Browsing Category
Politike
DRC: Ba Majors 2 b’ingabo z’Uburundi zaguye mu mirwano muri Congo
Abasirikare b’Uburundi barenga 10 harimwo n’abakomeye babiri b’ipeti rya ‘Major’ nibo bimaze kumenyekana ko biciwe mu ntambara yabahuje n’umutwe M23 kuri uyu wa mbere mu karere ka Mushaki no mu duce tuhegereye muri teritwari ya Masisi,!-->!-->!-->…
Tshisekedi yasabye Abanya Lubumbashi kudatega amatwi Katumbi kuko ari umunyamahanga
Ubwo yari yagiye kwiyamamariza i Lubumbashi Perezida Tshisekedi yasabye abaturage bose bo muri Katanga kwirinda gutega amatwi abakandida b’abanyamahanga kandi bashyigikiwe n’abasirikare b’abanyamahanga.
Uyu mukandida usanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Niger yahagaritse ubufatanye mu bya gisirikare yari ifitanye n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’igihugu cya Niger yatangaje ko Leta y’icyo gihugu ihagaritse amasezerano y’ubufatanye mu bya Gisirikare cyari gisanzwe gifitanye n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (UE/EU).
Mu itangazo Minisiteri!-->!-->!-->!-->!-->…
U Bwongereza bugiye kongerera u Rwanda miliyari 23 Frw
Leta y’u Bwongereza ikomeje kugaragaza ko idafite gahunda yo kuvirira amasezerano yagiranye n’u Rwanda agamije ku kwita ku bimukira n’abasaba ubuhungiro ndetse no guharanira iterambere.
Kuri iki Cyumweru, Minisitiri w’Intebe w’u!-->!-->!-->!-->!-->…
Malawi: Leta irashinjwa kohereza urubyiruko guhinga mu murima ya Isiraheli
Abanyapolitiki batavuga rumwe n'ubutegetsi bo muri Malawi hamwe n'imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu, banenze Perezida Lazarus Chakwera na guverinoma ye kubera kohereza urubyiruko rw'Abanya-Malawi 221 gukora mu mirima yo muri!-->!-->!-->…
Ba Perezida Kagame na Tshisekedi bemereye Amerika ko bagiye ‘gufata ingamba zo kugabanya…
Amerika ivuga ko yakiriye neza ingamba Perezida Kagame na Perezida Tshisekedi bateganya gufata kandi ko izazikurikirana
Ibiro bya Perezida w'Amerika White House bivuga ko Perezida Paul Kagame w'u Rwanda na Perezida Félix Tshisekedi!-->!-->!-->!-->!-->…
Moise Katumbi yagaragarije Abanyekongo imigabo n’imigambi ye anenga Perezida Tshisekedi
Kuri uyu wa mbere, uhagarariye abatavuga rumwe n’ubutegetsi, Moise Katumbi, yatangije ku mugaragaro ibikorwa bye byo kwiyamamariza kuba perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ahereye i Kisangani mu ntara ya Katanga yigeze kubera!-->!-->!-->…
Minisitiri w’intebe wa Israyeli Netanyahu yasabiwe gufungwa
Afrika y'Epfo yasabye ko urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rusohora impapuro zo guta muri yombi minisitiri w'intebe wa Israeli kubera ibyaha by'ubwicanyi ingabo ze ziri gukorera muri Ghaza.
Leta y'Afurika y'Epfo yasabye urukiko!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwasubije Perezida Tshisekedi wemeje ko bazagaba intambara ku Rwanda
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yashimangiye ko amagambo Perezida Tshisekedi wa RDC aherutse gutangaza, yerekana neza umugambi we, aho yeruye ko yiteguye intambara ndetse ko afite n’ibikoresho byo!-->!-->!-->…
Ntituzasubiza amafaranga baduhaye ahubwo ibikorwa yakoze bizagirira Abanyarwanda akamaro- Alain…
Nyuma y’uko urukiko rw’Ikirenga rwo mu Bwongereza rwitambitse umugambi wo kuzana Abimukira mu Rwanda, u Rwanda rwatangaje ko amafaranga rwari rwarahawe kugira ngo azifashishwe mu kubafasha bageze mu Rwanda mu kwiteza imbere!-->!-->!-->…
Abatavuga rumwe na Tshisekedi mu nzira zo kwihuza
Intumwa z’abahatanira Intebe y’umukuru w’igihugu, Martin Fayulu, Moise Katumbi, Matata Ponyo, Dr Denis Mukwege, na Delly Sesanga, bari mu biganiro i Pretoria, muri Afurika y’Epfo mu kureba ko bashyigikira kandidatire imwe.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Gabon: Agatsiko gaherutse guhirika ubutegetsi katangaje igihe amatora azabera
Guverinoma ya gisirikare yahiritse ubutegetsi bwa Perezida Ali Bongo Ondimba yatangaje ko amatora ya perezida n’abadepite azaba muri Kanama 2025, hakurikijwe ingengabihe izemezwa n’Inama y’igihugu muri Mata 2024.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yaganiriye na Guterres ku cyagarura amahoro n’umutekano muri DRC
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yagiranye ikiganiro kuri telefoni n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres, ni ikiganiro cyibanze cyane ku mutekano muke uteje inkeke mu Burasirazuba bwa Repubulika!-->!-->!-->…
Dr Patrick Hitayezu wicaga agakiza muri MINECOFIN yirukanywe kubera imyitwarire mibi
Dr Patrick Hitayezu wari umwe mu bakomeye muri MINECOFIN yirukanywe kubera imyitwarire idafututse.
Itangazo ryirukana Dr Patrick Hitayezu ryasohotse mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 01 Ugushyingo 2023, riturutse mu Biro bya!-->!-->!-->!-->!-->…
Tshisekedi yijeje kubaka inkuta zitandukanya u Rwanda na RDC
“Mumbabarire, njyewe nka Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), kubera ibirimo gukorwa ntabwo nshishikajwe no kubaka ibiraro ahubwo nzubaka inkuta mu gucungira abaturage banjye umutekano.”
Perezida wa RDC Felix!-->!-->!-->!-->!-->…