Browsing Category
Mu Mahanga
M23 yatanze umucyo ku mibare y’abapfiriye mu mirwano yo gufata umujyi wa Goma
Umutwe wa AFC/M23 wasohoye raporo ushaka kuvuguruza bimwe mu birego warezwe mu mezi ashize birimo imfu z'abantu benshi mu mujyi wa Goma, n'ubwicanyi ku bana mu mujyi wa Bukavu mu gihe cy'ifatwa ry'iyi mijyi y'intara ya Kivu ya Ruguru!-->!-->!-->…
Bwa mbere kuva yavugwa i Goma, Joseph Kabila yagaragaye mu ruhame
Nyuma y'iminsi avugwa ko ari mu mujyi wa Goma, kuri uyu munsi Bwana Joseph Kabila wahoze ayobora Congo yagaragaye mu ruhame bikuraho gushidikanya ku makuru yavugaga ko ari muri uwo mujyi.
Umuvugizi w’umutwe wa M23 yatangaje amafoto ya!-->!-->!-->…
UPDF irashinja ambasaderi w’Ubudage kuba mu ‘bikorwa byo guhirika ubutegetsi’
Igisirikare cya Uganda kirashinja ambasaderi w'igihugu cy'Ubudagi kuba inyuma y'abashaka guhirika ubutegetsi bya Uganda.
Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko gihagaritse ubufatanye bwose bwa gisirikare cyari gifitanye n'Ubudage!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Sena yemeje ko Joseph Kabila yamburwa ubudahangarwa
Ku bwiganze, abasenateri ba DR Congo bemeje kwambura ubudahangarwa uwahoze ari perezida Joseph Kabila, ni nyuma y'uko ubushinjacyaha bwa gisirikare busabye ko yamburwa ubudahangarwa kugira ngo bumurege mu nkiko.
Kabila, usanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Ministre w’ubutabera yahakanye ikirego cyo kunyereza asaga Miliyoni 19$
Minisitiri w'ubutabera muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo (DRC) Bwana Constant Mutamba yahakanye ibirego ashinjwa na Leta ye, ibirego birimo kuba uwo mugabo yaranyereje akayabo k'amafaranga yari agenewe umushinga mugari wo!-->!-->!-->…
Kinshasa: Ubushinjacyaha bwasabye ko Minisitiri w’Ubutabera yamburwa ubudahangarwa
Umushinjacyaha Mukuru mu Rukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye Inteko Ishinga Amategeko y’icyo gihugu kwambura Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba, ubudahangarwa kugira ngo akurikiranwe.
Aya!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Ministre w’intebe Lt. Gen. Ndirakobuca Gervais yashyizwe mu kiruhuko…
Mu gihugu cy’u Burundi hakomeje kuvugwa inkuru ya Minisitiri w’Intebe Lt Gen de Police Gervais Ndirakobuca wamenyekanye ku izina ‘Ndakugarika’ wasezerewe muri Polisi y’igihugu.
Ndirakobuca wavukiye Bukinanyana mu Ntara ya Cibitoke!-->!-->!-->!-->!-->…
Joe Biden yasanzwemo Cancer ya Prostate yatangiye kumumunga amagufwa
Perezida Joe Biden wayoboye Leta Zunze ubumwe za Amerika muri manda imwe y'imyaka ine, abaganga bamuzura baremeza ko basanze uyu musaza yararenzwe n'indwara ya canseri ya prostate ku buryo bukabije kugeza ubwo iyo ndwara yatangiye!-->!-->!-->…
DRC: Gatolika irasanga gufunga amabanki mu bice byafashwe na AFC/M23 bishyira rubanda mu kangaratete
Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yanenze icyemezo cya Leta cyo gufunga banki n’ibibuga by’indege mu bice bigenzurwa n’ihuriro AFC/M23.
Leta ya RDC yahagaritse ibi bikorwaremezo ubwo AFC/M23 yafataga!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC na M23 bemeye guhagarika intambara
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n'umutwe w'inyeshyamba uyirwanya wa M23 bemeranyije ku gahenge hagamijwe guhagarika imirwano "mu buryo bw'ingirakamaro", "nyuma y'ibiganiro byo kubwizanya ukuri kandi byubaka" bagiranye i Doha!-->!-->!-->…
Perezida Trump arashinja Zelensky gutangiza intambara nyuma y’igitero gikomeye…
Perezida w'Amerika Donald Trump yashinje Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky gutangiza intambara igihugu cye kirwana n'Uburusiya, nyuma y'umunsi igitero gikomeye cy'Uburusiya cyishe abantu nibura 35 gikomeretsa abandi 117 muri!-->!-->!-->…
184 BAHITANYWE N’IMPANUKA YABEREYE MU KABYINIRO.
Impanuka yaraye ibereye mu kabyiniro ihitana abantu184 muri Santo Domingo
Mu ijoro ryakeye habaye impanuka muri Repubulika y'Abadominikani, mu mujyi wa Santo Domingo, mu kabyiniro karimo abagera ku 184, akaba aricyo kiza gikaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudan y’Epfo yavuye ku izima yakira umuturage wirukanywe muri USA, nayo irakomorerwa kuri Visa
Sudani y'Epfo yavuze ko yemera kwakira umugabo wirukanwe na Amerika, mu cyemezo cyo guca bugufi kugira ngo Amerika ireke icyemezo cyayo cyo gukuraho visa ku baturage ba Sudani y'Epfo bose.
Ku wa gatandatu, minisitiri w'ububanyi!-->!-->!-->!-->!-->…
MARINE LE PEN: ABANYAPOLITIKE BARASHAKA KUNSHECEKESHA.
Marine Le Pen avuga ko abanyapolitike bashaka kumucecekesha bamutangatanga ngo ataziyamamaza muri 2027.
Marine Le Pen ni umwe mu bagore basigaye mu mitwe ya benshi nyuma yo kwiyamamariza kuyobora Ubufaransa, ubwo perezida Emmanuel!-->!-->!-->!-->!-->…
France: Leta igiye gushyira imbaraga mu guhiga no guta muri yombi abakekwaho Genocide yakorewe…
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yavuze ko Igihugu ayoboye kigiye gushyira imbaraga nyinshi mu guta muri yombi abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umukuru w’Igihugu w’u Bufaransa yabikomojeho mu!-->!-->!-->!-->!-->…