• Likes
  • Followers
  • Subscribers
  • Friday, November 7, 2025

Indorerwamo Indorerwamo - Amakuru ku abana, urubyiruko, n'abagore mw'iterambere

Diego Limited
  • Ahabanza
  • Politike
  • Imikino
  • Imideri
  • Imyidagaduro
  • Ubuzima
  • Umutekano
  • Mu Mahanga
  • IZINDI NKURU
    • Cyamunara
    • Inkuru z’urukundo
    • Ubuhinzi n’Ubworozi
    • Umuco
    • Ubukungu
    • Iterambere
    • Imideri
    • Imibereho myiza
    • Ubukungu
INDORERWAMO
  • Home
  • Ubwanditsi
  • Page 24

Author

Ubwanditsi 6617 posts 0 comments

Mu Mahanga

Palestine: Perezida yimwe Visa ya Amerika aho yari ateganije kwitabira inama ya Loni

Ubwanditsi Aug 30, 2025
Leta Zunze ubumwe za Amerika zimye uruhushya (Visa) Perezida wa Palestine, uruhushya rwo kwinjira muri icyo gihugu mu nama y'umuryango w'abibumbye. Perezida wa Palestine Abbas n'abandi bategetsi bo mu gihugu cye bimwe visa ibinjiza…
Uburezi

Amajyepfo: Guverineri yabwiye abanyeshuri ko bashonje bahishiwe.

Ubwanditsi Aug 30, 2025
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Madamu Kayitesi Alice, yavuze ko ubuyobozi bugiye gukurikirana imyigire y’abanyeshuri mu byiciro byose by’amashuri, birimo abanza n’ayisumbuye, hagamijwe guteza imbere ireme ry’uburezi muri iyi ntara. …
Uncategorized

Dr. Shema Fabrice wari umukandida rukumbi, yashyikirijwe inkoni y’ubushumba

Ubwanditsi Aug 30, 2025
Dr. Shema Ngoga Fabrice, wahoze ari Perezida wa AS Kigali, ni we watorewe kuba Perezida wa 16 w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), mu gihe cy’imyaka ine iri imbere. Yatowe kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30…
Uburezi

Amanota y’abashoje ay’isumbuye azasohoka kuri uyu wa mbere

Ubwanditsi Aug 30, 2025
Minisiteri y'uburezi mu Rwanda yaraye itangaje ko amanota y'abakandida bakoze ibizamini bisoza amashuri yisumbuye azasohoka kuri uyu wa mbere. Kuri uyu wa gatanu ushize taliki ya 29 ukwa munani, minisiteri y'uburezi (MINEDUC)…
Imyidagaduro

Zuchu na Eddy Kenzo bageze i Nairobi gususurutsa CHAN 2025.

Ubwanditsi Aug 28, 2025
Abahanzi b’ibyamamare Zuchu na Eddy Kenzo bageze i Nairobi muri Kenya aho bitegura igitaramo gitegerejwe ku wa gatandatu tariki ya 30 Kanama 2025, nyuma y’umukino wa nyuma w’igikombe cy’Afurika (CHAN 2024–2025) uzabera kuri Sitade ya…
Ubuzima

Baltasar Engonga yakatiwe imyaka umunani azira amashusho y’urukozasoni.

Ubwanditsi Aug 28, 2025
UmunyaGuinée équatoriale, Baltasar Ebang Engonga, yahamijwe ibyaha byo kunyereza umutungo wa Leta no kugira uruhare mu byaha bya ruswa, ahanishwa gufungwa imyaka umunani n’ihazabu ya miliyoni 125,4 CFA asaga miliyoni 320 Frw. Uyu…
Ubuzima

U Rwanda rwatangiye kwakira abimukira birukanywe muri Amerika

Ubwanditsi Aug 28, 2025
Yolande Makolo uvugira Leta y'u Rwanda Nyuma y'amasezerano n'ubwumvikane ku mapnde zombi, Leta y'u Rwanda yatangiye kwakira abimukira birukanywe muri Leta Zunze ubumwe za Amerika. Kuri uyu wa kane taliki ya 28 Kanama 2025, ku kibuga…
Imikino

Umukino wa APR FC na Pyramid wongeye uterwa ipine

Ubwanditsi Aug 27, 2025
Imikino izahuza APR FC na Pyramids mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League yongeye kwigizwa inyuma, umukino ubanza ushyirwa tariki 1 Ukwakira mu gihe uwo kwishyura uzaba nyuma y’iminsi ine. Ku ngengabihe y’amarushanwa ya CAF,…
Izindi nkuru

Itangazo rya Furaha Diane wifuza guhinduza amazina.

