Browsing Category
Imikino
Raoul wanditse amateka muri Rayon Sport arashaka kuzayitoza
Rayon Sports yemeje ko kugeza ubu abatoza 46 ari bo bamaze gusaba akazi ko gusimbura Julien Mette muri iyi kipe, nyuma y’aho uyu Mufaransa asoreje amasezerano ye kuri uyu wa kane tariki ya 20 Kamena 2024.
Julien Mette yageze muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye impamvu nyamukuru yatumye umutoza wa Rayon Sport Julien Mette ayisezeraho.
Umufaransa Julien Mette wari umaze amezi atanu ari Umutoza wa Rayon Sports yayisezeyeho nyuma yo kubuzwa gutoza umukino wa Rayon Sports na APR FC muri Stade Amahoro Nshya.
Ku wa Gatandatu, tariki ya 15 Kamena, ubwo Rayon Sports!-->!-->!-->!-->!-->…
TP Mazembe mu makipe 16 azakina CECAFA Kagame Cup
TP Mazembe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Nyasa Big Bullets yo muri Malawi na Red Arrows yo muri Zambia zatumiwe muri CECAFA Kagame Cup iteganyijwe guhera tariki ya 6-22 Nyakanga 2024 muri Tanzania na Zanzibar.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe y’igihugu Amavubi yaraye itsinzwe na Benin
Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ yatsinzwe n’iya Bénin igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa gatatu wo mu Itsinda C mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026.
Uyu mukino wabereye kuri Stade Félix Houphouët Boigny muri Côte d’Ivoire ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Imikino y’Igikombe cy’Afurika cya 2025 yigijwe inyuma
Imikino y’Igikombe cy’Afurika cya 2025 yimuriwe mu ntangiriro za 2026 muri Maroc kugira ngo itazahurirana n’iy’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe (FIFA Club World Cup) iteganyijwe kubera muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Iri rushanwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo kwitwara neza muri UEFA Champions league, Vinicius yatumiwe n’umuherwe
Umukinnyi wa Real Madrid, ikipe iherutse kwegukana igikombe cya UEFA Champions league, yaatumiwe n'umuherwe Dj Khaled iwe mu rugo bagirana ibihe byiza.
Umunya Brazil Junior Vinicius witwaye neza mu mukino wa nyuma wa UEFA Chamipons!-->!-->!-->…
Espoir FC yahamijwe icyaha imanurwa cyiciro cya gatatu
Ikipe ya ESPOIR FC Espoir FC yamanuwe mu Cyiciro cya Gatatu nyuma yo gukurwaho amanota 50 y’imikino yose yakinishijemo Umunyezamu w’Umunye-Congo Christian Watanga Milembe utari ufite ibyangombwa.
Iyi kipe yatewe mpaga y’imikino 16!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA igiye kujya ihemba amakipe yose azajya akina mu cyiciro cya mbere
Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bufite mu nshingano kugenzura, gutegura no gushakira ubushobozi amakipe agize Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, bwemeje uburyo bwo kuzajya ihemba amakipe ikurikije imyanya yasorejeho muri!-->!-->!-->…
Ikirego cya AS Muhanga cyahawe agaciro, Espoir iterwa mpaga
Ikipe ya Espoir FC yo mu Karere ka Rusizi yatewe mpaga eshanu kubera gukinisha umukinnyi Watanga Christian Milembe utari ufite ibyangombwa, umwanya wayo mu mikino ya play-offs yo gushaka amakipe azamuka mu Cyiciro cya Mbere uhabwa!-->!-->!-->…
Bugesera FC yarokotse, Sunrise FC na Etoile de l’Est ziramanuka
Etoile de l’Est yatsinzwe na Bugesera FC ibitego 3-0 naho Sunrise FC itsinda Marines FC ibitego 3-1 bitagize icyo biyifasha mu rugamba rwo kuguma mu cyiciro cya mbere birangira amakipe yombi amanutse mu cyiciro cya Kabiri.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Borussia Dortmund itahabwaga amahirwe yasezereye PSG igera kuri final
Borussia Dortmund yo mu Budage yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions Leagues nyuma gusezerera Paris Saint Germain yo Bufaransa muri 1/2 iyitsinze igiteranyo cy’ibitego 2-0 mu mikino ibiri yombi.
Ku mugoroba wo ku wa Kabiri!-->!-->!-->!-->!-->…
UEFA YEMEREYE AMAKIPE Y’IBIHUGU KONGERA UMUBARE W’ABAKINNYI BAHAMAGARAGA.
UEFA YAHAYE UMUGISHA ITEGEKO RYO KONGERA ABAKINNYI AMAKIPE Y'IBIHUGU YAHAMAGARAGA.
Impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru ku mugfabane w'Iburayi UEFA, yasohoye itangazo ryakirijwe yombi n'ibihugu by;ibinyamuryango dore ko umubare!-->!-->!-->!-->!-->…
NBA: DAVID HAM WATOZAGA LAKERZ YIRUKANYWE.
LOS ANGELES LAKERS YAMZE GUTANDUKANA N'UWARI UMUTOZA WAYO MUKURU DAVD HAM.
Benshi bari bategereje kumenya ahazaza h'uyu mutoza nyuma y'aho akuriwemo na Denver Nuggets mu mikino ya kamarampaka izwi nka "DAY OFFS" n'ikipe ya Denver!-->!-->!-->!-->!-->…
Umurundikazi Linda aravuga ko yifuza gukinira ikipe y’igihugu y’u Rwanda
Umurundikazi witwa Linda Uwitonze usanzwe akinira ikipe y'abagore ya REG women Basketball (REG WBBC) yavuze ko yifuza gukinira ikipe y'igihugu y'u Rwanda y'abagore.
Umurundikazi ukinira ikipe ya REG Women Basketball, Uwitonze Nandy!-->!-->!-->!-->!-->…
Amagare: Hagiye gukinwa irushanwa ryo Kwibuka
Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umukino w’Amagare (FERWACY), ryateguye Irushanwa ryo kwibuka ku nshuro ya 30 abakinnyi, abatoza, abayobozi n’abakunzi b’uyu mukino bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rizaba ku cyumweru tariki ya 28 Mata!-->!-->!-->…