Browsing Category
Politike
Ukwishyira hamwe kw’abanga u Rwanda ntibiduhindura abanyabyaha – Minisitiri Utumatwishima
Minisitiri w’Urubyiruko n’Umuco Abdallah Utumatwishima yahumurije urubyiruko n’abandi batangiye gutekereza ko abanyarwanda ari babi, akaba ari yo mpamvu ibihugu bikomeje gufatira u Rwanda ibihano, bityo bakibwira ko igihugu kiri kugana!-->!-->!-->…
Inama yari guhuza abaminisitiri bo muri EAC-SADC ntiyabaye
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika y’Amajyepfo (SADC) yari iteganyijwe ku wa 28 Gashyantare 2025, yarasubitswe.
Iyi nama yari kubera i Harare muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore impamvu yateye Ndayishimiye kuvuga ko ashaka ibiganiro n’u Rwanda
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu rwego rwo kwirinda intambara ishobora guhuza ibihugu byombi.
Ingingo yerekeye ibiganiro n’u Rwanda Perezida w’u Burundi!-->!-->!-->!-->!-->…
Habonetse abandi bahuza ku kibazo cya Congo
Abahoze ari abakuru b'ibihugu bya Kenya na Nigeria be n'uwahoze ari minisitiri w'intebe wa Ethiopia, baraye bagenywe na EAC hamwe na SADC kugira ngo bahagararire umugambi w'amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Joseph KABILA wigeze kuyobora DRC arashinja Tshisekedi gushyira igihugu mu kangaratete
Joseph Kabila wigeze kuyobora igihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo arasanga ibibazo igihugu cye kirimo byaratewe Tshisekedi wasamusimbuye ku buyobozi bw'igihugu.
Bwana Joseph Kabila KABANGE wigeze kuyobora igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Twirwaneho yemeje urupfu rw’uwari umuyobozi wayo warashwe n’ingabo za Leta
Umutwe wa Twirwaneho ukorera mu gace kazwi nk'i Mulenge mu ntara ya Kivu y'Epfo ya DR Congo wasohoye intangazo wemeza urupfu rwa Michel Rukunda uzwi nka Makanika wari ukuriye uwo mutwe.
Iri tangazo rivuga ko "General" Makanika, usanzwe!-->!-->!-->…
U Rwanda rwongeye rurisobanura ku birego bya Congo mu nama ya Loni
U Rwanda rweretse Umuryango w’Abibumbye (Loni) ko nubwo hari ubushake bw’Imiryango itandukanye y’Akarere n’Afurika bwo gushakira amahoro Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yo ikomeje kwenyegeza umuriro w’intambara.
!-->!-->!-->!-->!-->…
“U Bubiligi bwari mu bikorwa byo gusaba ko u Rwanda rufatirwa ibihano”: Mukuralinda
Nyuma y'aho u Rwanda rutangaje ko rwahagaritse gahunda y’ubutwererane n’Igihugu cy’u Bubiligi, Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y'u Rwanda, Alain Mukuralinda yatangaje ko iki cyemezo cyafashwe kubera ko u Rwanda rusanga!-->…
Imitwe y’inyeshyamba itatu y’Abarundi yihuje ngo irwanye ubutegetsi bwa Ndayishimye
Umutwe witwaje intwaro wa FRB-Abarundi watangaje ko wihuje na UPR ndetse na UPF kugira ngo irwanye ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi.
Umuvugizi wa FRB-Abarundi, Major Mugisha Joab, yasobanuye ko iki cyemezo!-->!-->!-->…
“Gufatira ibihano u Rwanda ntibizatanga umuti urambye w’ibibazo” Perezida Denis…
Perezida wa Congo Brazzavile arsanga gufatra ibihano igihugu cy'u Rwanda witwaje ngo ni uko rufasha M23 bitazigera bitanga umuti urambye w'ikibazo kiri muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo.
Denis Sassou Nguesso perezida wa!-->!-->!-->…
DRC: Leta yemeye ko umujyi wa Bukavu wamaze kwigarurirwa n’umutwe wa M23
Leta ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yemeye ko umujyi wa Bukavu wigaruriwe n'umutwe wa M23.
Binyujijwe mu ijwi rya minisiteri y'itumanaho mu gihugu, Leta ya DRC yatangaje ko umujyi wa Bukavu nawo wamaze kwigarurirwa n'umutwe!-->!-->!-->…
Uganda: Dr.Besigye ushinjwa gushaka guhirika ubutegetsi agiye kuburanishwa nk’umusivile
Umuvugizi wa Guverinoma ya Uganda akaba na Minisitiri w’Itumanaho, Chris Baryomunsi yatangaje ko urubanza rwa Dr. Kizza Besigye wari umaze iminsi yiyicisha inzara muri gereza, rugiye kuvanwa mu nkiko za gisirikare, rukimurirwa mu nkiko!-->…
Nduhungirehe yanyomoje Minisitiri w’Intebe wa RDC wavuze ko AU yemeje ko u Rwanda ari…
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yanyomoje Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Judith Suminwa Tuluka, watangaje ko ibihugu bya Afurika byemeje ko u Rwanda rufite!-->…
Dr. Monique Nsanzabaganwa yashimiwe akazi yakoze muri AU
Dr. Nsanzabaganwa Monique urimo gusoza manda ye nk’Umuyobozi Wungirije wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe (AU), yanyuzwe n’umudali yambitswe ashimirwa umusanzu yatanzwe muri uwo Muryango mu myaka ine amaze muri izo nshingano.
Dr.!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yashimiye umuyobozi mushya wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yashimiye Mahmoud Ali Youssouf watorewe kuyobora Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AUC) na Selma Malika Haddadi umwungirije, abifuriza ishya n’ihirwe mu mirimo mishya.
Mu butumwa!-->!-->!-->!-->!-->…