Browsing Category
Ubuzima
Abamotari bazaniwe kasique nshya zizabarinda kumeneka umutwe mu gihe cy’impanuka
Abakora umwuga wo gutwara abantu kuri moto bazaniwe kasike nshya zigezweho zikaba zizabarinda kumeneka umutwe mu gihe habayeho impanuka yo mu muhanda.
Abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto barabyiniraku rukoma nyuma y'aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Sheikh Sindayigaya Mussa niwe utorewe kuyobora umuryango w’Abasilamu mu Rwanda (RMC)
Abagize inteko itora mu muryango w'Abasilamu mu Rwanda umaze kugirira icyizere Sheikh Sindayigaya bamutorera kuyobora RMC mu gihe cy'imyaka itanu iri imbere
Nyuma y'igihe hategurwa igikorwa cy'amatora mu muryango w'Abasilamu mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Murenzi Abdallah wigeze kuyobora Akarere ka Nyanza yatorewe umwanya ukomeye muri RMC
Mu gihe igikorwa cy'amatora y'ubuyobozi bushya bugomba kuyobora umuryango w'aba Islam mu Rwanda arimbanije, kuri ubu biravugwa ko Bwana MURENZI Abdallah wigeze kuyobora Akarere ka Nyanza yaba amaze gutorerwa kuyobora komisiyo!-->!-->!-->…
Nyanza: Abataramenyekana bishe muzehe Hesironi
Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru mu Karere ka Nyanza hazindukiye inkuru y'urupfu rw'umusaza witwa Hesironi Sesonga basanze munsi y'umukingo yakubiswe ikintu mu gahanga.
Amakuru y'urupfu rwa muzehe Hesiron yamenyekanye nyuma y'aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Mu Ishyamba rya Kibira habonywe imirambo 32 y’abambaye impuzankano za FARDC
Imirambo 32 y’abantu bambaye impuzankano y’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, yabonywe mu Ishyamba rya Kibira ryo mu Burundi, ku gice gikora kuri Komini ya Bukinanyana mu Ntara ya Cibitoke.
Iyi mibiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Gakenke: Umurenge wa Gashenyi wahize indi yose mu bikorwa by’Umuganda mu gihugu
Umurenge wa Gashenyi mu Karere ka Gakenke wegukanye igihembo cyo kuba waritwaye neza mu gikorwa cy'Umuganda Ku rwego rw'Igihugu mu mwaka wa 2023-2024.
Ni nyuma y’uko abaturage bo muri uyu Murenge bashoboye kwikorera bo ubwabo!-->!-->!-->!-->!-->…
CAR: Perezida Touadera yafatanyije n’inzego z’umutekano z’u Rwanda gukora Umuganda
Perezida wa Repubulika ya Santarafurika (CAR), Faustin-Archange Touadéra, yafatanyije n’inzego z’umutekano z’u Rwanda zagiye mu butumwa bwo kugarura amahoro muri icyo gihugu, (RWABATT12), gukora Umuganda rusange, kuri uyu wa 25!-->!-->!-->…
Bugesera: Njyanama y’Akarere yatangije icyumweru cy’umujyanama mu baturage aho batuye.
Njyanama y'Akarere ka Bugesera yatangije icyumweru cy'umujyanama mu baturage aho bazabasanga mu Mirenge, bakabereka ibyagezweho bari babatumye ngo babakorereho ubuvugizi ndetse n'ibindi bateganya kuzabakorera ubuvugizi mu byifuzo!-->!-->!-->…
Tanzania: Yimwe amahirwe yo kuba Padiri ahitamo kwiyahura akoresheje umugozi
Umusore wariho wigira kuzaba umupadiri yahisemo kwiyambura ubuzima akoresheje umugozi nyuma y'uko abamukuriye bamwimye amahirwe yo gukomeza ikindi cyiciro cyamugiraga umupadiri byuzuye.
Umusore witwa Masasawe Rogassion wo umujyi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Dosiye ya Barikana Eugene yamaze gushyikirizwa ubushinjacyaha
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Barikana Eugène, wahoze ari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko, yoherejwe mu Bushinjacyaha ku wa 16 Gicurasi 2024.
Barikana Eugène yatawe muri yombi ku wa 13 Gicurasi 2024!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Urubyiruko rwashimiwe uruhare rugira mu iterambere runagabirwa inka
Umuyobozi w'Akarere ka Bugesera Bwana Mutabazi Richard yagabiye inka urubyiruko rw'Akarere ka Bugesera nk'ishimwe rukwiye kubera uruhare rugira mu bikorwa byo gufatanya n'Akarere mu bikorwa by'iterambere mu nguni zose zako.
!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi umu depute wo mu ishyaka rya RPF
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwataye muri yombi Honorable Barikana Eugene, umudepite w'ishyaka rya FPR Inkotanyi.
RIB yavuze ko Barikana Eugene akekwaho gutunga intwaro zicira umuriro mu buryo butemewe!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Abantu 15 bagwiriwe n’ikirombe 5 bahita bapfa
Ahagana ku i saa saba n’iminota 15( 13h15) zo kuri uyu wa 11 Gicurasi 2024, mu Mudugudu wa Gatwa, Akagari ka Kazirabonde, kuri Site ya Nyagatoki icukurwamo amabuye y’agaciro, ikirombe cya Koperative COMIKA cyagwiriye abantu 15. Muri bo,!-->…
Bugesera: Abacuruzaga “Agataro” bakanyagirwana imbuto ku mutwe ubu barabyinira ku rukoma
Bamwe mu bacuruzi batari bafite aho bacururiza bagahitamo kubunza ibicuruzwa byabo ku gataro, ubu barabyinira ku rukoma nyuma y'aho bubakiwe isoko
Abagore bo mu Karere ka Bugesera bacururizaga imbuto n'imboga hasi ndetse bamwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: Barasaba udukingirizo duhagije two kwirinda virusi itera SIDA
Abakozi b’Ikigo cy’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro (Trinity Metals Group) mu Murenge wa Musha mu Karere ka Rwamagana, ni bamwe mu basaba Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) n’Abafatanyabikorwa bayo udukingirizo twinshi two kubarinda kwandura!-->…