Browsing Category
Ubuzima
Singapor: Bwana Tangaraju yishwe amanitswe nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gucuruza urumogi
Singapour (Singapore) yashyize mu bikorwa igihano cy'urupfu ku mugabo wahamijwe gucura umugambi wo gucuruza urumogi, nubwo abo mu muryango we, impirimbanyi hamwe n'umuryango w'abibumbye bari bamusabiye imbabazi.
Umuryango wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Umwana yakomerekeje se ubwo yageragezaga gutabara nyina wakubitwaga
Mu Kagari ka Migeshi mu Murenge wa Cyuve mu Karere ka Musanze haravugwa inkuru y’umwana w’imyaka 14 ushakishwa, nyuma yo gutoroka amaze gutema se ageragezaga gukiza nyina wakubitwaga.
Uwo mugabo w’imyaka 40 witwa Manishimwe Alexis!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Umusaza w’imyaka 65 yarohowe agiye kwiyahura bwa kane
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Murama mu Karere ka Kayonza, buratangaza ko bugiye kwegera umuryango w’umusaza w’imyaka 65 warohowe mu cyuzi ku nshuro ya kane agerageza kwiyahura mu bihe bitandukanye kubera amakimbirane afitanye n’umugore we.!-->!-->!-->…
Kenya: Imirambo hafi 50 imaze gutabururwa, birakekwa ko bishwe n’inzara kubera ukwemera
Polisi ya Kenya imaze gutaburura imirambo y’abantu 47 hafi y’umujyi wa Malindi ku nyanja iburasirazuba, mu gihe hakomeje iperereza ku mukuru w’idini ushinjwa gukangurira aba bantu kutarya kugeza bapfuye.
Mu bamaze gutabururwa harimo!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yongeye guta muri yombi abayobozi batanu bo mu turere twa Gisagara na Nyanza
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze abayobozi batanu bo mu Karere ka Nyanza na Gisagara bishingiye ku bimenyetso byabonetse bifitanye isano n’ibyaha byakozwe mu itangwa ry’amasoko muri utwo turere.
Amakuru dukesha!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo-Rutunga: Umwe muri 15 yitabye Imana, hakekwa ubushera banyoye
Mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Rutunga, Akagari ka Kabariza, mu Mudugudu wa Nyamise, hari abaturage 15 banyoye ubushera ku muturanyi wabo witwa Tuyishimire Jean Claude bajya mu bitaro, umwe akaba yitabye Imana kuri iki Cyumweru!-->!-->!-->…
Huye: Umunsi urashize abagabo 6 baheze mu kirombe cy’amabuye
Guhera ku munsi w'ejo hari abagabo bagera kuri batandatu bivugwa ko baheze mu kirombe cy'amabuye, kugeza ubu bakaba babuze ubutabazi.
Mu Karere ka Huye mu Murenge wa Kinazi, ho mu kagari ka Gahana biravugwa ko hari abagabo bagera!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umukozi w’Akarere yatawe muri yombi nyuma yo kwiyemerera gusambanya umwana…
Umugabo wo mu Karere ka Nyanza ukorera urwego rwa DASSO yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho gusambanya umwana w'umukobwa w'imyaka 17 yamavuko akamutera n'inda.
Umugabo witwa Edouard ukorera Akarere ka Nyanza nk'umwunganizi mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Taliki ya 20 Mata 1994-20 Mata 2021, imyaka 29 irashize Umwamikazi Gicanda yishwe
Taliki ya 20 Mata 1994 nibwo umwamikazi Rosalie Gicanda wari umugore w'umwami Mutara wa III Rudahigwa yishwe mu gihe jenocide yari irimo ikorerwa abatutsi mu Rwanda.
Umwamikazi Gicanda wari utuye mu Ntara y’Amajyepfo, i Butare!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubuzima bushaririye Dr Kanimba wamamaye mu kuvura abagore amazemo imyaka 3 yose
Dr Vincent Kanimba, inzobere mu bijyanye no kubyaza wamenyakanye mu mavuriro atandukanye mu mujyi wa Kigali, yasabye ubufasha kugira ngo abashe kwivuza indwara ikomeye amaranye imyaka itatu yatumye anahagaruka akazi.
Hashize imyaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Ndayishimiye wifuza guhinduza amazina
Uwitwa Ndayishimiye Augustin, mwene Gafishi na Mukamusoni utuye mu Karere ka Kicukiro, umurenge wa Gatenga, akagari ka Nyanza, umudugudu wa Juru, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe akoresha ariyo Ndayishimiye!-->…
Musanze: Babiri bagwiriwe n’imodoka Imana ikinga akaboko
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki 18 Mata 2023, Daihatsu ifite plaque RAF 121 N yakoze impanuka igwa munsi y’umuhanda yubamye, igwira umushoferi n’umuturage bari kumwe, Imana ikinga ukuboko.
Ni imodoka yari ipakiye inkwi, iva!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Pasitoro wo muri ADEPR yanze gushyingira abageni, bishakira undi wigenga arabasezeranya
Umupasitori wo itorero rya ADEPR yanze gusezeranya abageni nyuma y'aho asanze ko umugeni wari bushyingirwe atwite.
Umu pasitoro wo mu itorero rya pentekoti ADEPR wo mu Karere ka Karongi, aravugwaho guhagarika bw'umusore n'inkumi!-->!-->!-->!-->!-->…
Abagore 2 gusa nibo bari ku rutonde rw’abantu 30 batunze byibuze miliyoni 10 z’amadorari
Abagore batarenga babiri nibo bonyine gusa bagaragara ku rutonde rw'Abanyarwanda batunze agatubutse
Mu mibereho y'Abanyarwanda, abantu ntibakunze kwemera ko bakize, yewe n'ababigezeho rimwe na rimwe bakunze kubihisha ntibabishire ku!-->!-->!-->…
Umujyi wa Kigali wemeye kwishyurira ubukode ababaga mu Mudugudu wo ’Kwa Dubai’
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko bwahisemo gukodeshereza ukwezi kumwe abakodeshaga mu macumbi (apartment) yo mu nzu zirindwi zigeretse zo mu Mudugudu ugezweho wiswe “Urukumbuzi Real Estate”, nyuma y’ubugenzuzi bwagaragaje ko!-->!-->!-->…