Browsing Category
Politike
U Burusiya bwaburiye u Bufaransa n’u Bwongereza
Umuvugizi w’ibiro bya Perezida w’u Burusiya, Dmitry Peskov, yaburiye Leta y’u Bufaransa n’iy’u Bwongereza byateguje ko bishobora gufata ibyemezo ko ntambara igihugu cye kirimo muri Ukraine, ahamya ko byatuma umutekano w’umugabane w’u…
Tshisekedi yasubiye muri Congo igitaraganya adasoje uruzinduko i Burayi
Ibiro bya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, Félix Tshisekedi wari umaze iminsi mu ruzinduko mu Bufaransa, byatangaje ko agiye kugaruka mu gihugu igitaraganya nyuma y’uko mu nkambi ya Mugunga iherereye hafi…
Ingabire Victoire yerekeje ubujurire bwe i Arusha
Umuhoza Ingabire Victoire yajuririye mu rukiko rwa EAC ku cyemezo aherutse gufatirwa n'inkiko zo mu Rwanda zanze kumukuraho ubusembwa ngo abe yakwiyamamariza kuyobora u Rwanda
Nyuma y'aho kuri uyu wa 13 Werurwe 2024 Ingabire Umuhoza…
Tshisekedi ngo arashaka kwihurira na Perezida Kagame akamutuka
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko afite gahunda yo guhura na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda akamutuka ko ari umunyabyaha.
Tshisekedi yabitangaje mu kiganiro cyihariye…
DRC: Sakwe sakwe nyuma y’uko ubushinjacyaha bushaka gukurikirana Cardinal wa Kinshasa
Abanyecongo bakiriye ugutandukanye kuba ubucamanza bw’iki gihugu bushaka gukurikirana Cardinal Fridolin Ambongo Besungu wa Kinshasa akaba n’umukuru w’inama y’abepiskopi ba Afurika na Madagascar.
Kuwa gatandatu, umushinjacyaha mukuru mu…
PDI ya Hon. Fazili nayo yiyemeje ko izashyigikira Paul Kagame mu matora
Ishyaka PDI (Parti Démocrate Idéal), ryamaze gutangaza ko mu matora y’Umukuru w’Igihugu azaba muri Nyakanga 2024, rizashyigikira umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame.
Iri shyaka ryabitangaje kuri iki Cyumweru tariki 28…
Haiti: Minisitiri w’Intebe yeguye, hashyirwaho Guverinoma nshya
Minisitiri w’Intebe wa Haiti, Ariel Henry, yeguye ku mirimo ye nyuma yo kujya kuri uwo mwanya ku mugaragaro mu 2021, ubwo Perezida Jovenel Moise yari amaze kwicwa, ubu uwo mwanya wa Minisitiri w’Intebe ukaba wahise ujyamo ku buryo…
Perezida Macron yanenze gahunda y’Ubwongereza igamije kohereza abimukira mu Rwanda
Perezida Emmanuel Macron w’Ubufaransa,kuri uyu wa kane yatangaje ko gahunda y’Ubwongereza yo kohereza abimukira mu Rwanda nta kamaro ifite kandi ifatwa nk’urwenya.
Uretse ibyo Macron kandi yagize ati: ntabwo nizera imiterere yo…
U Rwanda rwahakanye ibirego bya USA ziyishinja kurasa kuri MONUSCO
U Rwanda rwanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje ingabo zarwo, RDF, kurasa ku birindiro by’ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, MONUSCO.
Iki kirego cyatanzwe na…
Abanyarwanda barasabwa kubahiriza amategeko agenga amatora
Mu gihe Abanyarwanda barimo kwitegura amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC), irasaba ko amategeko n’amabwiriza bigenga amatora byarushaho kubahirizwa, bitwararika ibitemewe nko kwamamaza abakandida…
Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame
Iyi nyandiko ya Madamu Jeannette Kagame igaruka ku kuri kw’amateka y’u Rwanda mu gihe benshi bahitamo kuyavuga nabi, cyane muri iki gihe cyo #Kwibuka30.
Imyaka 30 irashize, u Rwanda ruvuye mu icuraburindi aho rwari rutwikiriwe…
Minisitiri wungirije w’ingabo w’Uburusiya arashinjwa kwakira ruswa
Minisitiri wungirije w'ingabo w'Uburusiya yashinjwe kwakira ruswa agumishwa muri gereza n'urukiko rwo mu murwa mukuru Moscow.
Timur Ivanov, waburanye ahakana ibyo aregwa, ashinjwa kwakira ruswa "nyinshi ku kigero kidasanzwe".
…
Frank HABINEZA arasanga abimukira bazaba ikibazo ku Rwanda
Umukuru w’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda yatangaje ko bafite impungenge ko abimukira bagiye kuzanwa mu Rwanda bavuye mu Bwongereza bashobora kubera umutwaro iki gihugu gifite ikigero kiri hejuru…
Perezida Kagame Paul yavuze aho abona u Rwanda mu myaka 30 iri imbere.
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rugomba kuba rwarikubye ishuro zigera kuri eshanu mu myaka 30 iri imbere ugereranyije n’iterambere ruriho ubu, ariko akerekana ko ibyo bizagerwaho ari uko rushyize imbere politiki idaheza ifasha…
MONUSCO yatabarije DRC ivuga ko M23 ikomeje kwigarura ibice byinshi by’igihugu
Umukuru w'ubutumwa bw'Umuryango w'Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) avuga ko umutwe w'inyeshyamba wa M23 ukomeje "gutera intambwe cyane no kwagura ubutaka ugenzura ku kigero kitari…