Browsing Category
Politike
Cameroon: Paul Biya w’imyaka 92 afite amahirwe yo gutsindira manda ya 8
Nyuma y'amatora yabaye ejo ku cyumweru taliki ya 12 Ukwakira 2025 muri Cameroun ubu barimo kubara amajwi mu gihe byitezwe cyane ko Perezida Paul Biya, ukuze kurusha abandi ba perezida ku isi, ashobora gutsindira manda ya munani yamugeza ku!-->…
U Bufaransa: Nicolas Sarkozy uherutse gukatirwa ararara amenye aho azafungirwa.
Uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, w’imyaka 70, kuri uyu wa Mbere aramenyeshwa igihe azatangirira igifungo cy’imyaka itanu na gereza azagikoreramo, nyuma yo guhamywa n’urukiko rw’i Paris ko yakoresheje amafaranga ya!-->!-->!-->…
‘Kereka nibanyica’ – Ibya ‘mixages et brassages’ ntibizongera –…
Perezida Félix Tshisekedi wa DR Congo yatangaje ko abari mu mitwe y'inyeshyamba avuga ko "bakorera inyungu z'uwashotoye Congo" batazigera binjizwa muri leta cyangwa mu ngabo, ararahira ati: "Kereka nibanyica."
Tshisekedi yavuze ibi mu!-->!-->!-->…
Israel-Hamas: Guterres yasabye impande zombi kubahiriza ibikubiye mu masezerano
Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'abibumbye LONI Bwana António Guterres yasabye Leta ya Israel na Hamas kubahiriza ingingo zose zikubiye mu masezerano agamije kugarura amahoro no guhagarika imirwano ku mpande zombi yaraye asinywe.
!-->!-->!-->…
LONI igiye kugabanya abakozi bayo ku kigero cya 25%
Umuryango w'Abibumbye LONI watangaje ko wugarijwe n'ikibazo cy'ubukene ku buryo ugiye kugabanya umubare w'abakozi bayo bari mu butumwa bw'amahoro ku kigero cya 25%
Ubunyamabanga bukuru bw'umuryango w'Abibumbye LONI bwatangaje ko kubera!-->!-->!-->…
Ibiganiro hagati ya Leta ya RDC na AFC/M23 byatewe ipine
Leta ya Qatar yafashe umwanzuro wo kwimurira ibiganiro by’intumwa z’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro rya AFC/M23 mu cyumweru gitaha bitewe n’uko ifite gahunda nyinshi.
Byari byarateganyijwe ko ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Rais Tshisekedi amtaka Kagame kuacha kuwaunga mkono waasi
Rais wa DRC Felix Tshisekedi akizungumza akiwa jijini Brussels Ubelgiji amemtaka mwenzake wa Rwanda Paul Kagame kuacha kuwasaidia waasi mashariki ya DRC na kutengeneza amani.
Kauli ya Tshisekedi ameitoa wakati wa mkutano wa Global!-->!-->!-->…
Édouard Philippe wigeze kuba minisitiri w’intebe yasabye Emmanuel Macron kwegura
Édouard Philippe, wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, yasabye Perezida w’iki gihugu, Emmanuel Macron, kwegura avuga ko aricyo cyakemura ibibazo bya politiki biri mu Bufaransa.
Ibi yabitangaje ku wa 7 Ukwakira 2025 nyuma yo!-->!-->!-->…
Kurahira ntabwo ari umuhango gusa uhita, ntukurikirwe n’ibikorwa- Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi batatu bagize Guverinoma bahawe inshingano mu bihe bitandukanye, abibutsa ko atari ukurahira gusa, hanyuma ntibikurikirwe n’ibikorwa.
Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Mbere!-->!-->!-->…
Umutwe wa M23 na Leta ya Kinshasa bagiye kongera guhurira i Doha mu biganiro
Intumwa za leta ya Kinshasa n'izihagarariye umutwe wa AFC/M23 zirasubira mu biganiro mu mujyi wa Doha muri Qatar muri iki cyumweru nk'uko bivugwa na Radio Okapi yo muri DR Congo, impande zombi ntizirabasha kumvikana ku ngingo zirimo!-->!-->!-->…
France: Sébastien Lecornu wari utaramara n’ukwezi mu nshingano nka minisitiri w’intebe…
Bwana Sébastien Lecornu wari uherutse guhabwa inshingano nka minisitiri w'intebe mu gihugu cy'Ubufaransa, yeguye nyuma y'iminsi 27 gusa atangiye izi nshingano.
Perezidansi ya Repubulika mu gihugu cy'Ubufaransa yatangaje ko Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yatanze ipeti rya Sous Lieutenant ku basirikare bashya 1029
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yatanze ipeti ku basirikare rya Sous Lieutenant ku basirikare bashya 1029 barimo abakobwa 117 mu Ngabo z’u Rwanda.
Ibirori byo gusoza ayo masomo kuri aba basirikare!-->!-->!-->…
Muryame musinzire mureke kwikanga baringa:- Putin Vladmir
Kuri uyu wa kane ushize taliki ya 2 Ukwakira 2025, Perezida w'Uburusiya Bwana Vladmir Putin yasabye abayobozi b’ibihugu bimwe na bimwe byo ku mugabane wa burayi bahorana ikintu cy'icyoba bikanga ko u Burusiya buzatera ibihugu byabo,!-->…
Maroc: Urubyiruko rumaze iminsi 4 rwigaragambya mu mihanda
Urubyiruko muri Maroc rukomeje ibikorwa byo kwigaragambya, aho ku munsi wa kane w’imyigaragambyo habayeho guhangana n’inzego z’umutekano.
Uru rubyiruko rusaba ko habaho itangwa rinoze rya serivisi zirebana n’imibereho myiza y’abaturage!-->!-->!-->…
DRC: Joseph Kabila wahoze ayobora Congo yakatiwe urwo gupfa
Joseph Kabila wigeze kuyobora igihugu cya Congo imyaka itari mike, yahamijwe ibyaha bikomeye akatirwa igihano cyo gupfa
Uwahoze ari perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo Bwana Joseph Kabila yakatiwe igihano cy'urupfu!-->!-->!-->…