Browsing Category
Ubuzima
Tanzanya: Ababyaza 4 barashinjwa kunobora amaso y’impinja zikivuka bakayagurisha ku bapfumu
Hari abaganga bane bo mu gihugu cya Tanzaniya bakurikiranyweho icyaha cyo kwiba bimwe mu bice by'imibiri y'impinja zikivuka bakazigurisha
Abaganga bane batatangarijwe amazina bo mu gihugu cya Tanzaniya bo mu gace kitwa Tabora mu!-->!-->!-->…
GAERG yibutse imiryango 15,593 yazimye burundu muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Umuryango w’abahoze ari abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (GAERG), wibutse imiryango 15,593 yishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ntihagire n’umwe urokoka.
Ni mu muhango wabaye kuri uyu wa 20 Gicurasi 2023 mu!-->!-->!-->…
Ibyishimo by’umukecuru w’imyaka 54 yabyaye impanga z’abana 3 nyuma y’imyaka…
Byabaye nk’igitangaza ubwo umugore wo muri Nigeria w’imyaka 54 y’amavuko yabyaraga impanga z’abana batatu, nyuma yo kumara imyaka 21 yose ategereje urubyaro ariko yarahebye. Nyuma y’iyo nkuru nziza, yakoresheje imbuga nkoranyambaga,!-->!-->!-->…
M23 irashinja FARDC gushimuta inka no kwica abaturage
Umutwe wa M23 wavuze ko nta bitero wagabye ku matariki ya 13 na 15 Gicurasi 2023 ahubwo ko ibyo ari bihuha byahimbwe n’ingabo za Leta ya Congo (FARDC) ngo bibe urwitwazo rwo kongera kugaba ibitero kuri uyu mutwe.
Ibi byanyujijwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyakabanda: Bwana Ndahiro yaraye apfuye urupfu rutunguranye
Umugabo witwa Ndahiro John yapfiriye mu nzu, nyuma yo gusaba ko bamuhamagarira ubuyobozi kuko yumvaga ngo agiye gupfa. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Rwagitanga, Akagari ka Nyakabanda I, Umurenge wa Nyakabanda, mu ijoro ku Cyumweru!-->!-->!-->…
Ukuri ku rupfu rutunguranye rw’umunyeshuri wo muri Ecole des Sciences de Musanze
Urupfu rw’Umunyeshuri w’umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 12 wigaga mu Ishuri ryisumbuye rya Ecole des Sciences de Musanze riherereye mu Karere ka Musanze rukomeje gutera urujijo.
Uwo munyeshuri wigaga mu wa mbere w’amashuri!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ibi biza tuzabitsinda nk’uko n’ibindi twabitsinze” Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame ubwo yari mu Karere ka Rubavu gusura abaturage baho nyuma y'ibyaga bagize yabahaye icyizere ko ibiza nabyo bizatsindwa nk'uko n'ibindi byatsinzwe.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 12 Gicurasi 2023, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Turahirwa Moses yemeye ko iwe hafatiwe urumogi ariko ko atazi uko rwahageze
Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions yemereye urukiko ko akoresha ibiyobyabwenge birimo urumogi, avuga ko yarunywaga ari mu Butaliyani mu gihe cy’imyaka ibiri yamazeyo.
Mu iburanisha ry’urubanza rwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: Yafatiwe mu cyuho atetse kanyanga
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu Karere ka Rwamagana, yafatiye mu cyuho umugabo w’imyaka 53, mu rucyerera rwo ku Cyumweru tariki ya 7 Gicurasi, atetse ikiyobyabwenge cya Kanyanga.
Yafashwe ayitekeye iwe mu rugo, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye impamvu DUBAI yanze kuburana
Nsabimana Jean uzwi nka Dubai wubatse Umudugudu w’Urukumbuzi Real Estate yanze kuburana kubera ko atamenyeshejwe igihe mbere.
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 8 Gicurasi 2023, ni bwo abantu batanu bareganwa na Dubai bagejejwe imbere!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Icyari ikirombe cyahinduwe imva y’abaherutse kuburiramo
Kuri uyu wa mbere Akarere ka Huye kahisemo gushyingura abantu baherutse kugwirwa n'ikirombe nyuma y'aho ibikorwa byo kubashakisha bitabashije kubageraho ari bazima cyangwa bapfuye.
Nyuma y'aho ibikorwa by'ubutabazi byari bigamije!-->!-->!-->…
Umuryango w’aba Islam mu Rwanda washimiwe uruhare wagize mu kunga Abanyarwanda
Goverinoma y'u Rwanda yashimiye Umuryango wabayidslamu mu rwanda RMC uruhare uwo muryango wahoze witwa AMUR wagize mu gusana imitima y'Abanyarwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w'i 1994 biciye mu nyigisho bigisha!-->!-->!-->…
Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda zambitswe imidali y’ishimwe
Ingabo z’u Rwanda (RWABAT2) ziri mu bikorwa by’Umuryango w’Abibumbye byo kugarura amahoro muri Repubulika ya Santarafurika(MINUSCA), zambitswe imidari y’ishimwe.
Iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 05 Gicurasi 2023, ku!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abarenga 170 bishwe n’imyuzure, mu gihe abasaga 100 baburiwe rengero
Abategetsi bo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bavuga ko umubare w'agateganyo w'abantu bazwi ko bapfiriye mu myuzure ikaze n'inkangu byatewe n'imvura nyinshi, wazamutse ugera ku bantu 176.
Guverineri w'intara ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Ghana: Umunyamakuru yasanzwe mu kiganiro Live baramuniga yenda gushiramo umwuka
Abagabo babiri b'ibigango basanze munyamakuru witwa Sadiq Gariba ari mu kiganiro inyumva nkumve (Live) baramunigagura hafi kumuramo umwuka ahumeka.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 3 Gicurasi 2023 ubwo isi yose yariho iriziha umunsi!-->!-->!-->!-->!-->…