Browsing Category
Ubuzima
Muhanga: Bamwe mu barwayi bagana ibitaro bya Kabgayi baravuga ko babangamiwe na service mbi
Hari abarwayi bagana ibitaro bya Kabgayi bavuga ko bahabwa service mbi ku buryo babarangarana bikageza n'aho bataha batavuwe.
Bamwe mu barwayi bagana ibitaro bya Kabgayi biherereye mu Karere ka Muhanga, baravuga ko babangamiwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Kongo: Abagera kuri 37 baguye mu mubyigano binjira igisirikari muri Kongo
Abantu 37 bapfuye bazira umubyigano ubwo bari mu gikorwa cyo gushaka kwiyandikisha kwinjira mu gisirikali muri Repubulika ya Kongo.
Uku kwiyandikisha kwaberaga kuri sitade ya Brazzaville nk’uko byemeza n’abategetsi muri icyo gihugu.!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Ubuyobozi bwahaye gasopo abagabo biha kujya gusambanya itsinda ry’abana…
Ubuyobozi bw'akarere ka Bugesera burihanangiriza abagabo n'abandi bose bajya gusambanya abana b'abakobwa bakiri bato bishoye mu mwuga w'uburaya bakiyita izina rya "Sunika simbabara" ko bazahanwa bikomeye.
Ibi byagarutsweho mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Wa Murundi waririmbye indirimbo “Kiradodora” nawe yitabye Imana
Nyuma ya Miss Erica uherutse kwitaba Imana, undi Murundi wamenyekanye cyane mu ndirimbo Kiradodora nawe yitabye Imana.
Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi aremeza ko undi muhanzi wabaye icyamamare mu myaka mike ishize witwa Sam!-->!-->!-->!-->!-->…
Breaking News: Gare ya Musanze iri gushya
Guhera mu masaha y'iki gitondo hagati ya saa mbili n'igice na saa tatu, inkongi y'umuriro yibasiye gare ya Musanze, bikaba bvugwa ko ibindi bice n'inyubako z'ubucuruzi zafashwe n'inkongi y'umuriro.
Umunyamakuru wacu uri mu mujyi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Burera: Babangamiwe n’ishuri rividura ubwiherero ryohereza umwanda mu ngo zabo
Abaturiye Urwunge rw’Amashuri (G.S.) rwa Rwasa ruherereye mu Mudugudu Murambo, Akagari ka Rwasa, Umurenge wa Gatebe mu Karere ka Burera, barinubira ko icyo kigo cy’ishuri kivudura umwanda kiwohereza mu ngo zabo.
Ibyo ngo bikurikirwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Impanuka ya Fuso yahitanye abantu batatu n’inka 18
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Ugushyingo 2023 habaye impanuka yahitanye abantu batatu ndetse n’inka zigera kuri 18 zihasiga ubuzima.
Ni impanuka yabereye ahitwa mu Kadasomwa muri Rusizi, aho abantu batatu bapfiriye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Gisozi: Imodoka yarenze umuhanda ijya kugonga salon de coiffure Imana ikinga akaboko
Mu Murenge wa Gisozi mu Kagari ka Musezero, Umudugudu wa Gasharu, habereye impanuka y’imodoka yarenze umuhanda, igonga inzu irayisenya.
Habimana Augustin, umushoferi wari utwaye iyi imodoka yavuze ko yakase ikorosi biramunanira!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakirisitu b’Itorero ADEPR bariye karungu, barashaka kweguza Umushumba Mukuru
Abayoboke b’Itorero ADEPR mu Ntara y’Iburengerazuba, barasaba ko Umuvugizi Mukuru w’iryo torero, Pasiteri Ndayizeye Isaie, yeguzwa ku buyobozi bwa ADEPR.
Bimwe mu bibazo abakirisito bashingiraho basaba ko yeguzwa, ni ibyaha!-->!-->!-->!-->!-->…
Gakenke: Bavakure Gerard yagwiriwe n’ikirombe arapfa
Umugabo witwa Bavakure Gerard yagwiriwe n’ikirombe ubwo yarimo asana inzira zikiganamo, bimuviramo gupfa. Iki kirombe cya Kampani yitwa COMIKAGI, giherereye mu Mudugudu wa Nyamugari, Akagari ka Gikingo mu Murenge wa Ruli, Akarere ka!-->!-->!-->…
Rwanda: Kera kabaye Traffic Police yemeye gushyira ibirango ahari za Camera mu mihanda
Nyuma y'ubusabe bw'abantu benshi bakoresha ibinyabiziga mu Rwanda bwo gushyira ibimenyetso ahantu hose haba camera mu muhanda zandikira abantu barengeje umuvuduko kuri ubu basubijwe kuko icyo cyifuzo cyatangiye kubahirizwa.
Ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Umwe mu barinda Pariki yishe mugenzi we amurashe
Umwe mu barinda Pariki y’Igihugu y’Ibirunga witwa Ntegerejimana Christophe w’imyaka 37, yarashe mugenzi we witwa Irakoze Kevin w’imyaka 32, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Ugushyingo 2023.
Byabereye mu Murenge wa Jenda,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyaruguru: Umugabo akurikiranyweho gusambanya abana be babiri bari munsi y’imyaka 6
Umugabo wo mu Murenge wa Munini mu Karere ka Nyaruguru, akurikiranyweho gusambanya abana be babiri; umwe w’imyaka itatu n’undi w’itanu, aho bikekwa ko yakoreye aba bana aya mahano ubwo umugore we yari yaragiye mu ruzinduko.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwanzuye runategeka ko Emmanuel Gasana afungwa iminsi 30 y’agateganyo
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Ugushyingo 2023, Urukiko rw’ibanze rwa Nyagatare, rwategetse ko CG (Rtd) Emmanuel Gasana, afungwa iminsi 30 y’agateganyo.
Urukiko rwemeje ko kubera impamvu zikomeye zituma CG (Rtd)!-->!-->!-->!-->!-->…
Urujijo ku ibura rya Bwana Gasana bivugwa ko yashimutiwe mu bitaro bya CHUK mu mujyi wa Kigali
Inkuru ya Bwana Gasana Lionel Richie wari usanzwe atuye mu mujyi wa Kigali, mu Karere ka Kicukiro bivugwa ko yashimutiwe mu bitaro bya CHUK aho yari arwariye ahitwa muri IZERE ikomeje guteza urujijo mu gihe umuryango we uvuga ko uri mu!-->…