Browsing Category
Politike
Amatora y’abagize Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali yasubitswe
Amakuru atangazwa n’Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali hamwe na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora(NEC), ni uko amatora y’abajyanama baharagarariye buri Karere kagize uyu Mujyi hamwe n’ay’Abajyanama bayobora Umujyi yasubitswe.
Abajyanama 6!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Lourenço yatumije indi nama i Luanda hagati y’u Rwanda na RDC.
Abahagarariye guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bazongera bahurire i Luanda muri Angola tariki ya 20 n’iya 21 Kanama 2024 mu biganiro bigamije gukemura ibibangamiye umutekano mu karere k’ibiyaga!-->!-->!-->…
Abasirikare barinda abayobozi bakuru basoje imyitozo bahabwaga n’Ingabo za Qatar
Ni imyitozo yitabiriwe n’abasirikare 100 bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF - Militaly Police) bari bamazemo ibyumweru bitandatu yakozwe ku bufatanye bwa RDF ndetse na Qatar.
Iyi myitozo yasojwe kuri uyu wa Kbiri tariki 14 Kanama, yaberega mu!-->!-->!-->…
Dr Ngirente Edouard yarahiriye kongera kuba minisitiri w’Intebe.
Dr Ngirente Edouard yarahiriye kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda kuri uyu wa gatatu tariki 14 Kanama 2024 mu muhango wabereye mu ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko, Nyuma y’itangazo rimushyiraho ryo kongera kuba Minisitiri w’Intebe!-->!-->!-->…
Biteganijwe ko ejo Perezida Paul Kagame ashobora kwakira indahiro z’abadepite bashya
Biteganyijwe ko kuri uyu wa gatatu taliki ya 14 Kanama 2024 abadepite barahirira imbere ya Perezida wa Repubulika uherutse gutorwa n'Abanyarwanda ndetse akanarahirira kubayobora kuri iki cyumweu gishize taliki ya 11 Kanama 2024,!-->!-->!-->…
Iyi manda nshya ni iyo gukora ibirenze kugira ngo ibyo twifuza tubigereho – Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko manda nshya amaze kurahirira ari iyo gukora ibirenze kandi ko bizakorwa bitandukanye no kubirota.
Ashingiye ku kuba Abanyarwanda baragaragaje ibyishimo by’uko bazatora Kagame ubwo babaga!-->!-->!-->…
Tanzania: Video ivugwa ko igaragaza abagabo bafata umugore ku ngufu yateje gusakabaka
Polisi ya Tanzania irimo gukora iperereza ku bagabo batanu bafashwe amashusho muri videwo yahererekanyijwe cyane ku mbuga za internet bivugwa ko iberekana barimo gufata ku ngufu mu kivunge umugore ukiri muto, ibintu byateje gusakabaka!-->!-->!-->…
Umuhungu wa Perezida Museveni yemeje ko azitabira irahira rya Perezida Kagame
Umugaba w’ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Kaguta Yoweri Museveni, General Muhoozi Kayinerugaba, yatangaje ko azitabira irahira rya Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa 11 Kanama 2024.
General Muhoozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Guinea: Moussa Dadis Camara wigeze kuyobora Guinea yakatiwe igifungo cy’imyaka 20
Urukiko rwo muri Guinea rwakatiye Moussa Dadis Camara wahoze ayobora igisirikare igifungo cy’imyaka 20 kubera ibyaha byibasiye ikiremwamuntu.
Ku wa Gatatu, urukiko mpanabyaha rwa Gineya rwatangaje imyanzuro yarwo nyuma y’imyaka!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ingabo z’u Rwanda zirashnjwa kwinjirira ikoranabuhanga ry’indege zo muri DRC
Leta ya DR Congo yatangaje ikirego gishya ishinja ingabo z’u Rwanda cyo “kwinjirira guteje akaga” imikorere ya GPS y’indege zirimo iza gisivile mu karere k’uburasirazuba bw'icyo gihugu.
'Global Positioning System' (GPS) ikoreshwa…
Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC zigiye gusubira i Luanda
Abahagarariye guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barahurira i Luanda muri Angola kuri uyu wa 30 Nyakanga 2024, baganira ku buryo bwo gucoca amakimbirane ari hagati y’impande zombi.
Izi ntumwa…
Trump yifatiye mu gahanga Kamala Harris avuga ko afite ubwenge buke.
Donald Trump wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akaba akataje ibikorwa byo kwiyamamaza ashaka manda ya kabiri, yavuze ko Kamala Harris bashobora guhatanira uyu mwanya, ari umuntu ufite ubwenge buke cyane.
Ibi yabigarutseho!-->!-->!-->…
Perezida Maduro wa Venezuela yatsinze amatora, Amerika ibitera utwatsi
Komisiyo y’Amatora muri Venezuela yatangaje ko Nicolas Maduro uyobora iki gihugu kuva mu 2013 yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu ku majwi 51,2%, ariko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zo zabiteye utwatsi.
Perezida w’iyi komisiyo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine yasabye u Bushinwa kuyumvikanisha n’u Burusiya
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba, yasabye u Bushinwa ubufasha mu kuyumvikanisha n’u Burusiya, ibihugu byombi bimaze imyaka ibiri mu ntambara.
Byatangajwe na Dmytro Kuleba mu ruzinduko rw’akazi yagiyemo i!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwa mbere mu bari bagize ikipe itsinda amaze gushyirwa hanze y’ikibuga
Hashingiwe ku bitaganywa n’amategeko, ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko uwari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo Dr Jeanne d’Arc Mujawamariya yirukanywe ku mirimo.
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane mu!-->!-->!-->!-->!-->…