Browsing Category
Inkuru zidasanzwe
Zambia: Umugabo akurikiranyweho gusambanya inyana avuga ko nyirabayazana ari umugore we.
Umugabo yatawe muri yombi na Polisi ya Zambia akekwaho gusambanya inyana y'inka, kandi avuga ko umugore we nawe yabigizemo uruhare.
Uyu mugabo yatawe muri yombi na Polisi kuwa Kane tariki ya 20 Mata 2023. Umuvugizi wa Polisi!-->!-->!-->!-->!-->…
India: Jadab umudepite w’ishyaka riri ku butegetsi yafashwe ari kurebera pornographie mu nteko
Umudepite w'ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cy'Ubuhinde yafashwe amashusho ari kureba video ya pornographie ubwo yari nteko.
Umudepite w'ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cy'Ubuhinde Bwana Jadab Lal Nath yafashwe ari kureba!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwalimu yahamijwe icyaha cy’ubuhemu nyuma yo kubenga umusore wamwishyuriye kaminuza
Umwalimu wo mu gihugu cya Uganda yahamijwe icyaha cy'ubuhemu no gutatira indahiro nyuma y'aho uwo mukobwa abense umusore wamwishyuriye kaminuza.
Urukiko rwo mu burengerazuba bwa Uganda rwahamije icyaha mu cyumweru gishize umukobwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirundo: Umugeni yangiye kuri Altari kwambikwa impeta asaba umugabo kubanza kumugurira umupira…
Umugeni yahagaritse amasezerano ahakanira umugabo kumwambika impeta ataramugurira umupira wo kwambara n'inkweto.
Uyu munsi kuwa Gatandatu muri paruwasi Gatolika ya Kanyinya, muri Diyosezi ya Kirundo mu gihugu cy'u Burundi habereye!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Minisitiri w’Umurimo yahaye akazi umuntu umaze imyaka ibiri apfuye
Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Umurimo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jean-Pierre Lihau Ebua, yasohoye urutonde rw’Abanyamabanga Bakuru bashya bagomba gukora mu biro by’ibigo bya Leta ariko harimo!-->!-->!-->…
Kenya: Umugabo w’imyaka 34 yishe nyina kubera ko yamubuzaga gucura ibiryo barumuna be
Mu gihugu cya Kenya mu gace kitwa Bomeroka muri Kitutu Chache, mu ntara ya Kisii haravugwa amakuru y'umugabo w'imyaka 34 y'amavuko yatemaguye nyina umubyara akoresheje umupanga (Umuhoro) nyuma y'uko nyina yari amubujije kumara ibiryo!-->!-->!-->…
USA: Yafashwe yahishe imbunda mu nda y’inkoko
Inzego zishinzwe umutekano ku kibuga cy’Indege cya Fort Lauderdale-Hollywood muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zataye muri yombi umugabo wafashwe ashaka kwinjira mu ndege imbunda mu nkoko ibaze.
Mu itangazo Urwego rushinzwe!-->!-->!-->…
Umugore yakatiwe igifungo cya burundu nyuma guhamwa n’icyaha cyo gusambanya umuhungu
Uru rukiko rwasomye icyemezo cyarwo mu cyumweru gishize tariki 28 Nzeri 2022, rwateye utwatsi ubujurire bw’uyu mugore umaze kujurira ubugirakabiri dore ko n’Urukiko Rukuru rwari rwabuteye utwatsi muri 2021.
Uyu mugore wahamijwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Ntibisanzwe: Bimwe mu bintu bitangaje bikubiye mu masezerano bamwe mu bakinnyi bakomeye bagiye…
Ni byinshi bigenderwaho mu gihe abantu basinya amasezerano y'akazi, aho buri wese areba ingingo zizamurengera kuburyo biba ngombwa ko uko byagenda kose usinya aba anyuzwe n’ibyo asinyiye, ibyo kandi biba bikomeye cyane iyo bigeze mu!-->!-->!-->…
Brazil: Umubyeyi w’imyaka 19 yabyaye abana b’impanga badahuje ba se
Mu gihugu cya Brazil haravugwa inkuru y'umubyeyi uri mu kigero cy'imyaka 19 y'amavuko yabyaye abana babiri b'impanga ariko abo bana bakaba badahuje ba se.
Hari igihe umunyamakuru afata ikaramu ye akandika cyangwa se akaba yavuga,!-->!-->!-->!-->!-->…
Gambia: Leta yahaye gasopo abakecuru b’Abongereza bajyaga baza muri icyo gihugu gushaka…
Leta y'igihugu cya Gambiya yagaye gasopo abagore bageze mu zabukuru b'abazungu bajyaga baza muri icyo gihugu bazanwe no gushaka abasore b'abapfubuzi.
Guverinoma y'igihugu cya Gambiya yihanangirije abakecuru b'abazungu abenshi!-->!-->!-->!-->!-->…
Joseph Williams wavutse atagira akananwa ari mu byishimo byinshi nyuma yo kubona umugore…
Umugabo witwa Joseph Williams,yavuzwe cyane kubera kuvuka nta kananwa ariko akabona urukundo rw’ubuzima bwe,umukobwa w’ikizungerezi.
Uyu mugabo uvuga ko yakuze yibasirwa kubera uko yavutse, yavuze ko yishimiye kwisanga mu rukundo na!-->!-->!-->!-->!-->…
Amaze iminsi atoza abaturanyi indirimbo bazamuririmbira ari gushyingurwa
Umusaza uri mu kigero cy'imyaka 90 amaze iminsi atoza abaturage indirimbo z'intoranywa yifuza ko bazaririmba igihe azaba yitabye Imana ari gushyingurwa.
Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y'umusaza uri mu kigero cy'imyaka 90!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: Ubuyobozi bw’umurenge bwateye utwatsi amakuru y’izuka ry’umukecuru…
Ubuyobozi bw'umurenge wa Manyaga buranyomoza amakuru yavugaga ko hari umubyeyi wazutse nyuma y'amasaha atanu apfuye.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w'Umurenge wa Manyaga mu Karere ka Rwamagana aramaganira kure amakuru yavugaga ko!-->!-->!-->…
Pasitoro yahondaguwe n’abakristo be nyuma yo kumenye ko yaguriye umugore we imodoka ihenze mu…
Abakristo b'itorero ry'Ababatisita bibasiye pasitoro wabo baramuhondagura bikomeye nyuma yo kumenya ko uwo mukozi w'Imana yaguriye umugore we imodoka ihenze akoresheje amaturo y'abakristo.
Umuvugabutumwa akaba n'umupasitoro ukomoka mu!-->!-->!-->…