Browsing Category
Mu Mahanga
Tanzania: Ibinyamakuru 3 bikomeye byihaye kunenga perezida Samiya byafunzwe
Ibinyamakuru bitatu bikomeye byo muri Tanzania byabaye bihagaritswe ku mbuga za internet nyuma yo gutangaza amashusho ya 'animation' abategetsi bafata ko anenga Perezida Samia Suluhu Hassan.
Ibyo binyamakuru, The Citizen, Mwananchi!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 yahakanye ibyo uhagarariye LONI aherutse kuvuga kuri uwo mutwe
Ihuriro Alliance Fleuve Congo – rifite umutwe wa M23 - rivuga ko ibyatangajwe n’umukuru wa MONUSCO muri DR Congo ko M23 yinjiza amadolari 300,000$ ku kwezi mu bucukuzi bw'amabuye y'agaciro ya Rubaya bigamije "gushaka guhindanya isura ya!-->…
Ntituzaboha amaboko, tugomba kwihorera – Netanyahu Benjamin
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Banjemin Netanyahu yiyemeje guhorera igihugu cye ku bitero by’ibisasu biraswa kure Iran yarashe kuri uyu wa Kabiri.
Ni ibisasu 181 biraswa kure Iran yohereje kuri uyu wa Kabiri, bigwa muri Israel!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikirere cyose cyo muri Israel cyarimo umuriro – Umunyarwanda uri i Tel Aviv
Igihugu cya Iran cyaraye cyohereje ibisasu bya misile ku mijyi itandukanye yo muri Israel nka Jerusalem no ku murwa mukuru Tel Aviv.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije na Israel zaburijemo byinshi muri ibyo bisasu bikiri mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Donald Trump yavuze ko mukeba we mu matora Kamala Harris arwaye mu mutwe
Abo mu ishyaka ry’Aba-Républicains bakomeje kwinubira imvugo Donald Trump ushaka kongera kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika akomeje gukoresha kuri Visi Perezida Kamala Harris.
Trump kuri uyu wa 29 Nzeri 2024 yatangarije!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC irikanga ko abaturuka muri Afurika y’Epfo bashobora kuyihungabanyiriza umutekano
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irikanga ko hari abaturuka muri Afurika y’Epfo bafite umugambi wo kuyihungabanyiriza umutekano.
Nk’uko Ambasade ya RDC muri Afurika y’Epfo yabisobanuye kuri uyu wa 20 Nzeri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibrahim Aqil wari umwe mu bayobozi bakomeye muri Hezbollah yaguye mu gitero cya Isiraheli
Umuyobozi mukuru mu bagize umutwe wa Hezbollah, Ibrahim Aqil, yaguye mu gitero cyagabwe na Israel mu Majyepfo y’Umujyi wa Beirut.
Byatangajwe ko Ibrahim Aqil yishwe ari kumwe n’abandi banyamuryango b’umutwe wa Hezbollah bibumbiye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine: Urukiko rugiye kugenzura uburyo Perezida Zelensky yageze ku butegetsi
Urukiko rwo muri Ukraine rugiye gusuzuma ikirego cyatanzwe n’Umudepite utavuga rumwe n’ubutegetsi muri iki gihugu, Aleksandr Dubinski wagaragaje ko Perezida Volodymyr Zelensky ayoboye igihugu mu buryo bunyuranye n’amategeko.
Manda!-->!-->!-->!-->!-->…
Comoros: Umugabo uherutse gutera icyuma Perezida yapfiriye muri gereza
Umugabo watawe muri yombi ku wa gatanu kubera kugaba igitero kuri perezida w'ibirwa bya Comores akoresheje icyuma yasanzwe muri gereza yapfuye, nkuko abategetsi baho babivuga.
Icyo gitero cyabereye mu muhango wo gushyingura umukuru!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abarimo Umunyamerika, umwongereza, Umubiligi bakatiwe igihano cy’urupfu
Abantu 37 barimo Abanyamerika batatu, Umwongereza, Umubiligi n'Umunya Canada bakatiwe igihano cy'urupfu nyuma yuko urukiko rubahamije kugerageza guhirika perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Abo bagabo bashinjwe kugaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Senegal: Perezida yasheshe inteko inshinga amategeko yari yiganjemo abamurwanya
Prezida Bassirou Diomaye Faye wa Senegali ku mugoroba wo kuri uyu wa kane yatangaje ko yasheshe Inteko Ishinga Amatageko yari yiganjemo abatavuga rumwe n’ubutegetsi.
Yahise atangaza ko amatora yo gusimbuza abagize inteko yasheshwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Imyigaragambyo y’abakozi yatumye abagenzi bahera ku kibuga cy’indege
Ibikorwa ku kibuga cy’indege gikuru cya Kenya kiri mu murwa mukuru Nairobi bisa n’ibyahagaze kubera imyigaragambyo y’abakora kuri iki kibuga bamagana ko leta igiye kugikodesha na kompanyi yo mu Buhinde.
Amagana y’abagenzi baheze!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania: Perezida Suluhu yasabye ko hakorwa iperereza ku rupfu rwa Ali Kibao utavugaga rumwe…
Perezida Samia Suluhu wa Tanzania yategetse ko hakorwa iperereza ku iyicwa ry’umwe mu batavugarumwe n’ubutegetsi bakomeye muri Tanzania.
Mohamed Ali Kibao, wari mu bunyamabanga bw’ishyaka Chadema, byatangajwe ko yaburiwe irengero ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Kainerugaba wa Uganda yongeye kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda akaba n’Umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, yongeye gutigisa imbuga nkoranyambaga by’umwihariko X, agaragaza uburyo amaze kwakira ubusabe bw’abagore n’abakobwa!-->!-->!-->…
Ethiopia yaburiye uwayitera mu gihe hari ubushyamirane mu karere
Minisitiri w'intebe wa Ethiopia yaburiye umuntu uwo ari we wese uteganya gutera igihugu cye ko akwiye "gutekereza inshuro 10" mbere yo kubikora, avuga ko igitero icyo ari cyo cyose cyasubizwa inyuma.
Abiy Ahmed ntiyavuze igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…