Perezida Kagame yagaragaje ko u Bubiligi bwahereye kera bukoroga u Rwanda atari ibya none.
Yabigarutseho kuri iki cyumweru tariki 16 Werurwe 2025 muri gahunda asanzwe agira yo Kwegera Abaturage mu biganiro yagiranye n’abatuye mu Mujyi wa Kigali n'abandi baje baturuka mu mpande z'igihugu, maze ababwira ko u Bubiligi kuba buri…