Browsing Category
Imyidagaduro
IBYO BILLIE EILISH YABWIYE VICTONY MU IJORO RYAKEYE BYAMUTEYE KURARA ADASINZIRIYE.
Mu ijoro ryakeye, Billie Eilish ubwo yari kumwe na Victony, yamukoreye ijoro atazibagirwa mu munota ubwo bari muri Golden Globes Awards 2024
Ku munsi w'ejo habaye ibirori bikomeye cyane byo gutanga ibihembo bya Golden Globes!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore amafoto ya Sadio Mané nyuma yo gukora Ubumwe.
Rutahizamu Sadio Mané aherutse gukora ubukwe aya ni namwe mu mafoto ari kumwe n’umugorewe baherutse kurushinga witwa Aisha Tamba.
Ni mubirori byabereye mu murwa mukuru wa Senegal i Dakar mu nyubako ya Keur Massar.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ni iki Netflix ihishiye abakunzi bayo muri 2024?
Guhera muri Mutarama, Netflix yatangiye gushyira ahagaragara bike muri byinshi ifitiye abayikoresha.
Umwaka ushize wa 2023, wabaye umwaka mwiza cyane cyane ku bakunzi ba firime zitandukanye harimo nka May december, The killer!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
BITE BY’IYI FIRIME MBARANKURU YA NETFLIX YATEYE UBWOBA ABANTU BOSE BAYIREBYE ?
Abarebye iyi firime mbarankuru ya netflix bose basigaye batengurwa nyuma yo kumva no kureba inkuru iri muri firime yitwa " HELL CAMP"
Ni firime ikomeje kurebwa cyane kuri uru rubuga igaragaza umwana muto uvuga uko yamaze iminsi 63!-->!-->!-->!-->!-->…
BRITNEY SPEARS YATANGAJE KO AGIYE GUSEZERA UMUZIKI
Britney Spears yavuze ko atazongera kugaragara mu bikorwa byose bifite aho bihuriye n'umuziki.
Uyu muhanzikazi wari umaze imyaka isaga 16 mumuziki akora injyana ya Pop yatumye aba icyamamare kugeza n'ubu, yatangaje ko atazongera!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuramyi Israel Mbonyi yongeye akora ku mitima y’abakunzi be
Umuhanzi Israel Mbonyicyambu uzwi cyane nka Mbonyi yongeye kwandika amateka yo kuzuza inzu y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena mu gitaramo cya Noheli yise ‘Icyambu Live Concert II’.
Ni igitaramo cyabaye ku itariki ya 25 Ukuboza!-->!-->!-->!-->!-->…
Safi Madiba yanyomoje amakuru yavugaga ko Itsinda rya Urban Boys rigiye kongera gusubirana
Safi Madiba wahoze aririmba mu itsinda rya Urban boys yanyomoje amakuru yavugaga ko iryo tsinda ryaba rigiye kongera gushyira hamwe.
Abakurikiranira hafi amakuru y'imyidagaduro mu Rwanda bamaze bahwihwisa ko itsinda rya Urbam boys!-->!-->!-->!-->!-->…
Kendrick Lamar waraye utaramiye abanya-Kigali akanyura abatari bake harimo na Pr. Kagame ni muntu…
Kendrick Lamar yaraye ataramiye muri Kigali BK Arena anyura abatari bake harimo na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.
Kendrick Lamar afite imyaka 36, yavukiye mu gace kitwa Compton muri Leta ya California muri Amerika, yitwa!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ubanguke” – Indirimbo nshya ya King James yakoreye muri Amerika
King James yashyize hanze indirimbo ye nshya yise ‘Ubanguke’ yari amaze imyaka irenga ibiri afatiye amashusho ariko atarajya hanze.
Iyi ndirimbo ni imwe mu zo King James yakoreye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mwaka wa 2021.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
“Tugumane” Indirimbo nshya ya Israel Mbonyi yishimiwe na benshi
Umuhanzi wamenyekanye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yashyize hanze indirimbo ‘Tugumane’ abenshi batangira kugaragaza kuyishimira.
Indirimbo ‘Tugumane’ yashyizwe hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere!-->!-->!-->!-->!-->…
YA MICROFONE CARDI B YATEYE UMUFANA UBU IRENDA KUGURWA AKAYABO
NYUMA Y'IMINSI ITATU CARDI B ATEYE UMUFANA MICROFONE, IGIYE KUGURISHWA AKAYABO
Ku itariki ya 29 Nyakanga, 2023, uyu muraperikazi w'Umunyamerika w'imyaka 30 yakoze igitaramo i Las Vegas mu masaha y'umugoroba. Agashya kabereyemo ni!-->!-->!-->!-->!-->…
IBITEKEREZO BIRACYARI BYINSHI NYUMA Y’UKO MARVEL STUDIOS IKOMEJE KUTAVUGWAHO RUMWE.
ABENSHI MU BAKURIKIRANA FRIME ZIKORWA NA MARVEL BAVUGA KO ISHINGIYE KU BITEKEREZO NYAMARA NTACYO ZIGISHA ABAZIREBA.
Niba umaze imyaka itari munsi ya 15 ku isi, waba bazi firime zirimo THE PUNISHER SPIDER MAN HULK AVENGERS n'izindi!-->!-->!-->!-->!-->…
Bruce Melody yahakanye amakuru yavugaga yahagarikiwe igitaramo i Burundi
Bruce Melody yateye utwatsi amakuru yavugaga ko polisi y'i Burundi yamuhagarikiye igitaramo ubwo yari yitabiriye ibitaramo bya Primusic.
Kuri uyu wa mbere taliki ya 31/07/2023 Bwana Bruce Melody uzwi cyane mu ruhando rwa muzika mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi ukomeye Johnny Drille yakoze ubukwe mu ibanga
Umuririmbyi w’Umunya-Nigeria, John Ighodaro wamenyekanye nka Johnny Drille agakundirwa cyane indirimbo ze z’urukundo, yatunguye benshi ubwo hajyaga amafoto hanze y’ubukwe bwe yakoze mu ibanga.
Aya makuru yatangajwe n’Umuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Serena Gomez ati” nta byiyumviro mfitiye abo nahagaritse gukurikirana ku rubuga…
Serena Gomez yavuze ko abrimo Zayn yahagaritse gukurikirana nta byiyumviro abafitiye
Byatunguye benshi ubwo uyu muhanzikazi uheruka gukorana indirimbo na Rema yitwa Calm down bayisubiramo(Remix), yahagarikaga gukurikirana bamwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…