Browsing Category
Politike
Ingamba z’ubwirinzi zizagumaho mu gihe FDLR igihari – Minisitiri Nduhungirehe
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe yavuze ko hari Amahanga ashaka ko u Rwanda ruhinduka umuyonga, atangaza ko ingamba z’ubwirinzi zizagumaho mu gihe FDLR igihari.
Hari mu kiganiro yagiranye n’abagize Ihuriro!-->!-->!-->!-->!-->…
Iran: Babak Shahbazi wahamijwe ibyaha byo gukorana na Israel yishwe amanitswe
Bwana Babak Shahbazi wahamijwe ibyaha birimo gukusanya, gutanga no kugurisa amakuru ya Iran kuri Israel yishwe amanitswe ahanwa nk'uwagambaniye igihugu.
Kuri uyu wa 17 Nzeri 2025, nibwo uyu mugabo witwa Babak Shahbazi yamanitswe,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibyemezo by’inama y’abaminisitiri yo ku wa 15 Nzeri 2025 – Ibiciro bishya by’amashanyarazi
Perezida Kagame yaraye ayoboye inama y'abaminisitiri yafatiwemo imyanzuro myinshi harimo n'ibiciro bishya by'amashanyarazi.
Inama y’Abaminisitiri iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yateranye muri Village!-->!-->!-->!-->!-->…
AFC/M23 yinjije abakomando barenga 7000 basoje imyitozo ya gisirikare
Kugeza ubu Uburasirazuba bwa Congo, by’umwihariko Kivu ya Ruguru na Kivu y’Amajyepfo birakora ibikorwa nk’ibya Leta isanzwe ifite Perezida n’izindi nzego, nyuma yo gukoresha ikizamini Abacamanza, Gen Makenga Sultani yanayoboye umuhango!-->!-->!-->…
“Inteko ishinga amategeko ya EU ntikwiye kwivanga mu mikorere y’ubucamanza bwacu”
Abagize Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi, bamaganye byimazeyo umwanzuro w’Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ibihugu by’u Burayi (EU) isaba ko Ingabire Victoire Umuhoza arekurwa, bashimangira ko ari agasuzuguro ku Rwanda.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar ku mubano w’ibihugu byombi
Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 12 Nzeri 2025, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’umuyobozi w’ikirenga wa Qatar Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani mu ngoro ya Lusail Palace i Doha, umurwa mukuru w’icyo!-->!-->!-->…
U Rwanda rwamaganye ibitero Isiraheli yagabye muri Qatar
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye bidasubirwaho ibitero Isiraheli yagabye i Doha, muri Qatar ku ya 9 Nzeri 2025, ihumuriza Leta ya Qatar kubera urupfu rw’abakozi bayo, ndetse n’imiryango yabuze ababo.
Nk’uko bigaragara mu itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Uvira: Umwana w’imyaka 12 yishwe arashwe mu myigaragambyo yamagana Gen. Gasita
Umwana w'umuhungu w'imyaka 12 yapfuye arashwe, abantu nibura icyenda na bo barakomereka mu myigaragambyo yabayemo guhangana hagati y'abasirikare n'abigaragambya ku wa mbere mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y'Epfo ya DR Congo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye impapuro za ba Ambasaderi bashya bane
Perezida Kagame kuri uyu wa Mbere tariki 8 Nzeri 2025, yakiriye impapuro zemerera ba Ambasaderi bane bashya, guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda.
Abo ni Casper Stenger Jensen wa Denmark, Irene Vida Gala wa Brazil, Aurélie Royet-Gounin!-->!-->!-->…
Mataifa ya Afrika ya Kati yamteua mwenyekiti mpya wa tume ya ECCAS kutoka Burundi
Tume ya Jumuiya ya Kiuchumi ya Nchi za Afrika ya Kati ina rais mpya. Wakuu wa nchi za ECCAS waliokutana siku ya Jumapili, Septemba 7, huko Sipopo, Equatorial Guinea, wamemteua Balozi wa Burundi na waziri wa zamani wa mambo ya nje,!-->!-->!-->…
Trump yateguje ibihano bikomeye ku Burusiya nyuma y’igitero gikomeye bwagabye kuri Ukraine
Perezida w'Amerika Donald Trump yakangishije ibihano bikomeye cyane ku Burusiya nyuma yuko bugabye igitero cya mbere gikaze cyane cyo mu kirere kuri Ukraine kuva intambara itangiye.
Icyo gitero cyo ku cyumweru cyishe abantu bane,!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Jeshi lawaonesha watu wanaodaiwa kuwa ni wasaidizi wa AFC/M23 waliokamatwa Fizi na Uvira
Jeshi la Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (FARDC) limewaonyesha kwa waandishi wa habari siku ya Jumamosi, Septemba 6, watu sita waliokamatwa katika nyanda za juu za Fizi na Uvira, wakituhumiwa kushirikiana na waasi wa AFC/M23. Miongoni!-->!-->!-->…
USA: Bidasubirwaho, Trump yahinduriye izina Minisiteri y’ingabo
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye iteka rya Perezida ritegeka ko Minisiteri y’Ingabo izajya yitwa Minisiteri y’Intambara.
Ngo guhindura iri zina ni ukugira ngo Amerika ikomeze kugira intego no!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Ubundi General Gasita Olivier wa FARDC uteje imvururu i Uvira ni muntu ki?
Guhera mu cyumweru gishize, n'ubwo byaje gukomera cyane kuri uyu wa gatanu mu mujyi wa Uvira hakomeje kuvugwa kutumvikana hagati y'ingabo za Leta FARDC n'imitwe ya ba Wazalendo kugeza ubwo biviramo kurasana hagati y'izi mpande zombi ubundi!-->…
Uvira: Imirwano ikomeye ihanganishije FARDC na Wazalendo
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abarwanyi b’Ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya Wazalendo baraye barasaniye mu Mujyi wa Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo kubera kutumvikana.
Amasasu menshi muri uyu mujyi!-->!-->!-->!-->!-->…