Browsing Category
Uburezi
Huye EP.Mbazi Abarimu bataka gusinyirwa amanota y’imihigo bagasaba guhabwa kopi yaho basinye.
Intara y'Amajyepfo Akarere ka Huye Umurenge wa Mbazi akagari ka Gatobotobo umududu wa Akanyinya ,Bombori bombori mu manota y'imihigo y'abarimu ku ishuri rya EP. MBAZI.
Abarimu bakorera kuri EP.MBAZI barataka, bagasaba gukorerwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu Rwanda kuva mu ishuri biri kuvuguturwa umuti
Minisiteri y'uburezi ibinyujije kurubuga rwayo X yahoze yitwa TwitterImaze gutangaza ko hamwe n’abafatanyabikorwa batandukanye mu burezi barimo kuganira ku mushinga "Zero Out-Of-School Children Project". Uyu mushinga watangijwe muri Nzeri!-->…
HEC: Abantu 20 mu bize hanze bamaze gutabwa muri yombi
Inama y’amashuri makuru na za Kaminuza mu Rwanda (HEC) yatangaje ko mu bushakashatsi yakoreye ku bantu 1000 bayisabye ibyangombwa bigaragaza ko amasomo bize hanze y’u Rwanda ahuye na gahunda z’imyigishirize yo mu Rwanda bizwi nka!-->…
“Uwagize amanota meza si ko agomba kujya muri kaminuza” Minisitiri w’uburezi mu…
Minisiteri y'uburezi mu Rwanda yatanze umucyo ku bigomba kwitabwaho kugira ngo umunyeshuri yemererwe kujya muri imwe muri za kaminuza za Leta.
Minisiteri y'uburezi mu Rwanda yavuze ko Umunyeshuri wese wagize amanota meza atari uko!-->!-->!-->!-->!-->…
Kuri uyu wa mbere amanota y’ibizamini ku basoza ayisumbuye aratangazwa
Minisiteri y'uburezi mu Rwanda yatangaje ko kuri uno wa mbere amanota y'abanyeshuri bakoze ibizami bisoza amashuri yisumbuye ashyirwa hanze
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko amanota y’abakoze ibizamini bisoza amashuri yisumbuye,!-->!-->!-->!-->!-->…
Madamu Jeannette Kagame yashimiye Kelie Umutoniwase wabaye uwa mbere mu bizamini bya Leta
Madamu Jeannette Kagame yashimiye Kelie Umutoniwase, wahize abandi banyeshuri bo mu Rwanda mu bizamini bisoza icyiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye.
Hari mu muhango wo gusoza Ihuriro ry’abana barihirwa n’Imbuto Foundation, wabaye!-->!-->!-->…
MINEDUC yashyize hanze ingengabihe y’umwaka w’amashuri 2023-2024
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko umwaka w’amashuri, 2023-2024 uzatangira tariki 25 Nzeri 2023 ku mashuri abanza n’ayisumbuye.
Itangazo ryasohotse kuri uyu wa 5 Nzeri 2023 rivuga ko igihembwe cya mbere kizatangira ku itariki ya 25!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Urujijo ku mwana w’imyaka 7 bivugwa ko yishwe anizwe abandi bakavuga ko yiyahuje…
Urupfu rw'umwana w'umuhungu wo mu kigero cy'imyaka 7 wigaga mu mashuri abanza rukomeje guteza urujijo mu gihe bamwe bavuga ko yaba yanizwe n'abagizi ba nabi, abandi bakavuga ko yaba yiyahuye akoresheje umugozi.
Ku mugoroba wo kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyeshuri 160 baje gusoreza amasomo yabo i Kigali kubera intambara
Abanyeshuri 160 biganjemo aba'igitsina gore bigaga muri kaminuza y'ubuvuzi mu gihugu cya Sudan, baje gukomereza amashuri yabo mu Rwanda kubera intambara imaze iminsi iri kubica mu gihugu cyabo.
Abanyeshuri 160 bo muri Kaminuza!-->!-->!-->!-->!-->…
“Igihe ni iki ngo mwicarane n’abana” minisitiri w’uburezi yagiriye inama…
Minisitiri w’uburezi, Dr Uwamariya Valentine, yasabye ababyeyi kumarana umwanya uhagije n’abana babo muri iki gihe cy’ibiruhuko ndetse bakanabakebura mu gihe bagize imyitwarire idahwitse. Ni mu gihe bagiye kumarana na bo amezi agera!-->!-->!-->…
IPRCs zashimwe uruhare zikomeje gutanga mu iterambere
Minisitiri w'uburezi mu Rwanda Dr Uwamaliya yashimiye uruhare rukomeye ishuri rikuru ry'ubumenyingiro rikomeje kugaragaza mu iterambere ry'igihugu.
Minisitiri w’Uburezi, Dr. Uwamariya Valentine arashima uruhare ishuri rikuru ry’u!-->!-->!-->!-->!-->…
MINEDUC yemeje ko ururimi rw’amarenga rugiye kujya rwigishwa hose mu mashuri
Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine, yabwiye Abasenateri bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’uburenganzira bwa muntu, ko mu rwego rwo kwimakaza uburezi budaheza, ubu inkoranyamagambo y’ururimi rw’amarenga nyarwanda yamaze!-->…
Umuherwe Jack Ma agiye kuba umwalimu muri imwe muri za kaminuza zo mu Rwanda
Umuherwe w'ikirangirire ku rwego rw'isi Bwana Jack Ma umugabo ufite agatubutse mu Bushinwa biravugwa ko yahawe akazi ko kwigisha muri kaminuza y'imiyoborere.
Kaminuza ya African Leadership University (ALU) yatangaje ko umuherwe Jack!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministre w’intebe yasabye inzego gufasha abiga imyuga kubona aho bimenyereza umwuga
Minisitiri w'Intebe Dr Edouard Ngirente yasuye ishuri rikuru ry'imyuga n'ubumenyingiro (IPRC Ngoma) maze asaba inzego zitandukanye gufasha abanyeshuri biga muri aya mashuri y'imyuga n'ubumenyingiro kubona aho bashobora kwimenyereza!-->!-->!-->…
Kigali: Hashojwe ikiciro cy’abanyeshuri barangije mu kigo KSP Rwanda gitanga amahirwe ku…
Abanyeshuri biga muri KSP Rwanda baraye bamuritse ibikorwa by'imishinga (Defence) bakuye mu masomo atandukanye mu bumenyi baherewe muri icyo kigo kimaze kwandika izina rikomeye mu mitima y'Abanyarwanda
Kuri uyu wa gatandatu taliki!-->!-->!-->!-->!-->…