Browsing Category
Mu Mahanga
DRC: M23 yigaruriye Radio na TV bya Leta ishami rya Goma
Ishami rya Tereviziyo na Radiyo by'igihugu (RTNC) rikorera i Goma ryigaruriwe n'umutwe wa M23 nyuma yo gufata byinshi mu bice bigize uwo mujyi.
Umutwe w'ingabo za M23 umaze igihe uri mu mirwano n'ingabo z'igihugu FARDC ubu bikaba!-->!-->!-->!-->!-->…
“Twasubiye inyuma ku bushake, twanze ko hameneka amaraso y’abaturage”: General…
Umuvugizi w'ingabo za Congo Sylvain Ekenge yavuze ko ingabo avugira zitatsinzwe i Goma ko ahubwo bahisemo kurekura umujyi banga ko abaturage benshi bahasiga ubuzima.
Nyuma y'aho kuri uyu wa mbere umutwe wa M23 wemeje ko umaze!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho, umujyi wa Goma wamaze kujya mu maboko ya M23
Inyeshyamba za M23 zatangaje ko zafashe umujyi wa Goma, umurwa mukuru w'intara ya Kivu ya Ruguru muri Repubukika ya Demokarasi ya Congo.
Uruhande rwa leta, kugeza ku cyumweru nijoro rwari rugisaba igisirikare kurwana kuri uyu mujyi!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 yigaruriye utundi duce tw’ingenzi itwomeka kuri Minova yahereyeho
Umutwe wa M23 nyuma yo kwigarurira Umujyi wa Minova wo muri Teritwari ya Karehe muri Kivu y’Amajyepfo, kuri uyu wa Mbere wigaruriye utundi duce tw’ingenzi.
Uduce uyu mutwe wigaruriye turimo Centre ya Bweramana iherereye ku nkombe!-->!-->!-->…
RD Congo: Abashinwa batawe muri yombi bafite zahabu na $800,000 ‘cash’
Abategetsi bavuga ko Abashinwa batatu batawe muri yombi bafite ibipande 12 bya zahabu n'amadolari y'Amerika 800,000 'cash' mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Ayo madolari angana na miliyari imwe uyavunje mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu 71 bahitanwe n’impanuka
Impanuka y'imodoka yabereye mu majyepfo ya Ethiopia muri Leta ya Sidama yahitanye abantu 71, nk'uko byemejwe n'inzego z'ubuyobozi zo muri ako gace.
Ni ikamyo bivugwa ko yari irate abantu benshi, yaguye mu mugezi wiroha mu ruzi!-->!-->!-->…
Mozambique: Abashyigikiye umukandida watsinzwe amatora bongeye kwigaragambya
Imyigaragambyo yongeye kwaduka muri Mozambique nyuma yuko urukiko rurusha izindi ububasha rwemeje ko umukandida Daniel Chapo w’ishyaka riri ku butegetsi ari we watsinze amatora ya perezida yateje impaka yabaye mu Kwakira uyu mwaka.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Tshisekedi yakoze impinduka zikomeye mu buyobozi bukuru bw’ingabo
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yashyizeho umugaba mukuru w'ingabo mushya, muri zimwe mu mpinduka zikomeye cyane kandi nyinshi akoze mu buyobozi bukuru bw'ingabo kuva intambara n'inyeshyamba za M23!-->!-->!-->…
Uhuru Kenyatta wigeze kuyobora Kenya yiyemeje guhuza RDC n’umutwe wa M23
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wungirije ushinzwe umubano na Afurika, Molly Phee, yatangaje ko Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya yiyemeje guhuza ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe witwaje!-->!-->!-->…
Uganda: Gen. Muhoozi Kainerugaba yandagaje umwungiriza we mu gisirikare cya UPDF
Umugaba mukuru w'igisirikare cya Uganda Muhoozi Kainerugaba yavuze Lt Gen Elwelu usanzwe ari umwungiriza we mu gisirikare cya Uganda ko ari igicucu cyirirwa cyihisha inyuma ya perezida Museveni.
Gen Muhoozi mu butumwa yanyujije ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Ambasaderi wa Uganda muri DRC yasabwe gusobanura ibyavuzwe n’umuhungu wa Museveni
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yaraye ihamagaje uhagarariye by'agateganyo ambasaderi wa Uganda muri icyo gihugu imusaba ibisobanuro ku magambo yatangajwe n'umugaba mukuru w'ingabo za Uganda akaba n'umuhungu wa perezida.
!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 yafashe agace k’ingenzi muri Lubero
Umutwe witwaje intwaro wa M23 kuri uyu wa 16 Ukuboza 2024 wafashe agace ka Alimbongo muri teritwari ya Lubero nyuma y’imirwano ikomeye yayihanganishije n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro rya Wazalendo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Russia: Lt Gen Igor Kirillov wari mu bakomeye mu ngabo z’Uburusiya yiciwe i Moscow
Lt Gen Igor Kirillov wari umuyobozi w’ingabo z’u Burusiya zikoresha intwaro kirimbuzi, iz’ibinyabutabire n’izangiza ibinyabuzima ndetse n’umwungirije, baturikanywe n’igisasu mu gitondo cyo kuri uyu wa 17 Ukuboza 2024.
Nk’uko!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 yerekanye abasirikare ba FARDC yafashe mpiri mu rugamba
Umutwe wa M23 ku wa Mbere tariki ya 9 Ukuboza werekanye abasirikare bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bafatiye mu mirwano ikomeje gusakiranya impande zombi.
Umuvugizi w’Igisirikare cy’uyu mutwe, Lt Col!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi y’Ubutaliyani yataye muri yombi umubikira ucyekwaho gukorana n’aba…
Polisi y'Ubutaliyani yavuze ko umubikira ari umwe mu bantu 25 batawe muri yombi mu majyaruguru y'icyo gihugu, bijyanye n'iperereza ku bico by'abagizi ba nabi bazwi nk'aba 'mafia'.
Uwo mubikira, ibitangazamakuru byo mu Butaliyani!-->!-->!-->!-->!-->…