Rusizi: Ingurube yari isanzwe ikoreshwa mu kubangurira izindi yarumye umuntu bikomeye
Ngendakumana Marie w’imyaka 37 utuye mu Mudugudu wa Banamba, Akagari ka Rasano, Umurenge wa Bweyeye, Akarere ka Rusizi ararembye nyuma yo kurumwa n’ingurube y’igipfizi y’uwitwa Nsengimana Céléstin yari avanye aho yari yayijyanye!-->…