Ubwanditsi Aug 27, 2025
Uwitwa Furaha Diane, mwene Munyangorore na Mukarukundo, utuye mu Ntara y'Uburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, Umurenge wa Kigeyo, mu Kagali ka Rukaragata ho mu mudugudu wa Kinihira yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari…
Ubuzima

France: Umujyi wa Orleans wanze ko Zigiranyirazo ushinjwa Genocide ashyingurwa muri uwo mujyi

Ubwanditsi Aug 27, 2025
Umujyi wa Orlean wo mu gihugu cy'Ubufaransa wanze ko umubiri wa Bwana Protais Zigiranyirazo ushyingurwa ku butaka bwo muri uwo mujyi mu gihe Leta y'icyo gihugu yari yabyemeye. Protais Zigiranyirazo yapfiriye muri Niger ku wa 3…
Inkuru zidasanzwe

China: Umugabo w’imyaka 39 yatewemo ibihaha by’ingurube abimarana iminsi icyenda

Ubwanditsi Aug 27, 2025
Umugabo w’imyaka 39, yahawe ibihaha by’ingurube mu bitaro bya Guangzhou Medical University abimarana iminsi icyenda, igikorwa kibayeho bwa mbere mu buvuzi. Uyu mugabo yari asanzwe afite ikibazo cyo kuvira imbere mu mubiri byatumye…
Politike

Perezida Kagame yakiriye Perezida Daniel Francisco Chapo wa Mozambique

Ubwanditsi Aug 27, 2025
Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, yageze mu Rwanda, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri. Perezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye Perezida Daniel Francisco Chapo wa Mozambique, uri mu Rwanda mu ruzinduko…
Mu Mahanga

M23 irashinja igisirikare cy’u Burundi cyarashe abaturage i Kadasomwa.

Ubwanditsi Aug 27, 2025
Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ribabajwe n’ibitero bikomeje kugabwa n’ingabo z’u Burundi, FARDC, FDLR, Wazalendo n’abacanshuro ahitwa i Kadasomwa muri Ntara ya Kivu…
Ubukungu

U Rwanda na Mozambique byavuguruye amasezerano y’umutekano n’ubucuruzi

Ubwanditsi Aug 27, 2025
Guverinoma y’u Rwanda n’iya Mozambique, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Kanama 2025, byavuguruye amasezerano y’ubutwererane mu nzego z’amahoro n’umutekano ndetse n’ubucuruzi n’ishoramari. Ni amasezerano yashyizweho umukono…
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Cindy Sanyu yemeje ko yahaye icyizere abagore mu muziki wa Uganda.

Ubwanditsi Aug 26, 2025
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 26 Kanama 2025, umuhanzikazi w’Umunya-Uganda Cindy Sanyu yatangaje ko ari we wahaye imbaraga abahanzi benshi b’abagore bari mu ruganda rw’umuziki muri iki gihe. Mu kiganiro n’itangazamakuru, Cindy…
Older Posts
Newer Posts

Recent Posts

Mu Mahanga

Perezida Donald Trump yavuze impamvu atazitabira inama ya G20 iteganijwe kubera…

Ubwanditsi Nov 6, 2025

Cameroune: Perezida Paul Biya w’imyaka 92 yarahiriye kuyobora…

Nov 6, 2025

Umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Tanzaniya yirukanywe

Nov 6, 2025

Perezida wa Mexique agiye kurega umugabo wamukorakoye ashaka no…

Nov 6, 2025

Abandi barenga 200 bari barafashwe bugwate na FDLR mu mashyamba ya…

Nov 6, 2025

Karangwa Justin nawe yahagaritswe

Nov 6, 2025

Papa Léon yanenze Trump uburyo ari kwitwara kuri gahunda…

Nov 6, 2025

Muhanga: Abaturiye Sitade batewe impungenge n’umwijima uhagaragara.

Nov 6, 2025

Gasabo: Polisi yafashe abagabo bakekwaho kwangiza ibikorwa remezo…

Nov 5, 2025

MINISPORTS yatanze miliyari 10 hadakozwe inyigo

Nov 5, 2025
Prev Next 1 of 752
Services Offered
  • Web design
  • Graphic design
  • Photography
  • Wedding video shooting
  • Video clip
  • Banner printing
  • Advertising
  • Events coverage
To advertise with us
  • Tel: (+250) 788540937
  •         (+250) 728 30 4055

 

  • E-amil: info@indorerwamo.com
© 2025 - INDORERWAMO. All Rights Reserved.
Indorerwamo Media Limited
Sign in

Welcome, Login to your account.

Forget password?

Sign in with Google

Powered by wp-glogin.com

Sign in

Recover your password.

A password will be e-mailed to you.