Browsing Category
Imyidagaduro
Kirikou uri mu bagezweho i Burundi ashobora gutaramira Abanyarwanda vuba
Umuhanzi wo mu Burundi, Kirikou Akili uri mu bagezweho muri iki gihe, yagaragaje ko agiye gutangira urugendo rwo kumenyekanisha indirimbo ye “Aha Nihe?” iri mu zikomeje guca ibintu mu karere k’Afurika y’Iburasirazuba.
Uyu musore!-->!-->!-->…
Zuchu akomeje kwiyama abahamagara umugabo we
Zuchu, Umuhanzikazi wo muri Tanzania akaba n’umugore wa Diamond Platnumz, yongeye kwihaniza abakobwa bahamagara telefone y’umugabo we.
Aba bombi bashyingiranwe mu muhango w’idini ya Islam muri Kamena 2025, nyuma Zuchou!-->!-->!-->…
ANGELINA JOLIE YAVUZE KO YAHUZWE IGIHUGU YAVUKIYEMO.
Angelina Jolie Yavuze ko atagitekereza ku gihugu cyamubyaye.
Ubwo yari mu gace ka Basques kari ku mupaka uhuza Amajyaruguru ya Espanye n'amajyepfo ashyira uburengerazuba bw'Ubufaransa, yaganiriye n'itangazamakuru, kuri filime!-->!-->!-->!-->!-->…
Miss Uganda 2026 Muhoza Trivia yashimiye abamushyigikiye
Nyampinga wa Uganda 2026 Muhoza Trivia Elle yashimiye abamubaye hafi mu rugendo rwe rwo guhatanira ikamba ashimira by’umwihariko Natasha Nyonyizi yasimbuye.
Muhoza yambitswe ikamba rya Nyampinga wa Uganda, asimbuye Natasha Nyonyozi,!-->!-->!-->…
Umuhanzikazi Zuchu yacanye umuriro kubaherutse kumukoresha bikarangira batamwishyuye.
Umuhanzikazi w’Umunyatanzaniya witwa Zuhura Othman ariko uzwi cyane nka Zuchu nk'izina akoresha mu buhanzi, yatangaje ko atishimiye uburyo abateguye igitaramo aherutse gukorera i Nairobi muri Kenya banze kumuha amafaranga bagombaga!-->!-->!-->…
Umuhanzi Chris brown yasibye TikTok na Instagram yakoreshaga.
Umuhanzi w’umunyamerika, Chris Brown, yafashe icyemezo cyo gusiba imbuga ze nkoranyambaga zirimo Instagram na TikTok nyuma yo kurambirwa izi mbuga ndetse n'ibitekerezo bibi yoherezwaga.
Chris Brown asanzwe ari umuhanzi, umwanditsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Silver Gala 2025 igiye kongera kubera i Kigali.
Umubyinnyi mpuzamahanga w’Umunyarwanda, Sherri silver abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yatangaje ko igitaramo ngarukamwaka “The Silver Gala” kigiye kongera kubera mu Rwanda ku nshuro yacyo ya kabiri, kikazabera muri BK Arena!-->!-->!-->…
Tomeka Thiam yatanze ikirego asaba gutandukana n’umugabo we Akon.
Tomeka Thiam, umugore w’umuhanzi w’icyamamare Akon, yatanze ikirego mu rukiko asaba gatanya n’umugabo we, avuga ko ibibazo by’urugo rwabo byananiranye gukemurwa mu bwumvikane.
Ibi byatangajwe n’ikinyamakuru People, cyemeje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Zuchu na Eddy Kenzo bageze i Nairobi gususurutsa CHAN 2025.
Abahanzi b’ibyamamare Zuchu na Eddy Kenzo bageze i Nairobi muri Kenya aho bitegura igitaramo gitegerejwe ku wa gatandatu tariki ya 30 Kanama 2025, nyuma y’umukino wa nyuma w’igikombe cy’Afurika (CHAN 2024–2025) uzabera kuri Sitade ya!-->!-->!-->…
Umuhanzikazi Cindy Sanyu yemeje ko yahaye icyizere abagore mu muziki wa Uganda.
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 26 Kanama 2025, umuhanzikazi w’Umunya-Uganda Cindy Sanyu yatangaje ko ari we wahaye imbaraga abahanzi benshi b’abagore bari mu ruganda rw’umuziki muri iki gihe.
Mu kiganiro n’itangazamakuru, Cindy!-->!-->!-->!-->!-->…
Abaramyi Lydia Nishimwe na Jonathan Niyo bibukije abantu ubwiza bw’agakiza
Abaramyi Lydia Nishimwe na Jonathan Niyo basohoye indirimbo bise ‘Yatugize Intwari’, yibutsa abantu ubwiza bw’agakiza, inashimangira ukuntu Imana yagiye ikorera abantu bayo ibikomeye, igatuma bahagarara nk’intwari mu bihe by’ubuzima!-->…
Hari umunyarwandakazi uvugwaho kugongesha imodoka ku bushake umugabo we
Ibinyamakuru bitandukanye muri Uganda bikomeje kugaruka ku nkuru ya Sandra Teta, Umunyarwandakazi washatse mu gihugu cya Uganda akaba ari naho atuye, kugonga ku bushake n’imodoka umugabo we Douglas Mayanja, mu buhanzi bita Weasel.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Senderi yishimiwe mu Bugesera, ateguza ibindi bitaramo bikomeye (Amafoto)
Umuhanzi Eric Senderi uzwi nka Senderi International Hit yakoreye igitaramo cy’imbaturamugabo mu Murenge wa Mwogo, mu Karere ka Bugesera, mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 20 amaze akora umuziki.
Iki gitaramo cyabaye ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…
OMAH LAY YAVUZE KO YIYAMAMAJE WENYINE MU BAHANZI BEZA B’IKI KIRAGANO.
OMAH LAY YAVUZE KO ARIWE MUHANZI MWIZA UHARI MU KIRAGANO CYE.
Ubwo yasuraga urubuga rwe rwa X, uyu muhanzi wamenyekanye mu njyana ya Afro Beat akorera mu gihugu cya Nijeriya, yasize atangaje ko ntawe baburanira kuba uwa mbere mu!-->!-->!-->!-->!-->…
UMUSIMBURA WA PAUL WALKER AZAGARAGARA MURI FAST AND FURIOUS XI.
UMUSIMBURA WA PAUL WALKER MURI FAST AND FURIOUS AZAGARAGARA MU GICE CYAYO CYA 11.
Umwe mu bakinnyi bakundishije abantu iyi filime binajyanye n'uko ayigaragaramo ariwe Vin Diesel, yatangaje ko FAST AND FURIOUS 11 izasohoka muri Mata,!-->!-->!-->!-->!-->…