Browsing Category
Mu Mahanga
DRC: M23 yafashe agace k’ingenzi muri Lubero
Umutwe witwaje intwaro wa M23 kuri uyu wa 16 Ukuboza 2024 wafashe agace ka Alimbongo muri teritwari ya Lubero nyuma y’imirwano ikomeye yayihanganishije n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro rya Wazalendo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Russia: Lt Gen Igor Kirillov wari mu bakomeye mu ngabo z’Uburusiya yiciwe i Moscow
Lt Gen Igor Kirillov wari umuyobozi w’ingabo z’u Burusiya zikoresha intwaro kirimbuzi, iz’ibinyabutabire n’izangiza ibinyabuzima ndetse n’umwungirije, baturikanywe n’igisasu mu gitondo cyo kuri uyu wa 17 Ukuboza 2024.
Nk’uko!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 yerekanye abasirikare ba FARDC yafashe mpiri mu rugamba
Umutwe wa M23 ku wa Mbere tariki ya 9 Ukuboza werekanye abasirikare bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bafatiye mu mirwano ikomeje gusakiranya impande zombi.
Umuvugizi w’Igisirikare cy’uyu mutwe, Lt Col!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi y’Ubutaliyani yataye muri yombi umubikira ucyekwaho gukorana n’aba…
Polisi y'Ubutaliyani yavuze ko umubikira ari umwe mu bantu 25 batawe muri yombi mu majyaruguru y'icyo gihugu, bijyanye n'iperereza ku bico by'abagizi ba nabi bazwi nk'aba 'mafia'.
Uwo mubikira, ibitangazamakuru byo mu Butaliyani!-->!-->!-->!-->!-->…
France: Minisitiri w’intebe wari umazeho amezi atatu gusa yegujwe ajyana na guverinoma ye.
Inteko Ishinga Amategeko yo mu gihugu cy'Ubufaransa, yaraye yeguje Guverinoma iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Michel Barnier wari umaze amezi atatu afashe izo nshingano.
Amashyaka atavuga rumwe na Leta yahuje imbaraga yishyira hamwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania: Ishyaka CCM rya Samia Suluhu ryatsinze amatora ku majwi 99%
Leta ya Tanzania – biciye kuri minisitiri mu biro bya perezida ushinzwe ubutegetsi bw’igihugu – yatangaje ko ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM) ryatsinze amatora y’ubutegetsi bw’imbere mu gihugu ku majwi 99%.
Ayo majwi yabonywe n’iri!-->!-->!-->!-->!-->…
Australia: Hashyizweho itegeko rikumira abana gukoresha imbuga nkoranyambaga
Inteko Ishinga Amategeko ya Australia yemeje umushinga w’itegeko ribuza abana bari munsi y’imyaka 16, gukoresha imbuga nkoranyambaga.
Iri tegeko ribuza umuntu uwo ari we wese kwemerera umwana uri munsi y’imyaka 16 kuba yakoresha!-->!-->!-->!-->!-->…
Israel igiye kujuririra icyemezo cya ICC kigamije guta muri yombi abayobozi bayo
Israel yavuze ko izajurira ku nyandiko zo guta muri yombi Minisitiri w'intebe Benjamin Netanyahu n'uwahoze ari Minisitiri w'ingabo Yoav Gallant zasohowe n'urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC) rubarega ibyaha byo mu ntambara muri Gaza.!-->!-->!-->…
Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Natanyahu yashyiriweho impapuro zimuta muri yombi
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwashyizeho impapuro zo guta muri yombi Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu ndetse na Yoav Gallant wahoze ari Minisitiri w’Ingabo muri iki gihugu. Bombi bazishyiriweho kubera ibyaha!-->!-->!-->…
Col. Rtd Dr Kizza Besigye yatawe muri yombi
Umunyapolitike Kizza Besigye utavuga rumwe n’Ubutegetsi buriho muri Uganda yafungiwe muri gereza ya gisirikare i Kampala nyuma y’iminsi micye yari amaze muri Kenya.
Ni ibyatangajwe kuri uyu wa Gatatu, tariki 20 Ugushyingo 2024, na!-->!-->!-->!-->!-->…
Tchad: Boko Haram yagabye igitero gikomeye yica abasirikare ba Leta 40
Umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram wagabye igitero ku kigo cya gisirikare cya Tchad mu ijoro ryo ku wa 27 Ukwakira 2024, wicamo abasirikare bagera kuri 40.
Ibiro ntaramakuru AFP by’Abafaransa byatangaje ko iki kigo cyegereye akarere!-->!-->!-->!-->!-->…
Kutantora yaba ari amwe mu mahitamo mabi mwaba mukoze mu buzima – Donald Trump
Bwana Donald Trump wigeze kuba perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika akaba yifuza kongera guhatanira uno mwanya, yasabye abanyamerika kumugirira icyizere bakamutora kuko aribwo bazagira amahoro.
Ibi Donald Trump yongeye abwira!-->!-->!-->!-->!-->…
Malawi: Umunyapolitike ukomeye arashinjwa gucura umugambi wo kwica Perezida
Umunyapolitike ukomeye utavuga rumwe n'ubutegetsi muri Malawi yarezwe gucura umugambi wo kwica Perezida w'icyo gihugu Lazarus Chakwera.
Patricia Kaliati, umunyamabanga mukuru w'ishyaka UTM, yatawe muri yombi mu cyumweru gishize!-->!-->!-->!-->!-->…
Imashini (Robot) yabeshye umusore birangira yiyahuye
Amakuru avuga ko uwo musore yandikiranaga niryo Robot, azi ko ari umukobwa bari kwandikirana amagambo y'urukundo kuburyo uwo musore yahise asaba iryo Robot ko yajya kurisura mu rugo.
Muri Amerika haravugwa umubyeyi watanze ikirego!-->!-->!-->!-->!-->…
Donald TRUMP arashinja Biden na Zelensky kuba ba nyirabayazana b’intambara ya Ukraine na…
Bwana Donald Trump wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika arasanga Perezida Joe Biden wamusimbuye na Zelensky aribo bateye intambara igihugu cya Ukraine kimaze igihe kirwana n'Uburusiya.
Donald Trump avuga ko Volodymyr!-->!-->!-->!-->!-->…