Browsing Category
Politike
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar ku mubano w’ibihugu byombi
Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 12 Nzeri 2025, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’umuyobozi w’ikirenga wa Qatar Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani mu ngoro ya Lusail Palace i Doha, umurwa mukuru w’icyo!-->!-->!-->…
U Rwanda rwamaganye ibitero Isiraheli yagabye muri Qatar
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye bidasubirwaho ibitero Isiraheli yagabye i Doha, muri Qatar ku ya 9 Nzeri 2025, ihumuriza Leta ya Qatar kubera urupfu rw’abakozi bayo, ndetse n’imiryango yabuze ababo.
Nk’uko bigaragara mu itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Uvira: Umwana w’imyaka 12 yishwe arashwe mu myigaragambyo yamagana Gen. Gasita
Umwana w'umuhungu w'imyaka 12 yapfuye arashwe, abantu nibura icyenda na bo barakomereka mu myigaragambyo yabayemo guhangana hagati y'abasirikare n'abigaragambya ku wa mbere mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y'Epfo ya DR Congo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye impapuro za ba Ambasaderi bashya bane
Perezida Kagame kuri uyu wa Mbere tariki 8 Nzeri 2025, yakiriye impapuro zemerera ba Ambasaderi bane bashya, guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda.
Abo ni Casper Stenger Jensen wa Denmark, Irene Vida Gala wa Brazil, Aurélie Royet-Gounin!-->!-->!-->…
Mataifa ya Afrika ya Kati yamteua mwenyekiti mpya wa tume ya ECCAS kutoka Burundi
Tume ya Jumuiya ya Kiuchumi ya Nchi za Afrika ya Kati ina rais mpya. Wakuu wa nchi za ECCAS waliokutana siku ya Jumapili, Septemba 7, huko Sipopo, Equatorial Guinea, wamemteua Balozi wa Burundi na waziri wa zamani wa mambo ya nje,!-->!-->!-->…
Trump yateguje ibihano bikomeye ku Burusiya nyuma y’igitero gikomeye bwagabye kuri Ukraine
Perezida w'Amerika Donald Trump yakangishije ibihano bikomeye cyane ku Burusiya nyuma yuko bugabye igitero cya mbere gikaze cyane cyo mu kirere kuri Ukraine kuva intambara itangiye.
Icyo gitero cyo ku cyumweru cyishe abantu bane,!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Jeshi lawaonesha watu wanaodaiwa kuwa ni wasaidizi wa AFC/M23 waliokamatwa Fizi na Uvira
Jeshi la Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (FARDC) limewaonyesha kwa waandishi wa habari siku ya Jumamosi, Septemba 6, watu sita waliokamatwa katika nyanda za juu za Fizi na Uvira, wakituhumiwa kushirikiana na waasi wa AFC/M23. Miongoni!-->!-->!-->…
USA: Bidasubirwaho, Trump yahinduriye izina Minisiteri y’ingabo
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye iteka rya Perezida ritegeka ko Minisiteri y’Ingabo izajya yitwa Minisiteri y’Intambara.
Ngo guhindura iri zina ni ukugira ngo Amerika ikomeze kugira intego no!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Ubundi General Gasita Olivier wa FARDC uteje imvururu i Uvira ni muntu ki?
Guhera mu cyumweru gishize, n'ubwo byaje gukomera cyane kuri uyu wa gatanu mu mujyi wa Uvira hakomeje kuvugwa kutumvikana hagati y'ingabo za Leta FARDC n'imitwe ya ba Wazalendo kugeza ubwo biviramo kurasana hagati y'izi mpande zombi ubundi!-->…
Uvira: Imirwano ikomeye ihanganishije FARDC na Wazalendo
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abarwanyi b’Ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya Wazalendo baraye barasaniye mu Mujyi wa Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo kubera kutumvikana.
Amasasu menshi muri uyu mujyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Donald agiye guhindura izina rya Minisiteri y’ingabo
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yiteguye gushyira umukono ku cyemezo nyobozi cyo guhindura izina rya Minisiteri y’ingabo, bigahinduka ikajya yitwa "Minisiteri y’intambara." Ibi byazura izina ryataye imyaka irenga!-->!-->!-->…
Israel yalaani matamshi ya afisa wa Ulaya kuhusu ‘mauaji ya kimbari’ Gaza
Israel siku ya Alhamisi imekosoa vikali matamshi ya Makamu wa Rais wa Tume ya Umoja wa Ulaya, Teresa Ribera, ikiita vita vya Gaza kuwa ni "mauaji ya halaiki," ikimtuhumu kuwa "msemaji wa propaganda za Hamas."
"Tunalaani vikali madai!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yimwe ikaze muri Israel
Minisitiri w'ububanyi n'amahanga w'igihugu cya Israel yakuriye inzira ku murima mugenzi we wo mu Bufaransa amubwira ko Israel idashobora guha ikaze perezida Macron.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel yakuriye inzira ku murima!-->!-->!-->…
USA ihangayikishijwe n’ubufatanye hagati ya China n’Uburusiya
Minisitiri w’Ingabo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth yatangaje ko Perezida Donald Trump yabahaye inshingano zo kongera kubaka igisirikare kitajegajega, hagamijwe kurwanya ubufatanye bw’u Burusiya n’u Bushinwa mu migambi!-->!-->!-->…
Afrika y’Epfo yimye Visa abatavuga rumwe na DRC mu biganiro byateguwe na Thabo Mbeki
Guverinoma ya Afurika y’Epfo yimye visa abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bashaka kwitabira ibiganiro by’amahoro byateguwe n’umuryango wa Thabo Mbeki.
Uyu muryango wateganyije ko ibi biganiro!-->!-->!-->!-->!-->…