Browsing Category
Imyidagaduro
JEAN CLAUDE VAN DAMME YAHAKANYE KURYAMANA N’ABAGORE BACURUZWA MU BURYO BUTEMEWE.
Jean Claude Van Damme yahakanye gukorana imibonano mpuzabitsina n'abagore bacuruzwa bitemewe bavanywe hirya no hino ku isi.
Ikibazo cy'icuruzwa ry'abantu, kiri mu bihangayikishije ku isi, aho 71% by'abacuruzwa ari abagore, nk'uko!-->!-->!-->!-->!-->…
YOUNG THUG YASHINJE ABAGENZACYAHA KUMUBESHYERA MU KIREGO CYE.
Nta guca ku ruhande, Young Thug yashinje abagenzacyaha kumubeshyera.
Ishami rya polisi rishinjwe kugenza ibyaha mu mujyi wa Atalanta, muri Leta yzunze ubumwe za Amerika, rishinjwa na Young Thug kumubeshyera mu kirego!-->!-->!-->!-->!-->…
ASAKE YASHYIZWE KU NTEBE Y’ICYUBAHIRO NYUMA YO GUCA AGAHIGO.
ASAKE YAKOZE AMATEKA YO GUTANGIRA 2025 AYOBOYE ABANDI MURI 2025
Buri cyumweru, urubuga Turn Table Charts rukora urutonde rw'indirimbo zikunzwe muri Nigeria, rusohora urutonde rw'izikunzwe, cyane, akenshi bigaragazwa n'umubare!-->!-->!-->!-->!-->…
ESE KOKO AFRIKA NI AHAZAZA HA MUZIKA KU ISI?
KUKI BAMWE BAKOMEJE KWEMEZA KO MU MINSI IRI IMBERE UMUZIKI WA AFRIKA UZABA UYOBOYE KU ISI
Mu minsi yashize hakunze gukoreshwa ijambo "Music in Africa" Bishatse kuvuga "Umuziki muri Afrika" ubwo bashakaga kugaragaza ko kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
ANNE MARIE NUMUGABO WE MU MYITEGURO YO KWIBARUKA UBUHETA
Anne Marie na Slowthai umugabo we baritegura kwibaruka ubuheta.
Anne Marie wamenyekanye cyane mu njyana ya Pop, yashyize hanze amakuru avuga ko yitegura kwibaruka umwana ku nshuro ya kabiri, nyuma y'umwaka umwe we n'umugabo we,!-->!-->!-->!-->!-->…
NYUMA YO GUTERA GAPAPU UMUHUNGU WA TRUMP KU MUGORE, TIGER WOODS YAVUZE IBANGA YAKORESHEJE.
Nyuma yo gukwirakwiza amshusho abagaragaza bombi, Tiger Woods yavuze ibanga yakoresheje akegukana Vanessa Trump.
Nyuma y'imyaka 7 Vanessa Trump atandukanye n'uwahoze ari umugabo we Donald Trump Jr, umuhungu wa perezida wa Leta zunze!-->!-->!-->!-->!-->…
Kendrick Lamar, Beyoncé mu bitwaye neza muri Grammy Awards 2025
Abahanzi barimo Beyoncé na Kendrick Lamar, bari mu bitwaye neza mu bihembo bya Grammy Awards byatanzwe ku nshuro ya 67 mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru, mu birori byabereye i Los Angeles muri Leta ya California.
Kendrick Lamar!-->!-->!-->!-->!-->…
Igisubizo gikakaye Bruce Melodie yasubije “Yampano” wagaragaje ko atamuzi
Bruce Melodie yavuze ko amagambo Yampano yamuvuzeho mu minsi ishize, agaragaza ko bataziranye abantu badakwiriye kuyakuririza kuko hari impamvu yabivuze kandi ashobora kuba ari mu kuri.
Uyu muhanzi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na!-->!-->!-->…
NASTY C YAGARAGAJE IBINTU 4 BIRANGA UMURAPERI WESE UKOMEYE
Nasty C yavuze ko buri muraperi wese ukomeye kugira ngo yandike izina agomba kuba hari ibintu 4 yujuje.
Abenshi dukunze kwibaza ku myitwarire yábaraperi babaye ibyamamare, kuko usanga hari uiko bafatwa nábantu batandukanye bijyanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Kidumu azasusurutsa Abanyarwanda ku munsi w’abakundanye
Umuhanzi w'umurundi umaze imyaka itari mike yarigaruriye imitima y'Abanyarwanda batari bake ategerejwe i Kigali kuri Saint Valentin.
Umuhanzi NIMBONA Jean Pierre uzwi cyane ku izina rya Kidumu yitezwe mu birori by’igitaramo byiswe!-->!-->!-->…
Igitaramo cya Jose Chamaleone yari afite i Kigali ntikikibaye.
Igitaramo cy'umuhanzi ukomeye wo mu gihugu cya Uganda Jose Chameleone cyari giteganijwe kubera i Kigali ntabwo kikibaye.
Igitaramo cya Jose Chameleone cyari giteganyijwe kubera mu Mujyi wa Kigali ku wa 3 Mutarama 2025, cyasubitswe,!-->!-->!-->!-->!-->…
LIL WAYNE YAKIJE UMURIRO KURI KENDRICK LAMAR
LIL WAYNE YATANZE UBUTUMWA BUSHOTORA KENDRICK LAMAR WITEGURA KUZARIRIMBA MURI SUPER BOWL.
Muri Nzeri 2024, National Football League (NFL), umwe mu mikino ikunzwe muri leta zunze ubumwe za Amerika, yatangaje ko ku mukino uzabera New!-->!-->!-->!-->!-->…
NI ABAHE BAYOBOZI TRUMP AMAZE GUTUMIRA KUZITABIRA IRAHIRA RYE.
HATANGIYE KUMENYEKANA BAMWE MU BAYOBOZI BAKOMEYE BZITABIRA IRAHIRA RYA DONALD TRUMP
Donald John Trump arifuza ko umunsi we w'irahira uzaba uwamateka, akaba ari nayo mpamvu hitezwe ko hazagaragara abayobozi benshi bibihugu ndetse!-->!-->!-->!-->!-->…
Jose Chameleone yasubijwe mu bitaro arembye cyane.
Jose Chameleone yerekejwe mu bitaro bya Nakasero arembye cyane.
Kuri uyu munsi nibwo hagaragaye amafoto ya Joseph Mayanja uzwi nka Dr. Jose Chameleone, ari ku gatanda gatwara indembe ajyanwa mu mbangukiragutabara, bivugwa ko yari!-->!-->!-->!-->!-->…
MARK ANGEL YASHYIZE UMUCYO KU BIJYANYE NO GUFASHA EMMANUELLA NA SUCCESS
Nyuma y'ibyavugwaga ku bijyanye no gutandukana n'abangavu yakoreshaga, Mark Angel yagize icyo abaivugaho.
Mark Angel ni umwe mu babyarwenya bamenyekanye muri iyi myaka icumi ishize, akaba yarakoreshaga abana b'abakobwa babiri, ari!-->!-->!-->!-->!-->…