Browsing Category
Imyidagaduro
Nta kibi nko gukena uri icyamamare
Umuhanzi Bruno K ukorera muzika ye mu gihugu cya Uganda yagarutse ku gahinda gakomeye ibyamamare bikunze guhura nabyo, aho usanga isi yose ibazi nyamara ugasanga mu rugo iwabo ari kurisha ubugari amazi.
Bruno K avuga ko abantu bakwiye!-->!-->!-->…
Umuhanzi “Amalon” yahishuye izina ry’umuzingo agiye gushyira hanze mu gihe cya…
Umuhanzi Amalon umaze kwandikisha izina rye mu mitima y'abakunzi b'imyidagaduro mu Rwanda yatangaje ko mu minsi itarambiranye azashyira hanze Album ye ya mbere yise MVP. Mu kiganiro yahaye Radiyo Rwanda, uyu muhanzi yirinze gutangaza!-->!-->!-->…
Richard Nick Ngendahayo aje gutaramira mu Rwanda nyuma y’imyaka 15
Nyuma y’imyaka 15 adataramira mu Rwanda, umuhanzi Richard Nick Ngendahayo, wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, agiye gutaramira i Kigali. Ni igitaramo kizaba ku wa 23 Kanama 2025 muri BK Arena, cyiswe ‘Niwe Healing!-->!-->!-->…
KERA KABAYE AMAKURU Y’UBURWAYI BWA CANSERI MAMA WA BEYONCE AMARANYE IGIHE YAGIYE HANZE.
Nyuma yo gusohora igitabo kivuga ku buzima bwe yari amaze iminsi yandika, hamenyekanye ko Tina Knowless arwaye kanseri.
Tina Knowless ubyara Beyonce Knowless yatangaje iby'uburwayi bwe bwa kanseri y'ibere mu gitabo yashyize hanze,!-->!-->!-->!-->!-->…
SERENA WILLIAMS YONGEYE KWIKOMA DRAKE BAHOZE BAKUNDANA.
Nyuma y'igihe gito agaragaye ku rubyiniriro ku mukino wa nyuma wa super bowl, Serena Williamz yongeye lkugaruka kuri Drake.
Tariki 09 Gasyantare 2025, nibwo habaye umukino wa Super Bowl wanitabiriwe na perzida wa Leta Zunze ubumwe!-->!-->!-->!-->!-->…
FIREBOY DML: UWO NDIWE MBIKESHA OLOMIDE.
Fireboy DML yavuze ukuntu Olamide yamuhinduriye ubuzima nyuma yo gusinyishwa muri Label ye.
Ni mu kiganiro 90's baby show yakoreye kuri YouTube, ubwo yamamazaga umuzingo mushya w'indirimbo yitegura gusohora vuba aha, akaboneraho no!-->!-->!-->!-->!-->…
JEAN CLAUDE VAN DAMME YAHAKANYE KURYAMANA N’ABAGORE BACURUZWA MU BURYO BUTEMEWE.
Jean Claude Van Damme yahakanye gukorana imibonano mpuzabitsina n'abagore bacuruzwa bitemewe bavanywe hirya no hino ku isi.
Ikibazo cy'icuruzwa ry'abantu, kiri mu bihangayikishije ku isi, aho 71% by'abacuruzwa ari abagore, nk'uko!-->!-->!-->!-->!-->…
YOUNG THUG YASHINJE ABAGENZACYAHA KUMUBESHYERA MU KIREGO CYE.
Nta guca ku ruhande, Young Thug yashinje abagenzacyaha kumubeshyera.
Ishami rya polisi rishinjwe kugenza ibyaha mu mujyi wa Atalanta, muri Leta yzunze ubumwe za Amerika, rishinjwa na Young Thug kumubeshyera mu kirego!-->!-->!-->!-->!-->…
ASAKE YASHYIZWE KU NTEBE Y’ICYUBAHIRO NYUMA YO GUCA AGAHIGO.
ASAKE YAKOZE AMATEKA YO GUTANGIRA 2025 AYOBOYE ABANDI MURI 2025
Buri cyumweru, urubuga Turn Table Charts rukora urutonde rw'indirimbo zikunzwe muri Nigeria, rusohora urutonde rw'izikunzwe, cyane, akenshi bigaragazwa n'umubare!-->!-->!-->!-->!-->…
ESE KOKO AFRIKA NI AHAZAZA HA MUZIKA KU ISI?
KUKI BAMWE BAKOMEJE KWEMEZA KO MU MINSI IRI IMBERE UMUZIKI WA AFRIKA UZABA UYOBOYE KU ISI
Mu minsi yashize hakunze gukoreshwa ijambo "Music in Africa" Bishatse kuvuga "Umuziki muri Afrika" ubwo bashakaga kugaragaza ko kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
ANNE MARIE NUMUGABO WE MU MYITEGURO YO KWIBARUKA UBUHETA
Anne Marie na Slowthai umugabo we baritegura kwibaruka ubuheta.
Anne Marie wamenyekanye cyane mu njyana ya Pop, yashyize hanze amakuru avuga ko yitegura kwibaruka umwana ku nshuro ya kabiri, nyuma y'umwaka umwe we n'umugabo we,!-->!-->!-->!-->!-->…
NYUMA YO GUTERA GAPAPU UMUHUNGU WA TRUMP KU MUGORE, TIGER WOODS YAVUZE IBANGA YAKORESHEJE.
Nyuma yo gukwirakwiza amshusho abagaragaza bombi, Tiger Woods yavuze ibanga yakoresheje akegukana Vanessa Trump.
Nyuma y'imyaka 7 Vanessa Trump atandukanye n'uwahoze ari umugabo we Donald Trump Jr, umuhungu wa perezida wa Leta zunze!-->!-->!-->!-->!-->…
Kendrick Lamar, Beyoncé mu bitwaye neza muri Grammy Awards 2025
Abahanzi barimo Beyoncé na Kendrick Lamar, bari mu bitwaye neza mu bihembo bya Grammy Awards byatanzwe ku nshuro ya 67 mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru, mu birori byabereye i Los Angeles muri Leta ya California.
Kendrick Lamar!-->!-->!-->!-->!-->…
Igisubizo gikakaye Bruce Melodie yasubije “Yampano” wagaragaje ko atamuzi
Bruce Melodie yavuze ko amagambo Yampano yamuvuzeho mu minsi ishize, agaragaza ko bataziranye abantu badakwiriye kuyakuririza kuko hari impamvu yabivuze kandi ashobora kuba ari mu kuri.
Uyu muhanzi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na!-->!-->!-->…
NASTY C YAGARAGAJE IBINTU 4 BIRANGA UMURAPERI WESE UKOMEYE
Nasty C yavuze ko buri muraperi wese ukomeye kugira ngo yandike izina agomba kuba hari ibintu 4 yujuje.
Abenshi dukunze kwibaza ku myitwarire yábaraperi babaye ibyamamare, kuko usanga hari uiko bafatwa nábantu batandukanye bijyanye!-->!-->!-->!-->!-->…