Mu gihe intambara ikomeje guca ibintu muri DRC, PerezidaTrump yikomye mu gatuza avuga ko yayirangije
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gushyira intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu zo yahagaritse hirya no hino ku Isi.
Mu ijambo yagejeje ku Banyamerika ku wa 24!-->!-->!-->…