Browsing Category
Inkuru zidasanzwe
Turkiya: Abafana bananiwe kwihanganira gutsindwa binjira mu kibuga bahondagura ababatsinze
Abafana n'abakunzi b'ikipe Trabzonspor bananaiwe kwihanganira gutsindwa na mukeba wabo biroha mu kibuga batangira kurwana n'abakinnyi ba Fenerbahce polisi irahagoboka
Mu gihugu cya Turukiya haravugwa inkuru y'abakunzi n'abafana b'ikipe!-->!-->!-->…
Umugabo yakubiswe agirwa intere akekwaho gusambanya umugore w’abandi.
Umugabo wo mu Murenge wa Nyarugenge mu Karere ka Bugesera usanzwe ukora akazi ko guteka inyama z’ingurube, yakubiswe anakomeretswa na mugenzi we bakora akazi kamwe, nyuma yo kumufatira mu nzu ye we n’umugore we bambaye ubusa, agakeka ko!-->…
Rutsiro:Rwabuze gica hagati ya Gitifu uvugwaho gusambanya umugore wa SEDO.
Mu karere ka Rutsiro haravugwa intambara hagati y’abagabo babiri, bose basanzwe ari abakozi b’akarere ku rwego rw’Akagari bapfa kuba umwe avugwaho gusambanya umugore wa mugenzi we.
Uyu mugabo usanzwe ari Gitifu wa kamwe mu tugari tugize!-->!-->!-->…
Umugore afunzwe azira kwandikira umuhanzi Harry Styles amabaruwa 8,000 mu kwezi kumwe amusaba…
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 21 Gashyantare 2024, urukiko rwumvise ikirego cy’umugore uregwa gutesha umutwe umuhanzi Harry Styles aho yohereje amakarita y’urukundo arenga 8,000 mu rugo rw’iki cyamamare mu kwezi.
Myra Carvalho, ufite!-->!-->!-->…
Umugabo yatwitse inzu kubera gushwana na se bapfuye amashilingi 100
Umugabo w’imyaka 30 yahunze nyuma yo gutwika inzu ye mu Mudugudu wa Sugutek, Konoin, mu ntara ya Bomet muri Kenya kubera gushwana na se bapfuye amashilingi ya Kenya 100.
Abapolisi bagaragaje ko ukekwaho gukora ibi ari Vincent!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu batandatu bo mu muryango umwe bapfuye abandi batanu barahuma kubera inzoga y’inkorano
Abantu batandatu bo mu muryango umwe bapfuye, abandi batanu barahuma nyuma yo kunywa inzoga y’inkorana mu mudugudu wa Kangai, mu burasirazuba bwa Mwea, mu ntara ya Kirinyaga yo muri Kenya.
Nk’uko byatangajwe n’Umuyobozi w’ibitaro!-->!-->!-->!-->!-->…
Uko impanga zatandukanyijwe zikagurishwa zikivuka zahujwe na video yo kuri TikTok
Amy na Ano ni impanga (vraies jumelles/identical twins), ariko bakivuka bahise bamburwa nyina bagurishwa mu miryango itandukanye. Imyaka myinshi nyuma yaho, ubwabo barabonanye biciye ku kiganiro cy’impano gica kuri TV hamwe na video yo!-->…
Musanze: Polisi yataye muri yombi umugabo ukekwaho kwisenyera inzu
Umugabo w’imyaka 27 y’amavuko yafunzwe nyuma yo gukekwaho gusenya inzu yabanagamo n’umugore we n’abana, agamije guhima uwo bashakanye.
Ni umugabo wo mu Kagari ka Buramira, Umurenge wa Kimonyi Akarere ka Musanze, nyuma yo kugirana!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugenzi yinjiye mu bwiherero bwo mu ndege urugi rwanga gufunguka amaramo hafi isaha
Mu Buhinde, umugabo yaheze mu bwiherero bwo mu ndege kubera urugi rwanze gufunguka, abakora mu ndege bananirwa kugira icyo bamufasha, kugeza indege igeze aho yari igiye.
Ku bw’amahirwe rwari urugendo rutari rurerure, kuko rwari!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwemereye umugore guhabwa intanga z’umugabo we wapfuye
Umugore w’imyaka 62 wo muri Australia, yahawe uburenganzira n’Urukiko bwo gukura intanga ku mugabo we w’imyaka 61 wapfuye, kugira ngo azifashije mu kubona urubyaro hakoreshejwe ikoranabuhanga ryo guhuza intanga rizwi nka IVF (In vitro!-->…
Umugabo byakekwaga ko yapfuye yasubiye ku ivuko nyuma y’imyaka 50
Umugabo wo muri Kenya witwa Joseph Odongo wavuye iwabo mu gace ko muri Homa Bay mu 1972 afite imyaka 30, yongeye kuboneka nyuma y’imyaka 50 nta wuzi aho yarengeye.
Muri iyo myaka yose uko ari 50, umuryango we ntiwigeze umenya!-->!-->!-->!-->!-->…
Batandatu bitabiriye ubukwe baguye mu cyobo barapfa
Muri Kenya, abantu batandatu bari mu bukwe bapfuye nyuma yo kugwa mu cyobo bari bahagaze hejuru, cyari gipfundikiye ariko kikaza kuriduka bitewe n’ibiro byinshi cyari cyikoreye.
Iyo mpanuka yabaye mu mpera z’icyumweru gishize, ibera!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Umusaza yishe umukecuru bashakanye amuziza kwanga ko baryamana
Umusaza w’imyaka 84, witwa Gabriel Ahuwa, yemeje ko yishe umugore we w’imyaka 75 kubera umujinya kuko ngo yangaga ko baryamana, kandi akajya anumva bamubwira hari abayobozi bo mu itorero baryamana n’uwo mugore we.
Uwo musaza!-->!-->!-->!-->!-->…
U Buyapani: Hatangijwe uburyo bufasha umuntu gusinzira ahagaze
Mu Buyapani batangije uburyo bushya bwiswe ‘The Giraffenap’, aho umuntu asinzirira mu kintu kimeze nk’akazu gato gafunganye, agasinzira ahagaze mu masaha ya ku manywa, bikamufasha kuruhuka akagarura imbaraga zo gukora akazi ke neza.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umugabo akurikiranyweho kugerageza konka mu buryo bunyuranyije n’amategeko amabere…
Umugabo ukomoka muri Kenya yafunzwe akurikiranyweho icyaha cyo gushaka konka ku ngufu amabere y’umupolisikazi wamusanze iwe aje kumufunga.
Bwana Ben Marita Mokema uzwi ku izina rya Jembe Kali arashinjwa kugerageza konka mu buryo!-->!-->!-->!-->!-->…