Browsing Category
Mu Mahanga
Tanzania: Ishyaka CCM rya Samia Suluhu ryatsinze amatora ku majwi 99%
Leta ya Tanzania – biciye kuri minisitiri mu biro bya perezida ushinzwe ubutegetsi bw’igihugu – yatangaje ko ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM) ryatsinze amatora y’ubutegetsi bw’imbere mu gihugu ku majwi 99%.
Ayo majwi yabonywe n’iri…
Australia: Hashyizweho itegeko rikumira abana gukoresha imbuga nkoranyambaga
Inteko Ishinga Amategeko ya Australia yemeje umushinga w’itegeko ribuza abana bari munsi y’imyaka 16, gukoresha imbuga nkoranyambaga.
Iri tegeko ribuza umuntu uwo ari we wese kwemerera umwana uri munsi y’imyaka 16 kuba yakoresha…
Israel igiye kujuririra icyemezo cya ICC kigamije guta muri yombi abayobozi bayo
Israel yavuze ko izajurira ku nyandiko zo guta muri yombi Minisitiri w'intebe Benjamin Netanyahu n'uwahoze ari Minisitiri w'ingabo Yoav Gallant zasohowe n'urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC) rubarega ibyaha byo mu ntambara muri Gaza.…
Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Natanyahu yashyiriweho impapuro zimuta muri yombi
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwashyizeho impapuro zo guta muri yombi Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu ndetse na Yoav Gallant wahoze ari Minisitiri w’Ingabo muri iki gihugu. Bombi bazishyiriweho kubera ibyaha…
Col. Rtd Dr Kizza Besigye yatawe muri yombi
Umunyapolitike Kizza Besigye utavuga rumwe n’Ubutegetsi buriho muri Uganda yafungiwe muri gereza ya gisirikare i Kampala nyuma y’iminsi micye yari amaze muri Kenya.
Ni ibyatangajwe kuri uyu wa Gatatu, tariki 20 Ugushyingo 2024, na…
Tchad: Boko Haram yagabye igitero gikomeye yica abasirikare ba Leta 40
Umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram wagabye igitero ku kigo cya gisirikare cya Tchad mu ijoro ryo ku wa 27 Ukwakira 2024, wicamo abasirikare bagera kuri 40.
Ibiro ntaramakuru AFP by’Abafaransa byatangaje ko iki kigo cyegereye akarere…
Kutantora yaba ari amwe mu mahitamo mabi mwaba mukoze mu buzima – Donald Trump
Bwana Donald Trump wigeze kuba perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika akaba yifuza kongera guhatanira uno mwanya, yasabye abanyamerika kumugirira icyizere bakamutora kuko aribwo bazagira amahoro.
Ibi Donald Trump yongeye abwira…
Malawi: Umunyapolitike ukomeye arashinjwa gucura umugambi wo kwica Perezida
Umunyapolitike ukomeye utavuga rumwe n'ubutegetsi muri Malawi yarezwe gucura umugambi wo kwica Perezida w'icyo gihugu Lazarus Chakwera.
Patricia Kaliati, umunyamabanga mukuru w'ishyaka UTM, yatawe muri yombi mu cyumweru gishize…
Imashini (Robot) yabeshye umusore birangira yiyahuye
Amakuru avuga ko uwo musore yandikiranaga niryo Robot, azi ko ari umukobwa bari kwandikirana amagambo y'urukundo kuburyo uwo musore yahise asaba iryo Robot ko yajya kurisura mu rugo.
Muri Amerika haravugwa umubyeyi watanze ikirego…
Donald TRUMP arashinja Biden na Zelensky kuba ba nyirabayazana b’intambara ya Ukraine na…
Bwana Donald Trump wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika arasanga Perezida Joe Biden wamusimbuye na Zelensky aribo bateye intambara igihugu cya Ukraine kimaze igihe kirwana n'Uburusiya.
Donald Trump avuga ko Volodymyr…
Umutwe wa HAMAS umaze kwemeza ko uwari umuyobozi yishwe n’ingabo za Israel
Umutwe wa HAMAS uvuga ko uharanira uburenganzira n'ubusugire bw'abanya Palestine, umaze kwemeza ko uwari umuyobozi wayo aherutse kwicwa n'abasirikare ba Israel barwanira ku butaka.
Umutwe wa Hamas nawo wemeje amakuru y’urupfu…
Prof. KINDIKI yagizwe Visi Perezida asimbura umuherwe Gachaguwa
Inteko ishinga amategeko umutwe wa sena mu gihugu cya Kenya yemeje Prof.Kindiki nka visi perezida w'icyo gihugu nyuma y'aho uwari usanzweho akuweho icyizere n'imitwe yombi.
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Kenya Moses…
Yapfuye azize kunnywa imiti y’umugabo we.
Imukecuru uri mu kigero k'imyaka 82 yitabye Imana ubwo yibeshyaga akanywa imiti y'umugabo we, bigatuma isukari imanuka mu mubiri nkuko byemejwe n'umuganga ushinzwe gusuzuma imirambo mu Bwongereza.
Amakuru avuga ko uwo mu kecuru…
Ethiopia: Taye atske selassie yatorewe kuba Perezida asimbura Sahle Work Zewde 
Muri Etiyopiya, inteko ishinga amategeko yashyizeho umukuru w’igihugu mushya kuri uyu wa mbere Yatoye Taye Atske Selassie, wari usanzwe ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga.
Taye Sélassié afite imyeka 68 y’amavuko, abaye Perezida wa…
Kenya: “Muvandimwe, fungura icyumba cy’imbabazi umbabarire”- Visi Perezida asaba…
Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, ubu ugeramiwe no kweguzwa n’Inteko Ishinga amategeko, yasabye imbabazi shebuja Perezida William Ruto.
Gachagua yasabye imbabazi ku cyumweru, yinginga avuga ko niba hari ikosa yamukoreye…