Browsing Category
Politike
Dore ingingo zose zikubiye mu masezerano y’ibanze ku mahoro RDC yasinyanye na M23
Umutwe wa M23 wasinyanye amasezerana na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), akubiyemo amahame y’iby’ibanze biganisha ku mahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC no mu Karere hose.
Ni amasezerano yasinywe kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Qatar: Kera kabaye Kinshasa na M23 bashyize umukono ku mahame yo kurangiza intambara
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n'umutwe w'inyeshyamba wa M23 uyirwanya bashyize umukono ku mahame yo kurangiza intambara mu burasirazuba bw'icyo gihugu, yatangiye mu mpera y'umwaka wa 2021.
Impande zombi zayashyizeho!-->!-->!-->!-->!-->…
Alice Uwase yagizwe umuyobozi wa RMB asimbura Francis Kamanzi
Kuri uyu wa 18 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagize Uwase Alice Umuyobozi Mukuru w’Urwego rushinzwe Mine, Peteroli na Gazi mu Rwanda (RMB).
Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida William Ruto yakiriye Kabarebe nk’intumwa idasanzwe yoherejwe na Perezida Kagame
William Ruto uyobora Kenya yatangaje ko yakiriye intumwa idasanzwe yohererejwe na mugenzi we w'u Rwanda Paul Kagame ndetse ko bagiranye ibiganiro byiza.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane taliki ya 17 Nyakanga 2025, mu biro by'umukuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Maneko wo ku rwego rwo hejuru wa Ukraine yishwe arashwe i Kyiv
Abategetsi bavuze ko maneko wo ku rwego rwo hejuru wa Ukraine yishwe arashwe ku manywa y'ihangu mu murwa mukuru Kyiv.
Uwo maneko w'urwego rw'ubutasi bw'imbere mu gihugu (SBU) yarashwe amasasu menshi muri parikingi y'imodoka, nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 na Leta ya Congo i Doha mu biganiro bishobora kuba ari ibya nyuma.
Minisitiri w'umutekano w'u Rwanda na Minisitiri w'ubutegetsi bw'igihugu wa DR Congo bageze i Doha muri Qatar gukurikirana ibiganiro hagati y'umutwe wa M23 na leta ya Kinshasa nk'abatumirwa, nk'uko bivugwa na Radio Mpuzamahanga!-->!-->!-->…
“Dushobora kugenda ibilometero 2000 turwana”: Paul Kagame
Perezida Kagame yaburiye umuntu wese wigamba ko azatera u Rwanda, avuga ko rushobora kuba rudafite ubushobozi nk’ubwe mu bikoresho ariko rufite ubushobozi bwo kumusanga aho ari rukamurwanya.
Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ubwo yagezaga!-->!-->!-->…
Bari gupfa bagashira iyo bibeshya bakarwana – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ku mutekano wo mu Karere agaragaza ko ibihugu byohereje ingabo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurwana n’Umutwe wa AFC/M23 ariko bagambiriye kurasa u Rwanda. Mu ijambo!-->…
“Tugiye gufata ibirwanisho tubohore igihugu cyacu” Frederic Bamvuginyumvira
Ihuriro ry'abatavuga rumwe na Leta y'u Burundi rikorera mu gihugu cy'Ububiligi baravuga ko iryo huriro rigiye guhaguruka rigafata ibirwanisho rigakuraho ingoma bavuga ko ari 'igitugu' ya CNDD-FDD bashinja kwiba amajwi.
Mu mpera z'iki!-->!-->!-->…
Umutwe wa FDLR waba uri kwimurira ibirindiro byayo i Burundi
Umutwe wa FDLR ugizwe ahanini n'abasize bakoze genocide mu Rwanda mu mwaka w'i 1994 biravugwa ko kuri ubu waba uri kwikumurira ibirindiro byawo mu gihugu cy'U Burundi.
Nyuma y'aho u Rwanda na Repubulika iharanira demokarasi ya Congo!-->!-->!-->…
Israel: Benjamin Netanyahu yatakambiye urukiko arusaba gusubika urubanza rwa ruswa ashinjwa
Urukiko rw’Akarere ka Yeruzalemu rwafashe umwanzuro wo gusubika urubanza rwa Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, nyuma yo kubisaba ndetse agasabirwa imbabazi na Perezida Donald Trump wa Amerika.
Byari biteganyijwe ko!-->!-->!-->!-->!-->…
“si inyandiko gusa ni icyizere cy’amahoro” Tshisekedi
Mu ijambo ry'isabukuru y'imyaka 65 y'ubwigenge bwa DR Congo Perezida Félix Tshisekedi yavuze ko ibirori by'uyu munsi "bifite impamvu idasanzwe" kuko bihuriranye "n'amasezerano y'amahoro y'amateka" aherutse gusinywa hagati y'igihugu cye n'u!-->…
Museveni yijeje Abagande kuzabageza kure nibamutora umwaka utaha
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yatangaje ko yifuza kuba umukandida w'ishyaka rye NRM mu matora ateganyijwe mu kwezi kwa Mutarama umwaka utaha, azaba yiyamamaza kuri manda ya karindwi ngo ayobore iki gihugu.
Mu butumwa yashyize ku!-->!-->!-->…
“Amasezerano ya Kigali-Kinshasa ni ingenzi, ariko hari utuburamo” Corneille Nangaa wa…
Nyuma y'aho u Rwanda na Repubulika iharanira demokarasi ya Congo bisinyanye amasezerano y'amahoro muri Amerika, umutwe wa M23 umaze igihe warazengereje Congo wavuze ko ayo masezerano ari ingenzi ariko ko atuzuye.
Umuyobozi w'umutwe wa!-->!-->!-->…
Iran yagize icyo ivuga nyuma y’uko USA iyigabyeho ibitero
Iran yatangaje ko kuba Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishoye mu ntambara bahanganyemo na Isiraheli ikagaba ibitero; bizagira ingaruka z’igihe kirekire.
Minisitiri w’Ubabanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi yavuze ko ibyo bitero ari!-->!-->!-->…