Meddy n’umugore we bibarutse ubuheta

Meddy uri mu bahanzi bamaze kubaka izina mu Rwanda no hanze yarwo, yagaragaje ko we n’umugore we Mimi Mehfira bibarutse umwana w’umuhungu. Meddy abinyujije ku rubuga rwa Instagram yagaragaje ko uyu mwana bamwise Zayn M Ngabo. Avuga

DRC na M23 bemeye guhagarika intambara

Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n'umutwe w'inyeshyamba uyirwanya wa M23 bemeranyije ku gahenge hagamijwe guhagarika imirwano "mu buryo bw'ingirakamaro", "nyuma y'ibiganiro byo kubwizanya ukuri kandi byubaka" bagiranye i Doha