Browsing Category
Mu Mahanga
DRC: M23 yigaruriye utundi duce tw’ingenzi itwomeka kuri Minova yahereyeho
Umutwe wa M23 nyuma yo kwigarurira Umujyi wa Minova wo muri Teritwari ya Karehe muri Kivu y’Amajyepfo, kuri uyu wa Mbere wigaruriye utundi duce tw’ingenzi.
Uduce uyu mutwe wigaruriye turimo Centre ya Bweramana iherereye ku nkombe!-->!-->!-->…
RD Congo: Abashinwa batawe muri yombi bafite zahabu na $800,000 ‘cash’
Abategetsi bavuga ko Abashinwa batatu batawe muri yombi bafite ibipande 12 bya zahabu n'amadolari y'Amerika 800,000 'cash' mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Ayo madolari angana na miliyari imwe uyavunje mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu 71 bahitanwe n’impanuka
Impanuka y'imodoka yabereye mu majyepfo ya Ethiopia muri Leta ya Sidama yahitanye abantu 71, nk'uko byemejwe n'inzego z'ubuyobozi zo muri ako gace.
Ni ikamyo bivugwa ko yari irate abantu benshi, yaguye mu mugezi wiroha mu ruzi!-->!-->!-->…
Mozambique: Abashyigikiye umukandida watsinzwe amatora bongeye kwigaragambya
Imyigaragambyo yongeye kwaduka muri Mozambique nyuma yuko urukiko rurusha izindi ububasha rwemeje ko umukandida Daniel Chapo w’ishyaka riri ku butegetsi ari we watsinze amatora ya perezida yateje impaka yabaye mu Kwakira uyu mwaka.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Tshisekedi yakoze impinduka zikomeye mu buyobozi bukuru bw’ingabo
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yashyizeho umugaba mukuru w'ingabo mushya, muri zimwe mu mpinduka zikomeye cyane kandi nyinshi akoze mu buyobozi bukuru bw'ingabo kuva intambara n'inyeshyamba za M23!-->!-->!-->…
Uhuru Kenyatta wigeze kuyobora Kenya yiyemeje guhuza RDC n’umutwe wa M23
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wungirije ushinzwe umubano na Afurika, Molly Phee, yatangaje ko Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya yiyemeje guhuza ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe witwaje!-->!-->!-->…
Uganda: Gen. Muhoozi Kainerugaba yandagaje umwungiriza we mu gisirikare cya UPDF
Umugaba mukuru w'igisirikare cya Uganda Muhoozi Kainerugaba yavuze Lt Gen Elwelu usanzwe ari umwungiriza we mu gisirikare cya Uganda ko ari igicucu cyirirwa cyihisha inyuma ya perezida Museveni.
Gen Muhoozi mu butumwa yanyujije ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Ambasaderi wa Uganda muri DRC yasabwe gusobanura ibyavuzwe n’umuhungu wa Museveni
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yaraye ihamagaje uhagarariye by'agateganyo ambasaderi wa Uganda muri icyo gihugu imusaba ibisobanuro ku magambo yatangajwe n'umugaba mukuru w'ingabo za Uganda akaba n'umuhungu wa perezida.
!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 yafashe agace k’ingenzi muri Lubero
Umutwe witwaje intwaro wa M23 kuri uyu wa 16 Ukuboza 2024 wafashe agace ka Alimbongo muri teritwari ya Lubero nyuma y’imirwano ikomeye yayihanganishije n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro rya Wazalendo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Russia: Lt Gen Igor Kirillov wari mu bakomeye mu ngabo z’Uburusiya yiciwe i Moscow
Lt Gen Igor Kirillov wari umuyobozi w’ingabo z’u Burusiya zikoresha intwaro kirimbuzi, iz’ibinyabutabire n’izangiza ibinyabuzima ndetse n’umwungirije, baturikanywe n’igisasu mu gitondo cyo kuri uyu wa 17 Ukuboza 2024.
Nk’uko!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 yerekanye abasirikare ba FARDC yafashe mpiri mu rugamba
Umutwe wa M23 ku wa Mbere tariki ya 9 Ukuboza werekanye abasirikare bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bafatiye mu mirwano ikomeje gusakiranya impande zombi.
Umuvugizi w’Igisirikare cy’uyu mutwe, Lt Col!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi y’Ubutaliyani yataye muri yombi umubikira ucyekwaho gukorana n’aba…
Polisi y'Ubutaliyani yavuze ko umubikira ari umwe mu bantu 25 batawe muri yombi mu majyaruguru y'icyo gihugu, bijyanye n'iperereza ku bico by'abagizi ba nabi bazwi nk'aba 'mafia'.
Uwo mubikira, ibitangazamakuru byo mu Butaliyani!-->!-->!-->!-->!-->…
France: Minisitiri w’intebe wari umazeho amezi atatu gusa yegujwe ajyana na guverinoma ye.
Inteko Ishinga Amategeko yo mu gihugu cy'Ubufaransa, yaraye yeguje Guverinoma iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Michel Barnier wari umaze amezi atatu afashe izo nshingano.
Amashyaka atavuga rumwe na Leta yahuje imbaraga yishyira hamwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania: Ishyaka CCM rya Samia Suluhu ryatsinze amatora ku majwi 99%
Leta ya Tanzania – biciye kuri minisitiri mu biro bya perezida ushinzwe ubutegetsi bw’igihugu – yatangaje ko ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM) ryatsinze amatora y’ubutegetsi bw’imbere mu gihugu ku majwi 99%.
Ayo majwi yabonywe n’iri!-->!-->!-->!-->!-->…
Australia: Hashyizweho itegeko rikumira abana gukoresha imbuga nkoranyambaga
Inteko Ishinga Amategeko ya Australia yemeje umushinga w’itegeko ribuza abana bari munsi y’imyaka 16, gukoresha imbuga nkoranyambaga.
Iri tegeko ribuza umuntu uwo ari we wese kwemerera umwana uri munsi y’imyaka 16 kuba yakoresha!-->!-->!-->!-->!-->…