Nyuma y’imyaka 31, abari muri MINUAR basubiye aho bahoze bakorera mu Rwanda
Abahoze ari abasirikare b’Ingabo za Loni mu butumwa bw’amahoro mu Rwanda (MINUAR), baturutse mu bihugu bya Ghana na Sénégal, bagarutse mu Rwanda mu rugendo rw’icyumweru kuva kuwa 14 kugeza 20 Kanama 2025.
Iri tsinda ry’abahoze ari!-->!-->!-->…