Browsing Category
Imyidagaduro
Igitaramo cya Jose Chamaleone yari afite i Kigali ntikikibaye.
Igitaramo cy'umuhanzi ukomeye wo mu gihugu cya Uganda Jose Chameleone cyari giteganijwe kubera i Kigali ntabwo kikibaye.
Igitaramo cya Jose Chameleone cyari giteganyijwe kubera mu Mujyi wa Kigali ku wa 3 Mutarama 2025, cyasubitswe,!-->!-->!-->!-->!-->…
LIL WAYNE YAKIJE UMURIRO KURI KENDRICK LAMAR
LIL WAYNE YATANZE UBUTUMWA BUSHOTORA KENDRICK LAMAR WITEGURA KUZARIRIMBA MURI SUPER BOWL.
Muri Nzeri 2024, National Football League (NFL), umwe mu mikino ikunzwe muri leta zunze ubumwe za Amerika, yatangaje ko ku mukino uzabera New!-->!-->!-->!-->!-->…
NI ABAHE BAYOBOZI TRUMP AMAZE GUTUMIRA KUZITABIRA IRAHIRA RYE.
HATANGIYE KUMENYEKANA BAMWE MU BAYOBOZI BAKOMEYE BZITABIRA IRAHIRA RYA DONALD TRUMP
Donald John Trump arifuza ko umunsi we w'irahira uzaba uwamateka, akaba ari nayo mpamvu hitezwe ko hazagaragara abayobozi benshi bibihugu ndetse!-->!-->!-->!-->!-->…
Jose Chameleone yasubijwe mu bitaro arembye cyane.
Jose Chameleone yerekejwe mu bitaro bya Nakasero arembye cyane.
Kuri uyu munsi nibwo hagaragaye amafoto ya Joseph Mayanja uzwi nka Dr. Jose Chameleone, ari ku gatanda gatwara indembe ajyanwa mu mbangukiragutabara, bivugwa ko yari!-->!-->!-->!-->!-->…
MARK ANGEL YASHYIZE UMUCYO KU BIJYANYE NO GUFASHA EMMANUELLA NA SUCCESS
Nyuma y'ibyavugwaga ku bijyanye no gutandukana n'abangavu yakoreshaga, Mark Angel yagize icyo abaivugaho.
Mark Angel ni umwe mu babyarwenya bamenyekanye muri iyi myaka icumi ishize, akaba yarakoreshaga abana b'abakobwa babiri, ari!-->!-->!-->!-->!-->…
NI IBIKI LIAM PAYNE YARI AMAZE IMINSI AKORA MBERE YO KWITABA IMANA?
Uwamugurishaga ibiyobyabwenge yabumbuye umunwa avuga ibyo Liam Payne yari amaze iminsi akora mbere yo kwiyahura.
Kuwa 16 Ukwakira, 2024 nibwo Liam Payne wamenyekanye cyane mu itsinda rya One direction yitabye Imana muri hotel!-->!-->!-->!-->!-->…
KARIGOMBE YAGARUKANYE EP NSHYA NYUMA YO GUSHYIRA ALBUM YE YA MBERE HANZE.
KARIGOMBE YATEGUJE ABAKUNZI BE EP AGIYE GUSHYIRA HANZE MU MINSI YA VUBA.
Umuraperi Karigombe yateguje abakunzi b'umuziki nyarwanda umuzingo muto(EP) agiye gushyira hanze, ukaba uje ukurikiye umuzingo munini Album yise IKIROMBE CYA!-->!-->!-->!-->!-->…
JUSTIN TIMBERLAKE BITUNGURANYE YAHAGARITSE IBITARAMO BYOSE YARI AFITE.
JUSTIN TIMBERLAKE YAHAGARITSE IBITARAMO BIZENGURUKA AMERIKA YARI YARATEGUYE KUZAHAKORERA MURI UYU MWAKA.
Ni nyuma y'uburwayi amaranye iminsi ariko bukaba butamworoheye, kuburyo na nyuma yo gukira bizasaba kuzongera kugorora ijwi rye!-->!-->!-->!-->!-->…
DON JAZZY YONGEYE KWEGUKANA IGIHEMBO MURI PUSE AWARDS
DON JAZZY YEGUKANYE IGIHEMBO CY'UWAGIZE URUHARE MU KUMENYEKANA K'UMUZIKI WO MURI NIGERIA MURI 2024
Ni ibihembo byatanzwe mu byiciro bitandukanye mu gihugu cya Nigeria, biteguwe na Pulse mu rwego rwo gushimira abagize uruhare mu!-->!-->!-->!-->!-->…
UMUHANZI GUSTAVO YIYEMEJE GUSHYIRA ITAFARI MU NJYANA YA AFRO GAKO
UMUHANZI GUSTAVO YATEGUJE INDIRIMBO YE NSHYA ATANGAZA KO YIYEMEJE GUSHYIRA ITAFARI KU NJYANA YA AFRO GAKO.
Mu ntangiriro za Gicurasi 2024, nibwo abenshi bamenye amakuru ku njyana ya Afro Gako, igizwe na Afro beat ivanze n'injyana!-->!-->!-->!-->!-->…
EDDY KENZO YIREKUYE ASOBANURA IBY’UMUBANO WE NA REMA.
Eddy Kenzo yatangaje impamvu agikomeza guhura na Rema nyamara baratandukanye.
N'ubwo batakiri kumwe, Rema Namakula na Eddy Kenzo ni kenshi bahura nk'umuryango bagasangira. By'umwihariko nk'uko Eddy Kenzo yabitangaje, ahanini!-->!-->!-->!-->!-->…
RAGGA DEE YATANGAJE KO AZISHYUZA UZASHYIRA HANZE AMASHUSHO Y’IGITARAMO CYE.
RAGGA DEE YATANGAJE KO NTAWE UGOMBA KUZEREKANA AMASHUSHO Y'IGITARAMO AZAKORA ATABANJE KUMWISHYURA.
Nyuma yo guhindura amatariki y'igitaramo kubwo kurinda ubusugire bw'umubano we na King Saha nk'uko byatangajwe mu minsi ibiri ishize,!-->!-->!-->!-->!-->…
UMUTURANYI SERIES: BATATU MU BAKINAGA MURI IYI FILIME BIDASUBIRWAHO NTIBAZONGERA KUYIGARAGARAMO.
Rufonsina, Jojo na Ben ntibazongera kugaragara muri Filime y'uruhererekane "UMUTURANYI"
Ku gicamunsi cy'ejo nibwo Uwimpundu Sandrine uzwi nka Rufonsina muri filime y'uruhererekane yitwa "Umuturanyi" yatangaje ko atazongera!-->!-->!-->!-->!-->…
Babiri bari inkingi ya mwamba muri filime “Umuturanyi” bayisezeyemo
Uwimpundu Sandrine na Rurangirwa Ben basezeye muri filime Umuturanyi ya Mugisha Emmanuel bari bamazemo hafi imyaka ine.
Ni amakuru yamenyekanye kuri uyu wa 2 Nzeri 2024 yabanje kunyura mu itsinda rya WhatsApp rihuriyemo abakina!-->!-->!-->!-->!-->…
BURNA BOY YAGIZWE UMUHANZI WA MBERE W’IBIHE BYOSE MURI AFURIKA.
Burna Boy yagizwe uwa mbere mu bahanzi b'ibihe byose muri Afurika
Umwe mu bafatwa nk'abanyabigwi ndetse banakoze impinduka mu njyana ya Afro Beat akanabyemeza abakunzi b'umuziki ku isi atwara igihembo cy Grammy awards inshuro ebyiri!-->!-->!-->!-->!-->…