Browsing Category
Politike
USA: Ambasaderi wa Afrika y’Epfo yirukanywe azira kwanga Donald Trump
Leta Zunze ubumwe za Amerika zahambirije uhagarariye igihugu cya Africa y'Epfo arashinjwa amacakubiri no kwanga perezida Donald Trump.
Marco Dubio uhagarariye deparitema ya Leta muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ahaye!-->!-->!-->…
Abasirikare n’abapolisi bo ku rwego rwa jenerali barezwe guhunga urugamba ubwo M23 yasatiraga…
Urukiko Rukuru rwa gisirikare i Kinshasa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku wa kane rwatangiye kuburanisha abasirikare n'abapolisi bakuru batanu bashinjwa guhunga urugamba ubwo umutwe wa M23 wari ugiye gufata umujyi wa Goma.
Aba!-->!-->!-->…
“Keretse nibadushotora, naho ubundi nta gahunda yo gufata Kinshasa ihari” Gen. Sultan…
Umugaba mukuru w'ingabo za M23 General Sultan Makenga yavuze ko umutwe ayobora udafite gahunda yo gutera no kwigarurira umurwa mukuru Kinshasa, keretse gusa Leta ya Congo ikomeje kubashotora no kubenderanya.
Mu kiganiro kidasanzwe!-->!-->!-->…
Abayobozi ba SADC bategetse ko ingabo zabo zari muri DRC zitaha
Abayobozi b'ibihugu bya SADC byari byarohereje ingabo zabo gufasha ingabo za FADCongo mu rugamba ihanganyemo n'umutwe wa M23 bategetse ko izo ngabo zitaha
Abakuru b'ibihugu bya SADC bari barohereje abasirikare babo kujya gufasha ingabo!-->!-->!-->…
Duterte wigeze kuyobora igihugu cya Philippines yatawe muri yombi
Rodrigo Duterte wahoze ari Perezida wa Philippines yatawe muri yombi, nyuma yo gushyirirwaho impapuro zo kumufata n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rumushinja kugira uruhare mu byaha byibasiye inyoko muntu.
Duterte yafatiwe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Kinshasa yiyonkoye ibice bigenzurwa na M23
Repubulika ya Demokarasi ya Congo yanzuye ko ibicuruzwa byose bituruka mu bice bigenzurwa na AFC/M23 bizajya byishyura imisoro nk’ibyinjiye mu gihugu bivuye mu mahanga, ibyafashwe nk’aho ubutegetsi bwa Tshisekedi bwikuyeho intara za!-->!-->!-->…
Ukwishyira hamwe kw’abanga u Rwanda ntibiduhindura abanyabyaha – Minisitiri Utumatwishima
Minisitiri w’Urubyiruko n’Umuco Abdallah Utumatwishima yahumurije urubyiruko n’abandi batangiye gutekereza ko abanyarwanda ari babi, akaba ari yo mpamvu ibihugu bikomeje gufatira u Rwanda ibihano, bityo bakibwira ko igihugu kiri kugana!-->!-->!-->…
Inama yari guhuza abaminisitiri bo muri EAC-SADC ntiyabaye
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika y’Amajyepfo (SADC) yari iteganyijwe ku wa 28 Gashyantare 2025, yarasubitswe.
Iyi nama yari kubera i Harare muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore impamvu yateye Ndayishimiye kuvuga ko ashaka ibiganiro n’u Rwanda
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu rwego rwo kwirinda intambara ishobora guhuza ibihugu byombi.
Ingingo yerekeye ibiganiro n’u Rwanda Perezida w’u Burundi!-->!-->!-->!-->!-->…
Habonetse abandi bahuza ku kibazo cya Congo
Abahoze ari abakuru b'ibihugu bya Kenya na Nigeria be n'uwahoze ari minisitiri w'intebe wa Ethiopia, baraye bagenywe na EAC hamwe na SADC kugira ngo bahagararire umugambi w'amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Joseph KABILA wigeze kuyobora DRC arashinja Tshisekedi gushyira igihugu mu kangaratete
Joseph Kabila wigeze kuyobora igihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo arasanga ibibazo igihugu cye kirimo byaratewe Tshisekedi wasamusimbuye ku buyobozi bw'igihugu.
Bwana Joseph Kabila KABANGE wigeze kuyobora igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Twirwaneho yemeje urupfu rw’uwari umuyobozi wayo warashwe n’ingabo za Leta
Umutwe wa Twirwaneho ukorera mu gace kazwi nk'i Mulenge mu ntara ya Kivu y'Epfo ya DR Congo wasohoye intangazo wemeza urupfu rwa Michel Rukunda uzwi nka Makanika wari ukuriye uwo mutwe.
Iri tangazo rivuga ko "General" Makanika, usanzwe!-->!-->!-->…
U Rwanda rwongeye rurisobanura ku birego bya Congo mu nama ya Loni
U Rwanda rweretse Umuryango w’Abibumbye (Loni) ko nubwo hari ubushake bw’Imiryango itandukanye y’Akarere n’Afurika bwo gushakira amahoro Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yo ikomeje kwenyegeza umuriro w’intambara.
!-->!-->!-->!-->!-->…
“U Bubiligi bwari mu bikorwa byo gusaba ko u Rwanda rufatirwa ibihano”: Mukuralinda
Nyuma y'aho u Rwanda rutangaje ko rwahagaritse gahunda y’ubutwererane n’Igihugu cy’u Bubiligi, Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y'u Rwanda, Alain Mukuralinda yatangaje ko iki cyemezo cyafashwe kubera ko u Rwanda rusanga!-->…
Imitwe y’inyeshyamba itatu y’Abarundi yihuje ngo irwanye ubutegetsi bwa Ndayishimye
Umutwe witwaje intwaro wa FRB-Abarundi watangaje ko wihuje na UPR ndetse na UPF kugira ngo irwanye ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi.
Umuvugizi wa FRB-Abarundi, Major Mugisha Joab, yasobanuye ko iki cyemezo!-->!-->!-->…