Browsing Category
Imikino
AS Kigali yatumbagije agahimbazamusyi iyo kipe iramutse isezereye APR FC
Umuyobozi Mukuru wa AS Kigali, Shema Fabrice, yakubye inshuro umunani agahimbazamusyi gahabwa abakinnyi ba AS Kigali, mu gihe bazasezerera ikipe ya APR FC muri 1/8 cy’Igikombe cy’Amahoro.
Abakinnyi b'ikipe ya AS Kigali bijejwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda-Burundi: Ikipe y’igihugu y’abana yavanywe i Bujumbura irushanwa ritarangiye
Ikipe yari ihagarariye u Rwanda mu irushanwa ry’ibihugu by’akarere rya Tennis mu bana yavanywe i Bujumbura mu Burundi mu mpera z'icyumeru gishize iryo rushanwa ritarangiye, bikaba bibaye nyuma y’aho Leta y'U Burundi ifashe umwanzuro wo!-->!-->!-->…
Real Madrid yanyagiye Barca itwara igikombe kiruta ibindi muri Espagne
Ikipe ya Real Madrid yaraye inyagiye mukeba wayo w'ibihe byose FC Barcelona, biyihesha igikombe kiruta ibindi muri icyo gihugu cya Espagne.
Amakipe yombi yatangiye uyu mukino FC Barcelona ari yo ifite igikombe giheruka cya 2023. Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Transfers: Izivugwa n’izabaye ku mugabane w’iburayi muri iki cyumweru dusoje.
Jadon Sancho waherukaga mu kibuga iminsi 140 mbere y'uko agirana ikibazo n'umutoza we muri Manchester united, Yaje kukigarukamo nyuma yo gutizwa mu Ikipe ya Borussia Dortmund yamugurishije muri iyi kipe batazira amashitani atukura. Ni!-->!-->!-->…
Ikipe y’Igihugu ya Gambiya yahuye n’ibibazo indege 2 zananiwe kuba twara ngo bajye mu…
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Gambiya yahuye n’ikindi kibazo cy’indege yagombaga kubatwara muri Cote d’Ivoire mu gikombe cy’Afurika 2023, yananiwe guhaguruka.
Indi ndege yagombaga gutwara ikipe ya Gambia muri #AFCON2023!-->!-->!-->!-->!-->…
CAF yinjiye mu kibazo cy’umukinnyi avutse muri 1990 kandi nyina yarapfuye muri 1985
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF ryatangaje ko rigiye kwinjira mu kibazo cy'umukinnyi wo muri Gabon uvuga ko yavutse mu mwaka w'i 1990 kandi hari amakuru yizewe avuga ko nyina umubyara yapfuye mu mwaka wa 1985.!-->!-->!-->…
Biravugwa ko ikipe ya APR FC yikuye mu irushanwa ryaberaga muri Zanzibar
Nyuma yo gutsindwa mu mukino wa kimwe cya kabiri n'ikipe ya Mlandege, ikipe ya APR FC yafashe umwanzuro wo kwikura mu mikino isigaye y'irushanwa rya Mapinduzi
Ikipe ya APR FC yavuze ko yamaze kwikura mu marushanwa ya Mapinduzi,!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC yaraye isezerewe na Mlandege FC mu maso ya afande Kabarebe
APR FC yasezerewe na Mlandege yo muri Zanzibar mu mikino ya 1/2 y’amarushanwa Mapinduzi Cup, iyitsinze Penaliti 4-2, nyuma yo gusoza iminota 90 amakipe yombi anganyije ubusa ku busa, ibura amahirwe yo kugera ku mukino wa nyuma.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutahizamu wa APRFC yifujwe na Simba Sports Club yo muri Tanzaniya
Ikipe y’igihangange muri Tanzaniya, Simba Sports Club yatangiye gukurikirana rutahizamu wa APR FC uhagaze neza cyane, Victor Mbaoma,kugira ngo imwegukane muri uku kwezi.
Mbaoma, ufite imyaka 27 wavutse 20/10/1996,ahagaze neza cyane!-->!-->!-->!-->!-->…
Ni iki kigiye kuba ku ikipe y’igihugu nyuma y’uko FERWAFA igabanyije ingingo…
Nyuma y'aho ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA ritangarije ko inengo y'imari bageneraga ikipe y'igihugu AMAVUBI igabanyutse ikava kuri miliyari 2.5 ikagera kuri miliyari 2.41, benshi bakomeje kwibaza ku kigiye kuba!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa KIYOVU SC yasabye FERWAFA kumuha igihe akiga ku kirego yarezwemo na Juvenal
Perezida w’Umuryango wa Kiyovu Sports, Ndorimana Hean Francois Regis ’Général’, yasabye Akanama ka Komisiyo y’Imyitwarire muri FERWAFA iminsi 10 yo kwiga ku kirego cyo guharabika no kwangisha undi rubanda, yarezwemo na Mvukiyehe!-->!-->!-->…
Musanze FC yaraye isezereye abakinnyi barimo Mugheni Fabrice Kakule
Umukinnyi Kakule Mugheni Fabrice ukina hagati mu kibuga wari umaze amezi atandatu gusa mu Ikipe ya Musanze FC, yamaze gusezererwa atarangije amasezerano ye.
Ibi byabaye ejo ku wa 3 Mutarama 2024 uyu mukinnyi wari wasinyiye Musanze!-->!-->!-->!-->!-->…
PSG yaraye itsinze Toulouse FC yegukana “Trophée des Champions”
Paris Saint-Germain yatsinze Toulouse FC ibitego 2-0 mu mukino uhuza ikipe yatwaye Shampiyona y’u Bufaransa ndetse n’iyatwaye Igikombe cy’Igihugu wa ‘Trophée des Champions’, yegukana iki gikombe ku nshuro ya 10 mu myaka 11 ishize.
Uyu!-->!-->!-->…
Abayobozi n’abakunzi ba Nyanza FC basangiye n’abakinnyi banafatira hamwe ingamba nshya
Mu rwego rwo kwizihiza iminsi mikuru, ubuyobozi bw’ikipe ya Nyanza FC bwasangiyen’abakinnyi mu rwego rwo kwifurizanya umwaka mushya muhire wa 2024.
Ni igikorwa cyabaye ku wa gatatu taliki ya 3 Mutarama 2024, kibera muri Nyanza peace!-->!-->!-->…
Juvenal wahoze ayobora Kiyovu akirukanwa, yareze visi perezida w’iyo kipe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwahamagaje Visi Perezida wa Kiyovu Sports ushinzwe Umutungo n’Amategeko, Mbonyumuvunyi Abdul Karim, kugira ngo atange ibisobanuro ku cyaha cy’uburiganya yarezwemo na Mvukiyehe Juvénal, wahoze!-->!-->!-->…