Browsing Category
Mu Mahanga
Bujumbura: Abantu 9 bakomerekeye mu gitero cyabereye ahahoze isoko rikuru
Abantu bagera ku icyenda nibo bakomerekeye mu gitero cy'iterabwoba cyabereye mu murwa mukuru w'u Burundi cyibasira ahahoze isoko rikuru rya Bujumbura.
Amakuru aturuka mu gihugu cy'U Burundi, aravuga ko abantu bagera ku icyenda aribo!-->!-->!-->!-->!-->…
SADC yaburiye ko igiye gukora ibitero byo ‘kurangiza’ M23
Umuryango w’ubukungu w’ibihugu bya Afurika y’amajyepfo, SADC, watangaje ko umutwe w’ingabo zawo zoherejwe mu butumwa muri DR Congo ugiye gukora ibitero, ufatanyije n’ingabo za leta, byo “kurangiza inyeshyamba za M23 no kugarura amahoro!-->!-->!-->…
U Burusiya bwaburiye u Bufaransa n’u Bwongereza
Umuvugizi w’ibiro bya Perezida w’u Burusiya, Dmitry Peskov, yaburiye Leta y’u Bufaransa n’iy’u Bwongereza byateguje ko bishobora gufata ibyemezo ko ntambara igihugu cye kirimo muri Ukraine, ahamya ko byatuma umutekano w’umugabane w’u!-->!-->!-->…
Tshisekedi yasubiye muri Congo igitaraganya adasoje uruzinduko i Burayi
Ibiro bya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, Félix Tshisekedi wari umaze iminsi mu ruzinduko mu Bufaransa, byatangaje ko agiye kugaruka mu gihugu igitaraganya nyuma y’uko mu nkambi ya Mugunga iherereye hafi!-->!-->!-->…
Afghanistan: Abataramenyekana bagabye igitero ku musigiti 6 bahasiga ubuzima
Abantu batandatu baguye mu gitero cyagabwe ku musigiti uherereye Mujyi wa Andisheh mu karere ka Guzara mu Ntara ya Herat muri Afghanistan.
Umuvugizi wa Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Abdul Mateen Qani, yatangaje ko umuntu!-->!-->!-->!-->!-->…
Hasobanuwe impamvu yatumye Kenya Airways ihagaritse ingendo zijya i Kinshasa
Kuri uyu wa Mbere tariki 29 Mata 2024, Sosiyete y’Abanya-Kenya ikora ubwikorezi bwo mu kirere, Kenya Airways, yafashe icyemezo cyo guhagarika ingendo z’indege zayo zijya i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC),!-->!-->!-->…
DRC: Sakwe sakwe nyuma y’uko ubushinjacyaha bushaka gukurikirana Cardinal wa Kinshasa
Abanyecongo bakiriye ugutandukanye kuba ubucamanza bw’iki gihugu bushaka gukurikirana Cardinal Fridolin Ambongo Besungu wa Kinshasa akaba n’umukuru w’inama y’abepiskopi ba Afurika na Madagascar.
Kuwa gatandatu, umushinjacyaha mukuru mu!-->!-->!-->…
Haiti: Minisitiri w’Intebe yeguye, hashyirwaho Guverinoma nshya
Minisitiri w’Intebe wa Haiti, Ariel Henry, yeguye ku mirimo ye nyuma yo kujya kuri uwo mwanya ku mugaragaro mu 2021, ubwo Perezida Jovenel Moise yari amaze kwicwa, ubu uwo mwanya wa Minisitiri w’Intebe ukaba wahise ujyamo ku buryo!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Abarenga 150 bahitanywe n’imvura
Minisitiri w’Intebe muri Tanzania Bwana KASSIM MAJALIWA kuri uyu wa 25 Mata 2024 yatangaje ko abantu bagera ku 155 bahitanywe n'imvura nyinshi imaze iminsi igwa muri icyo gihugu ikaba kandi ifitanye isano n’umuyaga uzwi nka El Niño!-->!-->!-->…
Minisitiri wungirije w’ingabo w’Uburusiya arashinjwa kwakira ruswa
Minisitiri wungirije w'ingabo w'Uburusiya yashinjwe kwakira ruswa agumishwa muri gereza n'urukiko rwo mu murwa mukuru Moscow.
Timur Ivanov, waburanye ahakana ibyo aregwa, ashinjwa kwakira ruswa "nyinshi ku kigero kidasanzwe".
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Goma: Umu GP yarashe abantu 3 muri Resitora barapfa
Umwe mu basirikare barinda umutekano wa Perezida wa DRC yaraye arashe ku bakiriya bari muri resitora mu mujyi wa Goma hapfamo batatu.
Umusirikare utatangarijwe amazina ukorera mu mutwe w'ingabo zirinda umukuru w'igihugu muri Congo!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Pasiteri yahaye umwana imiti kugirango nasinzira aze kumuzura ariko aranga arapfa
I Lubumbashi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, umupasiteri w’itorero ry’ububyutse yumvikanye n’umugabo n’umugore bizerwa mu itorero rye guha umwana wabo ibiyobyabwenge byinshi (ibinini bisinziriza) kugirango bahite bavuga!-->!-->!-->…
DRC: M23 yahaye isomo FARDC n’abambari be yigarurira utundi duce tutari duke
Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa DRC wamaze kwigarurira utundi duce tutari duke nyuma y'imirwano ikaze yawushyamiranije n'ingabo za Leta n'indi mitwe iyifasha harimo wazalendo, FDLR n'indi myinshi.
Ni nyuma y’urugamba rwayihuje!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwari Uherutse Gushingwa Kuyobora Ingabo Muri Kivu Ya Ruguru Yahamagajwe Igitaraganya
Général Major Chicko Tshitambue na bagenzi be baraye bohererejwe ubutumwa bw’uko bagomba gusubira i Kinshasa kugira ngo bagire ibyo babazwa ku biri kubera mu gace bashinzwe kuyoboramo ingabo.
Aho ni mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudani y’Epfo: Amashuri yose yafunzwe kubera ubushyuhe
Minisiteri y’Ubuzima muri Sudani y’Epfo yatangaje ko amashuri yose yahagaritswe kubera ikibazo cy’ubushyuhe bukabije bwugarije iki gihugu, ku buryo hari impunge ko bwagira ingaruka ku buzima bw’abatutage by’umwihariko abanyeshuri.
!-->!-->!-->!-->!-->…
![RPF](https://indorerwamo.com/wp-content/uploads/2024/06/image-144.png)