Browsing Category
Inkuru zidasanzwe
Ni irihe banga uyu mukobwa yakoresheje ngo amare imyaka 16 atarya atanywa?
Mu gihugu cya Etiyopiya haravugwa amakuru y'umugore wiyemerera ko amaze imyaka igera ku 16 atarya atanywa kandi akaba akigaragara ko afite ubuzima bumeze neza.
Abaganga bo mu gihugu cya Ethiopia baravuga ko batangajwe n'umugore!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye igihugu kiyoboye urutonde rw’abakobwa babana n’ibibuno binini
Hari ubushakashatsi bwagaragaje ko igihugu cya Afrika y'Epfo aricyo cyaje ku isonga mu kugira umubare munini w'abakobwa n'abagore babana n'ibibuno binini.
Kimwe mu bintu bivugwaho kuba ku isonga mu bikurura abagabo ku bwinshi,!-->!-->!-->!-->!-->…
Brazil: Yazanye umurambo wa nyirarume kuri banki ngo amusinyire akunde abone inguzanyo
Umugore wo muri Brazil yabaye ikimenyabose nyuma y'aho azanye umurambo wa nyirarume wari umaze gupfa ngo asinye kugira ngo banki ikunde imuhe inguzanyo yasabaga.
Kuri yu wa gatatu taliki ya 16 Mata 2024 umugore wo mu gihugu cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Umukecuru yanze ko umugore witabye Imana ashyingurwa kubera ko amurirmo ideni
Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru Tariki 24 Werurwe 2024, nibwo hamenyekanye amakuru avuga ko hari Umukecuru witwa Mukamuyumbu uri mu kigero cy’imyaka 75 wabyutse ajya kwishyuza amafaranga umugore w’imyaka 48 wari waraye apfuye.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwahoze ari umukinnyi wa Chelsea yatandukanye n’umugore we nyuma yo kuvumbura ko abana bari…
Uwahoze ari umukinnyi wa Chelsea yasabye gatanya - nyuma y’aho ibizamini bya ADN byerekanye ko abana babiri yitaga ko yabyaranye n’uwahoze ari umugore we atari abe ahubwo yamuciye inyuma akababyarana n’undi.
Uwahoze ari umukinnyi wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Turkiya: Abafana bananiwe kwihanganira gutsindwa binjira mu kibuga bahondagura ababatsinze
Abafana n'abakunzi b'ikipe Trabzonspor bananaiwe kwihanganira gutsindwa na mukeba wabo biroha mu kibuga batangira kurwana n'abakinnyi ba Fenerbahce polisi irahagoboka
Mu gihugu cya Turukiya haravugwa inkuru y'abakunzi n'abafana b'ikipe!-->!-->!-->…
Umugabo yakubiswe agirwa intere akekwaho gusambanya umugore w’abandi.
Umugabo wo mu Murenge wa Nyarugenge mu Karere ka Bugesera usanzwe ukora akazi ko guteka inyama z’ingurube, yakubiswe anakomeretswa na mugenzi we bakora akazi kamwe, nyuma yo kumufatira mu nzu ye we n’umugore we bambaye ubusa, agakeka ko!-->…
Rutsiro:Rwabuze gica hagati ya Gitifu uvugwaho gusambanya umugore wa SEDO.
Mu karere ka Rutsiro haravugwa intambara hagati y’abagabo babiri, bose basanzwe ari abakozi b’akarere ku rwego rw’Akagari bapfa kuba umwe avugwaho gusambanya umugore wa mugenzi we.
Uyu mugabo usanzwe ari Gitifu wa kamwe mu tugari tugize!-->!-->!-->…
Umugore afunzwe azira kwandikira umuhanzi Harry Styles amabaruwa 8,000 mu kwezi kumwe amusaba…
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 21 Gashyantare 2024, urukiko rwumvise ikirego cy’umugore uregwa gutesha umutwe umuhanzi Harry Styles aho yohereje amakarita y’urukundo arenga 8,000 mu rugo rw’iki cyamamare mu kwezi.
Myra Carvalho, ufite!-->!-->!-->…
Umugabo yatwitse inzu kubera gushwana na se bapfuye amashilingi 100
Umugabo w’imyaka 30 yahunze nyuma yo gutwika inzu ye mu Mudugudu wa Sugutek, Konoin, mu ntara ya Bomet muri Kenya kubera gushwana na se bapfuye amashilingi ya Kenya 100.
Abapolisi bagaragaje ko ukekwaho gukora ibi ari Vincent!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu batandatu bo mu muryango umwe bapfuye abandi batanu barahuma kubera inzoga y’inkorano
Abantu batandatu bo mu muryango umwe bapfuye, abandi batanu barahuma nyuma yo kunywa inzoga y’inkorana mu mudugudu wa Kangai, mu burasirazuba bwa Mwea, mu ntara ya Kirinyaga yo muri Kenya.
Nk’uko byatangajwe n’Umuyobozi w’ibitaro!-->!-->!-->!-->!-->…
Uko impanga zatandukanyijwe zikagurishwa zikivuka zahujwe na video yo kuri TikTok
Amy na Ano ni impanga (vraies jumelles/identical twins), ariko bakivuka bahise bamburwa nyina bagurishwa mu miryango itandukanye. Imyaka myinshi nyuma yaho, ubwabo barabonanye biciye ku kiganiro cy’impano gica kuri TV hamwe na video yo!-->…
Musanze: Polisi yataye muri yombi umugabo ukekwaho kwisenyera inzu
Umugabo w’imyaka 27 y’amavuko yafunzwe nyuma yo gukekwaho gusenya inzu yabanagamo n’umugore we n’abana, agamije guhima uwo bashakanye.
Ni umugabo wo mu Kagari ka Buramira, Umurenge wa Kimonyi Akarere ka Musanze, nyuma yo kugirana!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugenzi yinjiye mu bwiherero bwo mu ndege urugi rwanga gufunguka amaramo hafi isaha
Mu Buhinde, umugabo yaheze mu bwiherero bwo mu ndege kubera urugi rwanze gufunguka, abakora mu ndege bananirwa kugira icyo bamufasha, kugeza indege igeze aho yari igiye.
Ku bw’amahirwe rwari urugendo rutari rurerure, kuko rwari!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwemereye umugore guhabwa intanga z’umugabo we wapfuye
Umugore w’imyaka 62 wo muri Australia, yahawe uburenganzira n’Urukiko bwo gukura intanga ku mugabo we w’imyaka 61 wapfuye, kugira ngo azifashije mu kubona urubyaro hakoreshejwe ikoranabuhanga ryo guhuza intanga rizwi nka IVF (In vitro!-->…
![RPF](https://indorerwamo.com/wp-content/uploads/2024/06/image-144.png)