Browsing Category
Politike
Bourkinafaso: Ibyihebe byateye mu rusengero byica abakristo bagera kuri 15 abandi barakomereka
Umutwe w'iterabwoba wagabye igitero muri kiliziya wica abasivili bagera kuri 15 ukomeretsa abandi batari bake.
Kuri iki cyumweru taliki ya 25 Gashyantare 2024 mu gihugu cya Bourkinafaso, umutwe w'iterabwoba wari witwaje ibirwanisho!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Biravugwa ko RED-Tabara yongeye kugaba ikindi gitero cyapfiriyemo abatari bake
Biravugwa ko umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bwa Gitega i Burundi waba wongeye kugaba ikindi gitero muri icyo gihugu kigahitana abatari bake.
Hari amakuru avuga ko umutwe wa RED Tabara, umutwe witwaje ibirwanisho utavuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Zelensky yatangaje umubare w’abasirikare ba Ukraine bamaze gutikirira mu ntambara
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky avuga ko abasirikare 31,000 ba Ukraine bamaze kwicirwa mu gitero gisesuye Uburusiya bwagabye ku gihugu cye.
Zelensky yavuze ko atatanga umubare w'abamaze gukomereka kuko ibyo bishobora gufasha!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yageze muri Qatar mu ruzinduko rw’akazi
Ibiro ntaramakuru bya Qatar, byatangaje ko Perezida Kagame n’intumwa ayoboye muri uru ruzinduko, ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Hamad, bakiriwe n’umuyobozi ushinzwe protocol muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ibrahim bin!-->!-->!-->…
Madamu Jeannette Kagame ari muri Namibia aho yagiye gufata mu mugongo Madamu Monica Geingos
Kuri uyu wa Gatandatu, Madamu wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame yageze muri Namibia, aho yagiye gufata mu mugongo Madamu Monica Geingos n'umuryango we, nyuma y'urupfu rwa Perezida Hage Geingob.
Mbere gato yo guhura na!-->!-->!-->!-->!-->…
Rashid uregwa ibyaha byo gufobya geniside arashinja umucamanza kumunigana ijambo
Kuri uyu wa kane, urukiko rwakomeje kuburanisha Bwana Rashid Hakuzimana ukurikiranyweho ibyaha byo gupfoya genocide yakorewe abatutsi, uyu mugabo arashinja umucamanza kumunigana ijambo.
Urugereko rw’urukiko rukuru rukorera I Nyanza!-->!-->!-->!-->!-->…
Netanyahu yanze ibyo Hamas isaba kugira ngo habeho agahenge
Minisitiri w'intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yanze ibyo Hamas isaba kugira ngo habeho agahenge - avuga ko kugera ku "ntsinzi yuzuye" muri Gaza bishoboka mu gihe cy'amezi.
Yabivuze nyuma yuko Hamas igaragaje urutonde rw'ibyo!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 iranyomoza amakuru avuga ko FARDC yigaruriye Kirotshe
Umuvugizi w’igisirikare cya DR Congo yabwiye abanyamakuru kuwa kabiri nijoro ko izo ngabo zisubije agace ka Kirotshe kari ku muhanda wa Goma – Sake – Minova – Bukavu, gusa ibi umuvugizi wa M23 arabihakana.
Ari kumwe na minisitiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Gen. Mubarakh Muganga yitabiriye ‘Tarehe 6’ muri Uganda
Itsinda ry’abasirikare b’u Rwanda batanu bayobowe n’Umugaba Mukuru, Gen. Mubarakh Muganga, ryitabiriye ibirori byo kwizihiza umunsi ingabo za NRA zari ziyobowe na Yoweri Museveni zatangirijeho urugamba rwo kubohora Uganda, uzwi nka!-->!-->!-->…
Leta yahannye abakozi bayo basaga 120 kubera kudakemura ibibazo by’abaturage
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Musabyimana Jean Claude, yavuze kugeza ubu abakozi ba leta basaga 120 bamaze guhanwa abandi bakirukanwa kubera amakosa yo kutita ku nshingano zabo mu ikemurwa ry’ibibazo bagejejweho n’abaturage.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Biravugwa ko abayobozi ba DRC baba bari mu nzira yo kuganira n’u Rwanda mu ibanga
Amakuru aravuga ko Repubulika ya Demokarasi ya Congo yaba iri gushaka ibiganiro rwihishwa n’u Rwanda bigamije guhosha icyuka cy’intambara hagati y’ibihugu byombi.
Amakuru avuga ko ibi biganiro biri gushyirwamo imbaraga na Leta zunze!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa Polonye Andrzej Duda ategerejwe mu Rwanda
Perezida wa Polonye Andrzej Sebastian Duda, n’umugore we Agata Kornhauser–Duda, bategerejwe mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda, rukubiye mu ruzinduko rw’icyumweru cyose agirira mu bihugu bitandukanye by’Afurika!-->!-->!-->…
DRC: Minisiteri y’ingabo yijeje abatuye i Goma ko uwo mujyi uzarindwa
Minisitiri w’ingabo wa DR Congo yatangaje ko “ibintu byose byateguwe kugira ngo umujyi wa Goma udafatwa”, mu gihe ubu bivugwa ko uyu mujyi wamaze kugotwa ku gice cyose cy’ubutaka n’umuhanda mukuru wari usigaye ugezayo ibicuruzwa byinshi!-->…
Perezida Kagame yihanganishije Abanya Namibiya bapfushije perezida wabo
Perezida Paul Kagame yihanganishije Monica Geingos; Madamu wa Hage Gottfried Geingob wari Perezida wa Namibia witabye Imana azize uburwayi, ndetse n’abaturage b’iki Gihugu.
Perezida Hage Gottfried Geingob yitabye Imana kuri iki!-->!-->!-->!-->!-->…
Israel yasabye António Guterres kwegura ku buyobozi bwa Loni
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel, Katz Israel yavuze ko Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres uyobora Umuryango w’Abibumbye (Loni) akwiriye kuva muri izi nshingano, kubera uruhare umuryango ayoboye!-->!-->!-->…