Browsing Category
Politike
Joseph Kabila uherutse gukatirwa urwo gupfa yayoboye inama y’abarwanya Tshisekedi
Joseph Kabila wahoze ayobora Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yayoboye inama ihuriwemo n'abarwanya Leta ya Congo nyuma y'igihe giti gusa urukiko rumukatiye igihano cyo kwicwa.
Bwana Kabila Joseph uherutse uherutse guhamwa ibyaha!-->!-->!-->…
Dr. Frank Habineza na Alphonse Nkubana batorewe kuba Abasenateri
Dr. Frank Habineza uyobora ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Democaratic Green Party Rwanda) na Alphonse Nkubana uyobora Ishyaka ry’Ubwisungane Bugamije Iterambere (PSP), batowe n’abahagarariye Ihuriro ry’Imitwe ya!-->…
“Turi kuganira n’intumwa za Leta i Doha, ntibisaba ko Tshisekedi abanza…
Umuvugizi w'umutwe wa AFC/M23 avuga ko barimo kuganira na Leta ya Perezida Tshisekedi ku ntambara bahanganyemo ngo bagere "ku gahenge karambye" kandi ko ibiganiro bigeze kure i Doha muri Qatar.
Oscar Balinda yari abajijwe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Israel yarekuye imfungwa za Palestine nyuma y’uko Hamas na yo irekuye abanya-Israel 20…
Mu masaha ya saa saba y'i Ramallah muri Palestine - saa sita mu Burundi no mu Rwanda, imodoka ebyiri za 'bus' zitwaye imfungwa z'Abanye-Palestine barekuwe na Israel zageze i Ramallah muri West Bank aho na ho bari bategereje cyane abo!-->…
Perezida wa Madagascar yahungishijwe n’indege y’ingabo z’u Bufaransa
Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yahungishijwe n’indege y’ingabo z’u Bufaransa mu gihe abaturage n’abasirikare bakomeje kwigaragambiriza mu bice birimo Umurwa Mukuru, Antananarivo.
Radio mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI,!-->!-->!-->!-->!-->…
Cameroon: Paul Biya w’imyaka 92 afite amahirwe yo gutsindira manda ya 8
Nyuma y'amatora yabaye ejo ku cyumweru taliki ya 12 Ukwakira 2025 muri Cameroun ubu barimo kubara amajwi mu gihe byitezwe cyane ko Perezida Paul Biya, ukuze kurusha abandi ba perezida ku isi, ashobora gutsindira manda ya munani yamugeza ku!-->…
U Bufaransa: Nicolas Sarkozy uherutse gukatirwa ararara amenye aho azafungirwa.
Uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, w’imyaka 70, kuri uyu wa Mbere aramenyeshwa igihe azatangirira igifungo cy’imyaka itanu na gereza azagikoreramo, nyuma yo guhamywa n’urukiko rw’i Paris ko yakoresheje amafaranga ya!-->!-->!-->…
‘Kereka nibanyica’ – Ibya ‘mixages et brassages’ ntibizongera –…
Perezida Félix Tshisekedi wa DR Congo yatangaje ko abari mu mitwe y'inyeshyamba avuga ko "bakorera inyungu z'uwashotoye Congo" batazigera binjizwa muri leta cyangwa mu ngabo, ararahira ati: "Kereka nibanyica."
Tshisekedi yavuze ibi mu!-->!-->!-->…
Israel-Hamas: Guterres yasabye impande zombi kubahiriza ibikubiye mu masezerano
Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'abibumbye LONI Bwana António Guterres yasabye Leta ya Israel na Hamas kubahiriza ingingo zose zikubiye mu masezerano agamije kugarura amahoro no guhagarika imirwano ku mpande zombi yaraye asinywe.
!-->!-->!-->…
LONI igiye kugabanya abakozi bayo ku kigero cya 25%
Umuryango w'Abibumbye LONI watangaje ko wugarijwe n'ikibazo cy'ubukene ku buryo ugiye kugabanya umubare w'abakozi bayo bari mu butumwa bw'amahoro ku kigero cya 25%
Ubunyamabanga bukuru bw'umuryango w'Abibumbye LONI bwatangaje ko kubera!-->!-->!-->…
Ibiganiro hagati ya Leta ya RDC na AFC/M23 byatewe ipine
Leta ya Qatar yafashe umwanzuro wo kwimurira ibiganiro by’intumwa z’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro rya AFC/M23 mu cyumweru gitaha bitewe n’uko ifite gahunda nyinshi.
Byari byarateganyijwe ko ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Rais Tshisekedi amtaka Kagame kuacha kuwaunga mkono waasi
Rais wa DRC Felix Tshisekedi akizungumza akiwa jijini Brussels Ubelgiji amemtaka mwenzake wa Rwanda Paul Kagame kuacha kuwasaidia waasi mashariki ya DRC na kutengeneza amani.
Kauli ya Tshisekedi ameitoa wakati wa mkutano wa Global!-->!-->!-->…
Édouard Philippe wigeze kuba minisitiri w’intebe yasabye Emmanuel Macron kwegura
Édouard Philippe, wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, yasabye Perezida w’iki gihugu, Emmanuel Macron, kwegura avuga ko aricyo cyakemura ibibazo bya politiki biri mu Bufaransa.
Ibi yabitangaje ku wa 7 Ukwakira 2025 nyuma yo!-->!-->!-->…
Kurahira ntabwo ari umuhango gusa uhita, ntukurikirwe n’ibikorwa- Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi batatu bagize Guverinoma bahawe inshingano mu bihe bitandukanye, abibutsa ko atari ukurahira gusa, hanyuma ntibikurikirwe n’ibikorwa.
Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Mbere!-->!-->!-->…
Umutwe wa M23 na Leta ya Kinshasa bagiye kongera guhurira i Doha mu biganiro
Intumwa za leta ya Kinshasa n'izihagarariye umutwe wa AFC/M23 zirasubira mu biganiro mu mujyi wa Doha muri Qatar muri iki cyumweru nk'uko bivugwa na Radio Okapi yo muri DR Congo, impande zombi ntizirabasha kumvikana ku ngingo zirimo!-->!-->!-->…