavuga rumwe n'ubutegetsi muri Uganda yahunze iki gihugu yerekaza muri Kenya, nk'uko byemejwe n'umunyamategeko we. George Luchiri, umunyamategeko wa Nyanzi yabwiye umunyamakuru wa BBC dukesha iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Centrafrique: Inyeshyamba zongeye kugota umurwa mukuru Bangui hashobora kuba imirwano ikaze
Ibintu ntibyoroshe ku murwa mukuru wa Centrafrique (RCA/CAR) Bangui mu gihe inyeshyamba zawugose, nk’uko bivugwa n’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe. Martin Ziguélé avuga ko buri munsi hahora intambara mu gihugu cyose kandi ko ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Leta ya Uganda yangiye Bobi Wine kujuririra ibyavuye mu matora.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Mutarama 2021 nibwo urukiko rw’ikirenga rwa Uganda rwanze kwakira ikirego cyatanzwe n’abanyamategeko ba Robert Kyagulanyi wifuzaga kujuririra ibyavuye mu matora yo kuwa 14 Mutarama 2021. Kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Guverinoma yemerewe gusubika amatora y’inzego z’ibanze yari ategayijwe muri Gashyantare 2021 kubera…
Inteko Rusange ya Sena yatoye itegeko ngenga rihindura itegeko ngenga n° 001/2019 ryo ku wa 29/07/2019 rigenga amatora, kugira ngo ingengabihe y’amatora ishobore kwigizwayo kubera icyorezo cya COVID-19 gikomeje kuboneka mu Rwanda. Muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’iminsi 10 Bobi Wine afunzwe yarekuwe ajya hanze aho yafungiwe mu rugo rwe…
Bobi Wine yasohotse mu rugo rwe avugana n’abanyamakuru nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru cyo muri Uganda Daily Monitor. Ku nshuro ya mbere kuva tariki 14 z’ukwezi kwa mbere umunsi wabayeho amatora, Robert Kyagulanyi w’imyaka 38,uzwi cyane!-->!-->!-->…
Facebook mu kaga gatazayorohera na nyirayo Zuckerberg
Facebook ishobora kutazoroherwa amategeko ayirengera naramuka ahinduwe ishobora kujyanwa munkiko kuko Biden atayikunda bishobora kuba ikibazo kuri Zuckerberg na Facebook Cyane kugeza mu 2017 ubwo yiyemeje kuzunguruka Leta zunze ubumwe!-->!-->!-->!-->!-->…
USA:Ahagiye kurahirira Joe Biden na Kamala Harris hashyizwe Ingabo nyinshi impande n’impande!
Muri Washington ahagiye kubera umuhango wo kurahira kwa Perezida mushya Joe Biden ndetse na Kamala Harris nka Visi Perezida, hakajijwe umutekano udasanzwe kuburyo huzuye abasirikare benshi nkabiteguye urugamba , ibi akaba ari ibintu!-->…
Biden ugiye kuyobora Amerika akuze cyane kandi niwe musaza watorewe kuyobora Amerika akuze
Hasigaye amasaha macye abarirwa ku ntoki ngo Joe Biden watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku nshuro ya 46 arahire ari kumwe na Kamala Harris umwungirije. Joe Biden akaba ariwe ugiye kuyobora Amerika bwa mbere akuze cyane dore!-->!-->!-->…
Perezida Yoweri Kaguta Museveni yatorewe kuyobora Uganda ubwa 6,manda azarangiza ayoboye imyaka 40
Komisiyo ishinzwe gutegura amatora muri Uganda yemeje ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni yatsinze amatora yo ku wa 14 z’uku kwa mbere 2021, ku majwi 58.64 %.. komisiyo itangaza ko : Perezida Museveni yagize amajwi 5.851.037, angana!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarusiya bashobora gukura ingabo zabo zari zarajyanywe mu butumwa bw’amahoro muri RCA.
Leta y'Uburusiya yamenyesheje umuryango w’abibumbye ko yaba igiye gukuramo ingabo, intwaro na kajugujugu zabwo zari zoherejwe muri Republika ya SantrAfrica. Mu itangazo rwatangajwe n’ingabo z’uburusiya ryatangajwe nyuma y’ibitero!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Boby Wine akomeje kugabanya ikinyuranyo cy’amajwi hagati ye na Museveni.
Nubwo Museveni akomeje kuza imbere mu majwi, ariko Bana Boby Wine akomeje kugabanya ikinyuranyo cyabatandukanyaga, kuri ubu amaze kugira amajwi asaga 35% yose. Nyuma y'aho komisiyo ishinzwe amatora mu gihugu cya Uganda itangarije!-->!-->!-->!-->!-->…
Mumatora habayemo impinduka Gutanga kandidatire hakoreshejwe impapuro ntibyemewe mu matora ya 2021…
Komisiyo y’igihugu y’amatora (NEC) itangaza ko mu matora y’inzego z’ibanze azaba muri uyu mwaka, kandidatire zanditse ku mpapuro zitemewe ahubwo zitangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga hirindwa ikwirakwizwa rya Covid-19. Ibyo birareba!-->!-->!-->…