Browsing Category
Imikino
Biravugwa ko ikipe ya APR FC yikuye mu irushanwa ryaberaga muri Zanzibar
Nyuma yo gutsindwa mu mukino wa kimwe cya kabiri n'ikipe ya Mlandege, ikipe ya APR FC yafashe umwanzuro wo kwikura mu mikino isigaye y'irushanwa rya Mapinduzi
Ikipe ya APR FC yavuze ko yamaze kwikura mu marushanwa ya Mapinduzi,!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC yaraye isezerewe na Mlandege FC mu maso ya afande Kabarebe
APR FC yasezerewe na Mlandege yo muri Zanzibar mu mikino ya 1/2 y’amarushanwa Mapinduzi Cup, iyitsinze Penaliti 4-2, nyuma yo gusoza iminota 90 amakipe yombi anganyije ubusa ku busa, ibura amahirwe yo kugera ku mukino wa nyuma.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutahizamu wa APRFC yifujwe na Simba Sports Club yo muri Tanzaniya
Ikipe y’igihangange muri Tanzaniya, Simba Sports Club yatangiye gukurikirana rutahizamu wa APR FC uhagaze neza cyane, Victor Mbaoma,kugira ngo imwegukane muri uku kwezi.
Mbaoma, ufite imyaka 27 wavutse 20/10/1996,ahagaze neza cyane!-->!-->!-->!-->!-->…
Ni iki kigiye kuba ku ikipe y’igihugu nyuma y’uko FERWAFA igabanyije ingingo…
Nyuma y'aho ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA ritangarije ko inengo y'imari bageneraga ikipe y'igihugu AMAVUBI igabanyutse ikava kuri miliyari 2.5 ikagera kuri miliyari 2.41, benshi bakomeje kwibaza ku kigiye kuba!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa KIYOVU SC yasabye FERWAFA kumuha igihe akiga ku kirego yarezwemo na Juvenal
Perezida w’Umuryango wa Kiyovu Sports, Ndorimana Hean Francois Regis ’Général’, yasabye Akanama ka Komisiyo y’Imyitwarire muri FERWAFA iminsi 10 yo kwiga ku kirego cyo guharabika no kwangisha undi rubanda, yarezwemo na Mvukiyehe!-->!-->!-->…
Musanze FC yaraye isezereye abakinnyi barimo Mugheni Fabrice Kakule
Umukinnyi Kakule Mugheni Fabrice ukina hagati mu kibuga wari umaze amezi atandatu gusa mu Ikipe ya Musanze FC, yamaze gusezererwa atarangije amasezerano ye.
Ibi byabaye ejo ku wa 3 Mutarama 2024 uyu mukinnyi wari wasinyiye Musanze!-->!-->!-->!-->!-->…
PSG yaraye itsinze Toulouse FC yegukana “Trophée des Champions”
Paris Saint-Germain yatsinze Toulouse FC ibitego 2-0 mu mukino uhuza ikipe yatwaye Shampiyona y’u Bufaransa ndetse n’iyatwaye Igikombe cy’Igihugu wa ‘Trophée des Champions’, yegukana iki gikombe ku nshuro ya 10 mu myaka 11 ishize.
Uyu!-->!-->!-->…
Abayobozi n’abakunzi ba Nyanza FC basangiye n’abakinnyi banafatira hamwe ingamba nshya
Mu rwego rwo kwizihiza iminsi mikuru, ubuyobozi bw’ikipe ya Nyanza FC bwasangiyen’abakinnyi mu rwego rwo kwifurizanya umwaka mushya muhire wa 2024.
Ni igikorwa cyabaye ku wa gatatu taliki ya 3 Mutarama 2024, kibera muri Nyanza peace!-->!-->!-->…
Juvenal wahoze ayobora Kiyovu akirukanwa, yareze visi perezida w’iyo kipe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwahamagaje Visi Perezida wa Kiyovu Sports ushinzwe Umutungo n’Amategeko, Mbonyumuvunyi Abdul Karim, kugira ngo atange ibisobanuro ku cyaha cy’uburiganya yarezwemo na Mvukiyehe Juvénal, wahoze!-->!-->!-->…
Birmingham City yasezereye umutoza wayo Rooney imushinja umusaruro nkene
Umwongereza Wayne Rooney wari Umutoza Mukuru wa Birmingham City yo mu cyikiro cya kabiri mu gihugu cy’u Bwongereza, yirukanywe muri iyi kipe nyuma y’iminsi 83 kubera umusaruro muke.
Tariki 11 Nzeri 2023 ni bwo yasimbuye Umutoza John!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Umugore rukumbi watozaga ikipe y’abagabo yirukanywe atarenze umutaru
Belyse Ininahazwe, umugore umwe rukumbi watozaga ikipe y'abagabo yo mu cyicaro cya mbere yaraye asezerewe nyuma y'imikino 15 gusa.
Ubuyobozi bw'ikipe ikina mu cyiciro cya mbere izwi nka Inter Star yo mu guhugu cy'U Burundi yaraye!-->!-->!-->!-->!-->…
Manchester United yasezerewe itarenze amatsinda
Manchester United yatsinzwe na Bayern Munich igitego 1-0 imbere y’abafana ihita isezererwa mu irushanwa rya UEFA Champions League itarenze amatsinda.
Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 13 Ukuboza 2023, ni bwo i Burayi hatangiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunya Nigeria Victor Osimhen yegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza w’Umunyafurika ahigika abarimo…
Umunya Nigeria Victor Osimhen ukinira Napoli yo mu Butaliyani yegukanye igihembo cy’umukinnyi w’Umunyafurika mwiza w’umwaka wa 2023, gitangwa na CAF mu muhango wagaragayemo ibihangange byubatse ibigwi mu bihe bitandukanye mu mupira!-->!-->!-->…
Tayari ikipe ya Kiyovu Sport imaze kurega Juvenal muri RIB
Umuryango wa Kiyovu sports Association wamaze kurega Bwana Mvukiyehe Juvenal wari umuyobozi wa Kiyovu Sports Company mu rwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB imushinja ubujura, ubuhemu no kwihesha ikintu cy’undi.
Mu ibaruwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera FC yagaruye ihumure mu bafana mu mukino yanyagiyemo Police FC imvura y’ibitego.
kipe ya Bugesera FC yatsinze yandagaje bikomeye cyane ikipe ya Police FC iyinyabya ibitego 4-2 bituma yiyunga n'abafana bayo ndetse binayihesha kuva ku mwanya wa nyuma yariho biyishyira ku mwanya wa 13 muri champiyona y'Urwanda.
!-->!-->!-->!-->!-->…