Adebayor wamamaye muri Real Madrid na Arsenal yagaragaje imodoka zihenze afite ku isabukuru ye(Amafoto)

9,281
Kwibuka30

Emmanuel Adebayor wamamaye mu makipe ya Real Madrid, Tottenham, Arsenal na Man City yerekanye inzu n’imodoka afite bihenze ku isabukuru ye y’amavuko.

Kwibuka30

Abinyujije kuri Instagram Adebayor watangaje ko yujuje imyaka 36 yerekanye imodoka zihenze atunze nyuma yuko mu mpera zicyumweru gishize yakiriwe nkumwami ubwo yageraga mu ikipe ye shya ya Olympia yo muri Paraguay.

Leave A Reply

Your email address will not be published.