Browsing Category
Izindi nkuru
“Nta bwoba nari mfite”: Trump ku gitero muri hoteli yari arimo
Perezida Donald Trump yavuze ko “nta bwoba” yari afite ubwo yakurwaga huti huti ahaberaga igikorwa cyo gusangira n’abanyamakuru bakorana n’ibiro bye mu gihe umugabo witwaje intwaro yagerageza kuhinjira arasa.
Ku cyumweru, Trump yabwiye!-->!-->!-->…
Retired Brig Gen Muziraguharara wigeze kuyobora Horizon Group yahawe imbabazi
Retired Brig.Gen. Muziraguharara wigeze kuyobora Horizon group ari mu bantu batanu bari barahamijwe ibyaha bitandukanye baraye bahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika.
Kuri uyu wa mbere ushize taliki ya 14 Mata 2026, Perezida Paul!-->!-->!-->…
Trump yasibye ubutumwa bumugaragaza nka Yezu nyuma yo kwamaganwa
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Bwana Donald Trump yasibye ifoto yari yashyize ku rubuga rwe rwa Truth social nyuma y'aho iyi foto yari ikomeje kwamaganwa no kunengwa, ni ifoto yaragagazaga uyu mugabo mu ishusho ya Yesu ari gukiza!-->…
Jay Squeezer arashinja Bad Rama gushaka kumwicisha nawe amuteguza kwihorera
Nyuma y'aho Bwana Kambale Wilondja uzwi cyane nka KASUKU cyangwa na none Jay Squeezer avuze ko yatewe n'abantu atabashije kumenya abo aribo kuri iki cyumweru gishyira kuwa mbere taliki ya 13 Mata 2026 bamusanze mu rugo rwe i Arizona muri!-->…
Itangazo rya Cendegeri usaba uburenganzira bwo guhinduza amazina.
Uwitwa Cendegeri Xxx mwene Mutarambirwa na Mukandereya utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, umurenge wa Ruhango, akagari ka Gihira, ho mu mudugudu wa Murambi, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe!-->…
Haiti: Abantu 30 baraye bapfiriye mu muvundo
Abantu bagera kuri 30 bapfiriye mu muvundo wabereye mu marembo y’inyubako ya Citadelle Laferrière yo muri Haiti, iri mu murage w’Isi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe guteza imbere uburezi, siyansi n’umuco, UNESCO.
Ibi byabaye!-->!-->!-->…
Muhanga: Umushoferi yarohamanye n’ikamyo muri Nyabarongo
Mu Karere ka Muhanga hakomeje gusubirwamo inkuru y’umushoferi w’imyaka 43 warohamanye n’ikamyo yari atwaye, mu mugezi wa Nyabarongo, kugeza ubu akaba yakomeje kuburirwa irengero.
Ibi byabaye mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 25!-->!-->!-->!-->!-->…
U BURUNDI NA SUDANI Y’EPFO IMBERE MU BIHUGU 10 BITUWE NA BENSHI BATAGIRA UMURIRO…
U BURUNDI NA SUDANI Y'EPFO BIZA MU BIHUGU 10 BIRI INYUMA Y'IBINDI MU KUGIRA ABATURAGE BAFITE UMURIRO W'AMASHANYARAZI.
Ese waba wibuka igihe ibikoresho by'ikoranabuhanga byazaga, bigasaba ubitunze kujya gushaka umuriro kugira ngo!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Nyabyenda wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina
Uwitwa NYABYENDA Emmanuel, mwene Habiyambere Fidel na Kampire Sterie, utuye mu ntara y'Uburasirazuba, Akarere ka Bugesera, Umurenge wa Nyamata, akagari ka Nyamata, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe akoresha!-->…
Burundi: Perezida yasabye abaturage kutamusabira ubwenge nk’ubwa Salomon.
Perezida wa Repubulika y'Uburundi Ndayishimye Evariste bakunze kubyinirira "NEVA", yanenze bamwe mu baturage bahora bamusabira kugira ubwenge nk'ubw'umwami Salomon, umuhungu wa Dawidi wigeze kuyobora ubwami bwa Isirayeri.
Ibi perezida!-->!-->!-->…
Itangazo rya Seneza Alexis wifuza guhinduza amazina
Uwitwa SENEZA Alexis mwene Kanyoni Samson na Nyamatungo Parusi utuye mu mudugudu wa Gwiza, Akagari ka Karambo, Umurenge wa Gatenga, Akarere ka Kicukiro, mu mujyi wa kigali, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanganywe!-->…
Itangazo rya Bizimana Jean Claude wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa BIZIMANA Jean Claude, mwene Bihoyiki na Uwizeyimana utuye mu Mujyi wa Kigali, Akarere ka Kicukiro, umurenge wa Gatenga, akagari ka Gatenga, umudugudu wa Ihuriro, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe!-->…
Itangazo rya Bapfakurera wasabye uburenganzira bwo guhinduza amazina.
Uwitwa BAPFAKURERA Straton mwene Ziomurinda Tharcisse na Karubera Felicite utuye mu mudugudu wa Ihuriro, Akagari ka Gatenga, umurenge wa Gatenga, akarere ka Kicukiro ho mu mujyi wa Kigali, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina!-->…
Ubwoba ni bwose kubera ”Imigiho mishya ” mu burezi
Hashize igihe abarimu bashinja bamwe mu ba Diregiteri gutanga amanota y'imihigo bashingiye ku kimenyane cyangwa ubucuti kandi ayo manota ariyo agenderwaho hatangwa ishimwe (Bonus) bityo abarimu nti bishimire uko byakorwa, Minisiteri!-->…
Gabon: Ibihuha bitumye Leta ihagarika imbuga nkoranyambaga kugeza igihe kitazwi
Urwego rushinzwe kugenzura Itangazamakuru muri Gabon, (High Authority for Communication, HAC) rwatangaje ko imbuga nkoranyambaga muri icyo gihugu zabaye zihagaritswe kugeza igihe kitazwi kubera gukwirakwiza amakuru y’ibihuha.
Urwo rwego!-->!-->!-->…