Browsing Category
Mu Mahanga
Ethiopia yaburiye uwayitera mu gihe hari ubushyamirane mu karere
Minisitiri w'intebe wa Ethiopia yaburiye umuntu uwo ari we wese uteganya gutera igihugu cye ko akwiye "gutekereza inshuro 10" mbere yo kubikora, avuga ko igitero icyo ari cyo cyose cyasubizwa inyuma.
Abiy Ahmed ntiyavuze igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine ivuga ko yashenye ikiraro cya kabiri mu Burusiya
Ukraine ivuga ko yashwayaguje ikiraro cy’ingenzi cya kabiri mu karere ka Kursk k’Uburusiya ingabo zayo zinjiyemo.
Igisirikare cya Ukraine ku cyumweru cyasohoye amashusho yafatiwe mu kirere y’igitero kuri icyo kiraro – kivuga ko kiri ku!-->!-->!-->…
Burundi: Umunyamakuru Irangabiye yarekuwe ku mbabazi za Perezida.
Umunyamakuru Floriane Irangabiye wari warakatiwe imyaka 10 y'igifungo yarekuwe ku bw’imbabazi z'umukuru w’igihugu cy'u Burundi General Evariste Ndayishimiye wategetse ko ahita arekurwa
Ifungurwa rya Floriane Irangabiye wari umaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania: Video ivugwa ko igaragaza abagabo bafata umugore ku ngufu yateje gusakabaka
Polisi ya Tanzania irimo gukora iperereza ku bagabo batanu bafashwe amashusho muri videwo yahererekanyijwe cyane ku mbuga za internet bivugwa ko iberekana barimo gufata ku ngufu mu kivunge umugore ukiri muto, ibintu byateje gusakabaka!-->!-->!-->…
Guinea: Moussa Dadis Camara wigeze kuyobora Guinea yakatiwe igifungo cy’imyaka 20
Urukiko rwo muri Guinea rwakatiye Moussa Dadis Camara wahoze ayobora igisirikare igifungo cy’imyaka 20 kubera ibyaha byibasiye ikiremwamuntu.
Ku wa Gatatu, urukiko mpanabyaha rwa Gineya rwatangaje imyanzuro yarwo nyuma y’imyaka!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Hezbollah yemeje ko komanda wayo yiciwe mu gitero cya Israel
Hezbollah yemeje ko umwe muri ba komanda bo hejuru ba gisirikare bayo yiciwe mu gitero cya Israel cyo mu kirere mu murwa mukuru Beirut wa Liban.
Ku mugoroba wo ku wa gatatu, uwo mutwe ushyigikiwe na Iran wavuze ko umurambo wa…
Umuyobozi wa Hamas yishwe harakekwa ko ari Israel yabikoze.
Umutwe wa Hamas washegeshwe n'amakuru y’urupfu rwa Ismail Haniyeh umwe mu bayobozi bo hejuru bawo akaba yiciwe mu gitero ku murwa mukuru wa Iran, Tehran.
Amakuru avuga ko Haniyeh yiciwe mu gitero cya misile cyabaye mu gicuku ku isaha…
Burundi: Ikibazo cy’amazi cyasimbuye ibikomoka kuri peteroli
Abaturage b’igihugu cy’u Burundi bahangayikishijwe n’ikibazo cy’amazi bamaze igihe kinini batabona n’igihe bayabonye akamara umwanya muto akongera akabura.Ibi bikaba bikomeje gutera abaturage cyane cyane abo mu gace ka Kanyosha kwitotomba…
Perezida Maduro wa Venezuela yatsinze amatora, Amerika ibitera utwatsi
Komisiyo y’Amatora muri Venezuela yatangaje ko Nicolas Maduro uyobora iki gihugu kuva mu 2013 yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu ku majwi 51,2%, ariko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zo zabiteye utwatsi.
Perezida w’iyi komisiyo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine yasabye u Bushinwa kuyumvikanisha n’u Burusiya
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba, yasabye u Bushinwa ubufasha mu kuyumvikanisha n’u Burusiya, ibihugu byombi bimaze imyaka ibiri mu ntambara.
Byatangajwe na Dmytro Kuleba mu ruzinduko rw’akazi yagiyemo i!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasirikare ba Afurika y’Epfo birukanywe muri RDC kubera ubusambanyi n’ihohotera bagizwe abere
Abasirikare icyenda bo muri Afurika y’Epfo birukanywe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu Kwakira umwaka ushize bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya no guhohotera (SEA) bahanaguweho icyaha ariko bahamwa n’icyaha cyo!-->!-->!-->…
DRC: Abasirikare 3 bashinjwaga kwangiza amasasu n’ubwicanyi bakatiwe urwo gupfa
Urukiko rwa Gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rwakatiye igihano cy’urupfu abasirikare batatu b’iki Gihugu, rubahamijwe ibyaha birimo ubwicanyi no gusesagura amasasu, nyuma y’uko habaye igikorwa cyo kurasa!-->!-->!-->…
Uganda: Abarenga 60 baraye batawe muri yombi mu myigaragambyo yo kurwanya ruswa
Abantu barenga 60 biganjemo urubyiruko batawe muri yombi n’igipolisi cya Uganda bari mu myigaragambyo yo kwamagana ruswa mu nteko ishinga amategeko na leta, nk’uko ibinyamakuru muri Uganda bibivuga.
Amashusho yashyizwe ku mbuga!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC yatangiye iperereza ku ntumwa yayo ivugwaho gushyikirana na M23
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangiye gukora iperereza kuri Prof Bahala Okw’Ibale Lusheke Jean-Bosco, uvugwaho kujya gushyikirana n’abahagarariye umutwe witwaje intwaro wa M23 i Kampala muri Uganda.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Isirayeli Yarashe Ububiko bw’Intwaro muri Libani
Igisirikare cya Isirayeli cyatangaje ko mu ijoro ryakeye cyarashe ububiko bw’intwaro z’abarwanyi b’umutwe wa Hezbollah.
Ingabo za Isirayeli ziri ku mupaka ihana na Libani n’mutwe w’abarwanyi ba Hezbolla bashyigikiye Hamasi muri!-->!-->!-->!-->!-->…