Browsing Category
Politike
Guverinoma yijeje gukomeza gufasha Urwego rw’Ubugenzacyaha
Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta Dr Ugirashebuja Emmanuel yavuze ko Guverinoma izakomeza gufasha mu gucyemura ibibazo byagaragajwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB.
Yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka 31, abari muri MINUAR basubiye aho bahoze bakorera mu Rwanda
Abahoze ari abasirikare b’Ingabo za Loni mu butumwa bw’amahoro mu Rwanda (MINUAR), baturutse mu bihugu bya Ghana na Sénégal, bagarutse mu Rwanda mu rugendo rw’icyumweru kuva kuwa 14 kugeza 20 Kanama 2025.
Iri tsinda ry’abahoze ari!-->!-->!-->…
Minisitiri Dr. Nsengiyumva yibukije Indangamirwa inshingano zo kurengera isura y’u Rwanda
Mu muhango wo gusoza icyiciro cya 15 cy’Itorero Indangamirwa wabaye ku wa 14 Kanama 2025, Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yasabye urubyiruko rwari rumaze iminsi 45 mu itorero, kuba intumwa nziza z’u Rwanda aho bari hose,!-->…
Abagorwaga no kuvuga ikinyarwanda, batashye bazi kukivuga.
Urubyiruko rw’Abanyarwanda biga mu mahanga barashimira Leta y’u Rwanda yagaruye Itorero, cyane cyane iry’Indangamirwa, kuko rihuriza hamwe abiga mu Rwanda n’abiga mu mahanga rikabafasha byinshi birimo kongera kumenya no kuvuga ururimi!-->!-->!-->…
Kirehe: Hashyizweho gahunda nshya igamije kwegera umuturage no kumukemurira ibibazo
Mu rwego rwo kurushaho gukemura ibibazo by’abaturage mu buryo bwihuse babasanze aho batuye, ku wa kabiri tariki ya 12 Kanama 2025, ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe bwatangije gahunda nshya yiswe “Shyashyanira Umuturage”, izamara hafi!-->!-->!-->…
“Kubeshya biba mu maraso yabo”: Leta ya Kinshasa yahakanye ibirego bya M23
Leta ya Kinshasa yahakanye amakuru umutwe wa M23 waraye utangaje avuga ko Leta iri gutegura intambara ikomeye ndetse n'ibitero kuri uwo mutwe wa M23.
Ku munsi w'ejobundi taliki ya 11 Kanama 2025, umutwe wa M23 washyize hanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Zelensky ntakozwa ibyo gukura ingabo ze i Donbas
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko Ingabo za Ukraine zidashobora kuva mu gace zigenzura kari mu Ntara ya Donbas ndetse anatera utwatsi iby’uko igihugu cye cyakwemera guhara ubutaka bwahoze ari ubwacyo bugenzurwa n’u!-->!-->!-->…
Mu myaka 5 ubuhinzi mu Rwanda buzazamuka ku kigero cya 50%.
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Kanama 2025, Minisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko Imitwe yombi gahunda ya Guverinoma y’imyaka itanu yo kwihutisha iterambere(NST2) 2024-2029, yatangaje ko!-->!-->!-->…
Ministri w’intebe mushya w’U Rwanda yatangaje gahunda ya Guverinoma y’imyaka 5
Ministri w'Intebe mushya uherutse gushyirwaho na Perezida wa Repubulika, Justin Nsengiyumva, yatangaje gahunda ya Guverinoma y'imyaka 5 ikora ku nzego zose z'ubuzima bw'igihugu.
Iyi ni gahunda ishingiye kuri manda y'imyaka 5!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 irashinja Leta ya DRC ko irimo kwitegura intambara yeruye
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko leta ya Kinshasa irimo gutegura intambara yeruye "nubwo bwose yasinye ku mahame yo kurangiza intambara".
Mu itangazo, umutwe wa M23 uvuga ko wabonye "ibikorwa byo kwegeranya ingabo n'ibikoresho" mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Leta yamaganye raporo ya OHCHR ishinja RDF ubwicanyi muri RDC
Leta y’u Rwanda yamaganye ibirego by’Ibiro by’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe uburenganzira bwa muntu (OHCHR) biherutse gushinja ingabo z’u Rwanda (RDF) kugira uruhare mu bwicanyi bw’abasivili 319, muri Repubulika Iharanira!-->!-->!-->…
Uganda: Kubonana na Perezida Museveni bitangirwa akayabo.
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yavuze ko abakozi bo mu biro bye bamunzwe na ruswa, bigera n’aho basaba abaturage amafaranga agera kuri miliyoni 30 z’Amashilingi kugira ngo babahuze na we.
Museveni yasobanuye ko!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 yasobanuye impamvu itazitabira ibiganiro bya Doha
Bertrand Bisimwa, umwe mu bakuriye umutwe wa AFC/M23, ku wa kane yabwiye abanyamakuru ko nta ntumwa z'uwo mutwe ziri i Doha kuko "nta butumire twahawe kugeza ubu".
Yavuze ibi mu gihe byari biteganyijwe ko ibiganiro bya Doha hagati ya!-->!-->!-->…
Burundi: Lydia Nsekera yahawe umwanya ukomeye muri guverinoma nshya
Mu mpinduka zikomeye zakozwe muri Guverinoma y'U Burundi, harimo iy'uko madame Lydia Nsekera wamenyekanye cyane muri Siporo yo muri icyo gihugu yahawe kuyobora minisiteri ya Siporo, urubyiruko.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Ntahontuye yagizwe minisitiri w’intebe asimbura Ndirakobuca
Perezida Ndayishimiye Evariste yagize Minisitiri w'intebe Bwana Ntahontuye wari usanzwe ayobora minisiteri y'imari, asimbura Gervais Ndirakobuca wahawe izindi nshingano.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 5 Kanama 2025,!-->!-->!-->!-->!-->…