Browsing Category
Mu Mahanga
ECOWAS yemeje kohereza ingabo muri Niger mu mugambi wo gusubizaho perezida wahiritswe
Abakuru b'ingabo zo mu muryango wa ECOWAS zemeje ko zigiye kohereza ingabo zizahangana n'agatsiko k'abasirikare gaherutse guhirika ubutehetsi muri Niger.
Mu nama y’iminsi ibiri yahuje abakuru b’ingabo mu bihugu by’Afurika!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abadepite basabye ko état de siège ivaho, Depite Nyiramugeyo ati ‘Ndumva nasubijwe’
Benshi mu bitabiriye inama nyunguranabitekerezo ku butegetsi bwa gisirikare mu ntara za Kivu ya Ruguru na Ituri zo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo basabye ko bukurwaho hagasubiraho ubwa gisivile.
État de siège,!-->!-->!-->!-->!-->…
DR Congo: Ubwato butwaye abagera kuri 300 bwarohamye mu mugezi wa Lukeni
Abategetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo baracyashakisha abarokotse nyuma yuko ubwato butwaye abantu bagera hafi kuri 300 burohamye mu ntara ya Mai-Ndombe mu burengerazuba bw'igihugu.
Umubare watanzwe n'abategetsi ni!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Umupolisi uherutse kugaragara abwiriza mu muhanda yafunzwe
Polisi y'u Burundi yataye muri yombi umupolisi uherutse kugaragara mu mihanda ya Bujumbura abwiriza ijambo ry'Imana yambaye iniforome z'akazi.
Kuwa kane w'icyumweru taliki ya 3 Kanama 2023 ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye amashusho!-->!-->!-->!-->!-->…
Amerika Ntiyashoboye Kugamburuza Abakoze Kudeta muri Nijeri
Ministri wungirije w’Ububanyi n’amahanga w’Amerika, Victoria Nuland, ejo yagiriye urugendo muri Nijeri kuganira na bamwe mu basirikare bahiritse ubutegetsi mu kwezi gushize. Gusa ntacyo yashoboye kugeraho. Mu magambo ye ibiganiro!-->!-->!-->…
Niger: Abaherutse guhirika ubutegetsi bafunze inzira y’ikirere
Abaherutse guhirika Ubutegetsi muri Niger bafunze inzira yo mu kirere, ku buryo muri iki gihugu nta ndege ivuye mu mahanga ishobora kuhinjira, nyuma yo kwikanga igitero gishobora guturaka mu mahanga.
Urubuga rwa Internet!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Bazoum uherutse guhirikwa ku butegetsi yatakambiye amahanga
Perezida Mohamed Bazoum wayoboraga Niger, yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’amahanga muri rusange, kumufasha gusubira ku butegetsi nyuma yo guhirikwa n’agatsiko k’abasirikare bamurindaga.
Bazoum yasabye Leta Zunze Ubumwe za!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri w’intebe wa Canada yatandukanye n’umugore we bari bamaranye imyaka 18
Minisitiri w'intebe wa Canada Justin Trudeau n'umugore we Sophie batandukanye nyuma y'imyaka 18 bari bamaranye mu rushako, nyuma yo kugirana "ibiganiro bifite ireme kandi bigoye".
Bombi bavuze ko bazaguma ari "umuryango wa hafi!-->!-->!-->!-->!-->…
India: Umugabo yishe urw’agashinyaguro mubyara we kubera ko yanze ko bashyingiranwa
Umugabo witwa Alfan yishe mubyara we urupfu ruteye ubwoba amuziza kuba yaranze ko bashyingiranwa.
Kuri uyu wa gatanu w'icyumweru gishize, umwana w'umukbwa witwa Nargis, ufite imyaka 23 y’amavuko wari utuye mu mujyi wa Delhi yishwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Niger: Abahiritse ubutegetsi barashinja Ubufaransa gutegura kubagabaho igitero
Agatsiko k'abasirikare baherutse guhirika ubutegetsi mu Niger barashinja Leta y'Ubufaransa kuba buri gutegura kubagabaho igitero simusiga.
Agatsiko ka gisirikare kahiritse ubutegetsi muri Niger kashinje Ubufaransa bwahoze bukoloniza!-->!-->!-->!-->!-->…
Niger: CEDEAO yaburiye abahiritse ubutegetsi kubusubiza cyangwa hakaba igikorwa cya gisirikare
Abasirikare baherutse kwigarurira ubutegetsi muri Niger bashyizweho igitutu n'umuryango wa CEDEAO wabasabye gusubiza ubutegetsi abasivili bitaba ibyo uwo muryango ukogerezayo ingabo zo kubarwanya
Abategetsi bo mu muryango w'ubukungu!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Umusirikare arahigishwa uruhindu nyuma yo kurasa abasivili 13 biganjemo abana
Umusirikare wa FARDC ari gushakishwa uruhindu nyuma y'aho arashe abaturage bagera kuri 13 barimo abagore n'abana.
Umusirikare arimo guhigwa mu ntara ya Ituri nyuma y’uko kuwa gatandatu avuye aho yakoreraga yagera iwe akarasa mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Abashyigikiye Raila Odinga bakoze indi myigaragambyo bahondagura amasafuriya
Abagize Ihuriro Azimio La Umoja n’abashyigikiye umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta ya Kenya, Raila Odinga, bahamagariwe kwitabira imyigaragambyo iteganyijwe kuva kuri uyu wa Gatatu kugeza ku wa Gatanu.
Iyi myigaragambyo ikurikira!-->!-->!-->!-->!-->…
Afurika y’epfo na igiye gutangiza ubwisungane mu kwivuza “Mutuel de Santa”
RFI yatangaje ko 16% by’abaturage ba Afurika y’Epfo ari bo bari basanganywe ubwishingizi bw’ubuzima bahabwa n’ibigo byigenga.
uyu mushinga uzafasha abatishoboye.
Guverinoma y’icyo gihugu yatangaje ko Afurika y’Epfo ari cyo gihugu cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Zanzibar : Minisiteri y’Ubuzima yahannye abaganga n’umuforomo barangaranye umugore utwite
Minisiteri y’Ubuzima muri Zanzibar yatesheje agaciro impapuro zemerera umuforomo n’abaganga gukora umwuga w’ubuvuzi, nyuma y’uko bahamijwe kugira uburangare n’imyitwarire itari iya kinyamwuga, bikavamo urupfu rw’umugore utwite ndetse!-->!-->!-->…