Browsing Category
Politike
Ba perezida Paul Kagame na Tshisekedi barateganya guhura muri uku kwezi
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa DR Congo bazahurira mu nama i Luanda ku kibazo cy’intambara mu burasirazuba bwa DR Congo tariki 15 z’uku kwezi kw’Ukuboza 2024, nk’uko bivugwa n’ibiro bya perezida wa Angola.
!-->!-->!-->!-->!-->…
MINALOC ntiyemeranya n’abita kwegura kw’Abayobozi bananiwe inshingano ‘Tour du Rwanda’
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr Patrice Mugenzi, avuga ko abayobozi b’Uturere twa Karongi na Rusizi baherutse kwegura, byavuye ku mpamvu zabo bwite ariko bamaze kubona ko badaha serivisi nziza abaturage, harimo no kuzigurisha,!-->!-->!-->…
Bugesera: lmboni z’imiyoborere zarebeye hamwe n’abayobozi ibyifuzo n’ibitekerezo…
Imboni z’imiyoborere mu karere ka Bugesera ziravuga ko mu byifuzo n’ibitekerezo zakusanyije ibiza imbere abaturage bifuza ko bishyirwa mu igenamigambi ry’umwaka wa 2025-2026, harimo kubaka, gusana no kwagura ibikorwa remezo birimo!-->!-->!-->…
Tanzania: Ishyaka CCM rya Samia Suluhu ryatsinze amatora ku majwi 99%
Leta ya Tanzania – biciye kuri minisitiri mu biro bya perezida ushinzwe ubutegetsi bw’igihugu – yatangaje ko ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM) ryatsinze amatora y’ubutegetsi bw’imbere mu gihugu ku majwi 99%.
Ayo majwi yabonywe n’iri!-->!-->!-->!-->!-->…
Australia: Hashyizweho itegeko rikumira abana gukoresha imbuga nkoranyambaga
Inteko Ishinga Amategeko ya Australia yemeje umushinga w’itegeko ribuza abana bari munsi y’imyaka 16, gukoresha imbuga nkoranyambaga.
Iri tegeko ribuza umuntu uwo ari we wese kwemerera umwana uri munsi y’imyaka 16 kuba yakoresha!-->!-->!-->!-->!-->…
Israel igiye kujuririra icyemezo cya ICC kigamije guta muri yombi abayobozi bayo
Israel yavuze ko izajurira ku nyandiko zo guta muri yombi Minisitiri w'intebe Benjamin Netanyahu n'uwahoze ari Minisitiri w'ingabo Yoav Gallant zasohowe n'urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC) rubarega ibyaha byo mu ntambara muri Gaza.!-->!-->!-->…
Umuyobozi w’ishuri nyafurika ry’imiyoborere Prof.Moghalu yakiriwe na Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa 26 Ugushyingo 2024, yakiriye mu biro bye Umuyobozi Mukuru w’Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere ryatangijwe i Kigali mu kwezi gushize, Prof. Kingsley Chiedu Moghalu.
Iri shuri ryatangijwe tariki ya 22!-->!-->!-->…
U Rwanda na DRC bemeje inyandiko y’ingenzi iganisha ku mahoro
Abakuriye ububanyi n’amahanga ku ruhande rwa RD Congo n’u Rwanda bemeje inyandiko y’ibyo inzobere zashyizweho zumvikanye ku bigomba gukorwa mu mugambi w’amahoro hagati ya DR Congo n’u Rwanda, nk’uko ibiro ntaramakuru bya Angola!-->!-->!-->…
U Rwanda ruramagana amagambo y’ubushotoranyi yavuzwe na Minisitiri w’ubutabera wa DRC
Minisitiri w’Ubutabera muri Congo Kinshasa, Constant Mutamba yumvikanye avuga amagambo y'ubushotoranyi ku Rwanda, anavuga ko abakorana na M23 bazicwa.
Mu magambo ateye ubwoba uyu mugabo yavugiye kuri gereza yo mu mujyi wa Goma,!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Natanyahu yashyiriweho impapuro zimuta muri yombi
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwashyizeho impapuro zo guta muri yombi Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu ndetse na Yoav Gallant wahoze ari Minisitiri w’Ingabo muri iki gihugu. Bombi bazishyiriweho kubera ibyaha!-->!-->!-->…
Col. Rtd Dr Kizza Besigye yatawe muri yombi
Umunyapolitike Kizza Besigye utavuga rumwe n’Ubutegetsi buriho muri Uganda yafungiwe muri gereza ya gisirikare i Kampala nyuma y’iminsi micye yari amaze muri Kenya.
Ni ibyatangajwe kuri uyu wa Gatatu, tariki 20 Ugushyingo 2024, na!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Ibyifuzo by’abaturage ku igenamigambi n’ingengo y’Imari n’Imihigo 2025-2026 byatangiye…
Abaturage bo mu Karere ka Bugesera barishimira ko basigaye bagira uruhare mu igenamigambi ry'Akarere kabo bakagaragaza ibyo bifuza ko bakorerwa, bagahamya ko kugira uruhare no gutanga ibyifuzo byabo ku igenamigambi ku bibakorerwa!-->!-->!-->…
Uburayi bwamaganye abashinja u Rwanda kohereza ingabo i Maputo
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wamaganye abakomeje kuzamura amagambo avuga ko, ‘Ingabo z’u Rwanda (RDF) zaba ziri i Maputo mu murwa Mukuru wa Mozambique mu gufashwa inzego z’umutekano zikomeje guhangana n’Abagigaragambya.
Ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Tchad: Boko Haram yagabye igitero gikomeye yica abasirikare ba Leta 40
Umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram wagabye igitero ku kigo cya gisirikare cya Tchad mu ijoro ryo ku wa 27 Ukwakira 2024, wicamo abasirikare bagera kuri 40.
Ibiro ntaramakuru AFP by’Abafaransa byatangaje ko iki kigo cyegereye akarere!-->!-->!-->!-->!-->…
Kutantora yaba ari amwe mu mahitamo mabi mwaba mukoze mu buzima – Donald Trump
Bwana Donald Trump wigeze kuba perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika akaba yifuza kongera guhatanira uno mwanya, yasabye abanyamerika kumugirira icyizere bakamutora kuko aribwo bazagira amahoro.
Ibi Donald Trump yongeye abwira!-->!-->!-->!-->!-->…
![RPF](https://indorerwamo.com/wp-content/uploads/2024/06/image-144.png)