Abantu 2 batawe muri yombi kubera gukwirakwiza ibihuha byo gusebya Polisi ku mbuga nkoranyambaga

4,009
Kwibuka30
Rwanda mulling more restrictions on social media | CGTN Africa
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abagabo babiri bakwirakwizaga amakuru y’ibihuha binyuze ku mbuga nkoranyambaga.

Polisi y’u Rwanda ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter yatangaje ko abagabo babiri baraye bakwirakwiza ibihuha birimo ibijyanye no gusebya urwego nka polisi batawe muri yombi. Polisi yavuze ko abo bagabo babiri ari uwitwa Nsabimana Alphonse na Kwizera Adams

Kwibuka30

Ku munsi w’ejo hashize taliki ya 18 Kamena 2021, uwitwa Chris Adams yanditse kuri twitter ye ati:

Image
Image

Binyuze kuri uwo muyoboro nyine, polisi yibukije rubanda ko gukwirakwiza amakuru y’ibihuha ari icyaha gihanirwa ndetse isaba Abanyarwanda kwitondera gukwirakwiza ibintu by’ibihuha badafitiye gihamya.

Leave A Reply

Your email address will not be published.