Browsing Category
Imikino
KERA KABAYE YAVUZE ICYAMUTEYE GUTERA MUGENZI WE BAKINANA INGUMI
SADIO MANE YATANGAJE ICYAMUTEYE GUKUBITA SANE BAKINANA MU IKIPE YA BAYERN MUNICH
Uyu munya Senegal w'imyaka 31 Sadio Mane, arateganya kuguma mu ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage amazemo umwaka umwe n'ubwo umwaka we wa mbere!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Transfers: #Rice #Kovacić, #Loftus-Cheek, #Cuadrado, #Ziyech
Ikipe ya Manchester city inaheruka gutwara ibikombe bitatu birimo Igikombe gihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo cya UEFA CHAMPIONS LEAGUE, igikombe cy'igihugu cya FA cup ndetse na Shamoiyona y'icyiciro cya mbere yatwaye ipanguruye!-->!-->!-->…
U Rwanda na BAL bongereye amasezerano y’imikoranire
U Rwanda binyuze mu kigo cy’igihugu gishinzwe itermbere (RDB) bongereye amasezerano n’irushanwa rya basketball rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo (BAL) yo gukomeza gutegura no kwakira imikino ya kamarampaka n’imikino ya nyuma mu!-->!-->!-->…
Man City itwaye UCL, Guardiola ashimangira ko ariwe mutoza wa mbere ku isi
Ikie ya Manchester City yo mu Bwongereza yaraye itsinze ikipe ya Inter de Milan yo mu Butaliyani mu mukino wa nyuma wa UEFA Champions League bituma yegukana igikombe gikomeye ku mugabana wa Burayi.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu!-->!-->!-->!-->!-->…
Fabrice wari umaze imyaka ine ku buyobozi bwa AS KIGALI yasezeye kuri izo nshingano
Bwana Shema Fabrice wari umaze imyaka ine ayobora Ikipe ya AS Kigali yeguye, avuga ko avuye ku buyobozi bw'iyo kipe y'abanya Kigali avuga ko ari kubera impamvu ze bwite. Ibi yabimenyesheje abakozi b’Ikipe mu ibaruwa yabandikiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Batanu bafunzwe bazira gucucura Premier League arenga miliyari 7 Frw
Abagabo batanu basaruye arenga miliyari 7 Frw kubera kugurisha imikino ya Shampiyona y’u Bwongereza “Premier League” batabiherewe uburenganzira, bakatiwe gufungwa imyaka itandukanye harimo n’uwahawe 11.
Aba bantu uko ari batanu!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC itwaye championnat 2022-2023 ku nshuro ya kane yikurikiranya
APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Rwanda ya 2022-23 kiba igikombe cya 4 yegukanye yikurikiranya ibintu yaherukaga gukora hagati ya 2008 na 2012, ni nyuma yo gutsinda Gorilla FC2-1.
Yegukanye igikombe nyuma yo gutsinda!-->!-->!-->!-->!-->…
Koga : Ikipe ya CS Karongi yegukanye shampiyona ikinirwa mu mazi magari
Taliki 20 Gicurasi 2023 mu Karere ka Karongi habereye irushanwa ryo Koga mu biyaga “Open Water National Swimming Championship 2023” ryateguwe n’ishyirahamwe ry’umukino wo Koga mu Rwanda “RSF”.
Ikipe ya CS Karongi ni yo yitwaye neza!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA yasabye Abanyarwanda imbabazi nyuma y’aho ikipe y’igihugu itewe mpaga
Nyuma y'aho ikipe y'igihuu y'umupira w'amaguru itewe mpaga kubera gukinisha umukinnyi wari ufite amakarita abiri y'umuhondo, FERWAFA yanditse ibaruwa ifunguye isaba imbabazi Abanyarwanda yizeza gukurikirana buri wese wabigizemo uruhare!-->!-->!-->…
Umutoza Adil wigeze gutoza APR FC mu nzira zo kujurira ku cyemezo cya FIFA
Umutoza w’Umunya-Maroc, Erradi Adil Mohammed agiye kwitabaza Urukiko rwa Siporo ku Isi (TAS) ajuririra icyemezo cya FIFA ku kirego yarezemo APR FC ko yamwirukanye binyuranyije n’amategeko.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi!-->!-->!-->!-->!-->…
APR WVC na REG VC yombi yari ahagarariye u Rwanda muri Tunisia, yasezerewe
Amakipe ya APR VC y’abagore na REG VC y’abagabo ahagarariye u Rwanda mu mikino ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Volleyball CAVB Club Championship, yose, yasezerewe atarenze kimwe cya kane (¼), inzozi zo kwegukana umudari!-->!-->!-->…
UCL: Manchester City yanyagiye igihangange Real Madrid biyigeza ku mukino wa nyuma wa UCL
Manchester City yageze ku mukino wa nyuma wa Champions League nyuma yo gutsinda isuzuguye Real Madrid ibitego 4-0 mu mukino wo kwishyura wa ½, iyisezerera ku giteranyo cya 5-1.
Uyu mukino wabereye kuri Etihad Stadium ku mugoroba wo!-->!-->!-->!-->!-->…
CAF yategetse ko u Rwanda ruterwa mpaga mu mukino waruhuje na Benin
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yateye u Rwanda mpaga nyuma yo gusanga rwarakinishije Muhire Kevin wari ufite amakarita abiri y’umuhondo ku mukino waruhuje na Bénin.
Ni icyemezo cyatangajwe na CAF!-->!-->!-->!-->!-->…
FIFA yateye utwatsi ikirego cy’umutoza Adil waregaga APR FC
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryateye utwatsi ikirego Umutoza w’Umunya-Maroc Adil Erradi Mohammed yari yarezemo APR FC ko yahagaritswe binyuranyije n’amategeko
Icyemezo cyafashwe n’Akanama gashinzwe Uburenganzira!-->!-->!-->!-->!-->…
Peace Cup: Rayon Sport ikubitiye Mukura mu rugo Kiyovu inganya na APR FC
Kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gicurasi 2023, kuri sitade ya Bugesera ikipe APR FC yanganyije na Kiyovu Sports igitego 1-1 mu mukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro 2023.
Ni umukino watangiye ukinirwa hagati ku makipe yombi ariko!-->!-->!-->!-->!-->…