Browsing Category
Imikino
Regis Muramira yanze kurya umunwa, arashinja Minisitiri Mimosa gusenya Sports mu Rwanda
Umwe mu banyamakuru b'imikino hano mu Rwanda arasanga minisitiri wa Siporo Mimosa ariwe uri kwangiza Siporo mu Rwanda kandi ariwe wari ukwiye kuyubaka
Kuva ku munsi w'ejo taliki ya 19 Mata 2023 ubwo Bwana NIZEYIMANA Olivier!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyamakuru batandukanye bagize icyo bavuga nyuma yo kwegura kwa Olivier muri FERWAFA
Nyuma y'aho uwari umuyobozi wa FERWAFA Bwana Olivier Nizeyimana yeguye ku buyobozi bwa FERWAFA, hari abantu benshi mu bakunzi ba ruhago mu Rwanda bagiye bagira icyo babivugaho.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 19 Mata!-->!-->!-->!-->!-->…
Intare FC yatewe mpanga nyuma yo kwanga gukina na Rayon Sport FC
Ikipe ya INTARE FC yanze gukina umukino wa 1/8 wo kwishyura na Rayon Sports ivuga ko itanyuzwe n’icyemezo cy’ubujurire cyemeje ko uwo mukino uba.
Uyu mukino wagombaga kuba kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Mata saa cyenda ku kibuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Munyengabe Omar wari SG wa Kiyovu yirukanywe ku mwanya yari amazeho imyaka itatu
Ubuyobozi bw’Umuryango Kiyovu Sports bwafashe icyemezo cyo guhagarika Munyengabe Omar wari umaze hafi imyaka itatu ari Umunyamabanga Mukuru.
Munyengabe wagiye kuri uyu mwanya muri Nzeri 2020, yahagaritswe kubera kumara umwaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Tuniziya: Bwana Jamil yasheshe ikipe yayoboraga nyuma y’aho abakinnyi bayo 32 batorokeye i…
Ikipe y’umupira w’amaguru mu gihugu cya Tuniziya yasezeye mu marushanwa yose yarimo nyuma y'uko abakinyi bayo 32 bahunze igihugu bakigira gushakisha ubuzima ku mugabane w’Uburayi.
Umuyobozi w’iyi kipe Ghardimaou isanzwe ikina mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Meya SEBUTEGE Ange yasobanuye impamvu ikipe ya Musanze FC yimwe ikibuga cyo kwitorezaho
Umuyobozi w'Akarere ka Huye Bwana Sebutege Ange yasobanuye impamvu ikipe ya Musanze FC yimwe ikibuga cyo kwitorezaho.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu nibwo ku mbuga nkoranyambaga hatangiye gukwirakwizwa amashusho y'abakinnyi!-->!-->!-->!-->!-->…
“Akaruta akandi karakamira” FERWAFA yemeje ko Rayon Sport izakina 1/8 na Intare FC
Akanama k'ubujurire muri FERWAFA kamaze gutangaza ko ikipe ya Intare FC na Rayon Sport zigomba gukina umukino wa 1/8 mu guhatanira igikombe cy'amahoro.
Abanyarwanda baciye umugani ngo "Akaruta akandi karakamira", umugani usa n'undi!-->!-->!-->!-->!-->…
Chelsea FC yirukanye Graham Potter wayitozaga
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 2 Mata 2023, Chelsea FC yasezereye Umutoza wayo mukuru, Graham Potter, wari uyimazemo amezi asatira arindwi.
Isezererwa rya Graham Potter ryanyujijwe ku mbuga nkoranyambaga za Chelsea FC yamushimiye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’uburiganya n’ubujura, CAF yanzuye ko ikipe y’u Rwanda AMAVUBI iterwa mpaga
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri Africa rimaze kwemeza ko ikipe y'u Rwanda AMAVUBI itewe mpaga y'ibitego bitatu kubera amakosa yo gukinisha umukinnyi wahawe amakarita abiri.
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru ku mugabane wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Havutse intambara y’amagambo hagati ya minisiteri ya Siporo n’abanyamakuru bashinjwa…
Nyuma y'aho minisitiri wa Siporo mu Rwanda Madame Mimosa avuze ko hari abanyamakuru bihutira gukora inkuru batitaye ku ndangagaciro bagasebya igihugu, byatumye havuka intambara y'amagambo hagati ya minisiteri ya sport na bamwe mu!-->!-->!-->…
Minisitiri Munyangaju yagaragaje ko u Rwanda ruticaye ku cyemezo cyo kwakirira Bénin i Cotonou
Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa, yaciye amarenga ko abayobozi b’inzego zitandukanye bari gukora ibishoboka byose ngo u Rwanda rwemererwe kwakirira umukino wa Bénin i Huye.
Ku wa 27 Werurwe 2023 ni bwo biteganyijwe ko!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA ntiyemeranye n’icyemezo cya CAF yayitegetse gukinira muri Benin
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda ryavuze ko ritanyuzwe n'icyemezo CAF yabafatiye kibategeka gukina umukino wo kishyura muri Benin
Nyuma y'aho impuzamashyirahamwe ry'umupira wa ruhago ku mugabane wa Afrika CAF ritegetse!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikibazo cya Hoteri ziri ku rwego ruciriritse gitumye CAF yangira FERWAFA kwakira umukino i Huye
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yamenyesheje Ishyirahamwe Nyarwanda rya Ruhago, FERWAFA, ko u Rwanda rutemerewe kwakirira Bénin i Huye kuko nta hotel zujuje ibisabwa zihari, itegeka ko ruzakinira umukino wo!-->!-->!-->…
Geofrey Zawadi yatorewe kuba Visi Perezida wa Kabiri wa FRVB
Inama idasanzwe y’inteko rusange y’ishyirahmwe rya volleyball mu Rwada (FRVB), irangiye Bwana Geofrey Zawadi atorewe kuba visi perezida wa Kabiri ushinzwe Amarushanwa w’iri shyirahamwe kuri uyu wa Gatandatu tariki 18 Werurwe 2023.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Ni iyihe kipe inyuze munzira yoroshye mubikombe bya UEFA?
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Werurwe 2023,nibwo habaye tombola y’imikino ya 1/4 na 1/2 ya UEFA Champions League aho ikipe ya Real Madrid izahura na Chelsea nkuko byagenze mu mwaka ushize mu gihe Manchester City izahura na Bayern Munich.!-->…