Browsing Category
Ubuzima
Kiliziya ya Kenya yahagaritse umupadiri warongoye rwihishwa
Diyoseze Gatolika ya Warri- Delta, yahagaritse ku kazi Padiri Daniel Okanatotor Oghenerukevwe, imukura no ku nshingano zose za gipadiri, nyuma yo kumenya inkuru y’ubukwe bwe, aho yasezaranye n’umugore witwa Dora Chichah, muri Leta zunze!-->…
Mahama : Gaz yatwitse inzu y’Impunzi
Inkongi yatewe n’iturika rya Gaz mu nkambi ya Mahama, iherereye mu karere ka Kirehe, mu Burasirazuba bw’u rwanda, yahitanye umunye-Congo witwa Pengele Jean Kamate.
Iyi nkongi yabaye ku mugoroba wo kuwa mbere w’iki cyumweru, yadutse!-->!-->!-->…
RMC yishimiye irekurwa ry’umunyamakuru Liliane
Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura mu Rwanda, RMC, rwatangaje ko rwishimiye irekurwa ry’Umunyamakuru, Uwineza Liliane, wari watawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rusaba abandi bose kubahiriza amabwiriza agenga umwuga.!-->…
Muhanga: Ntaganzwa wishe umugore we amumennye amagufwa yo mu mutwe yasabiwe gufungwa burundu
Ntaganzwa Emmanuel uregwa n’ubushinjacyaha icyaha cyo kwica umugore we Mukashyaka Anathalie yasabiwe igihano cyo gufungwa burundu.
Icyo gihano yagisabiwe mu iburanisha ryabereye mu ruhame kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Mutarama 2025 mu!-->!-->!-->…
Abivuriza mu bitaro bya Muhima babangamiwe n’imitangire ya serivisi bavuga ko itanoze
Bamwe mu barwayi bivuriza ku bitaro bya Muhima mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko babangamiwe no kuba batinda guhabwa serivisi z’ubuvuzi hakaba nubwo barara batazihawe bigasaba ko bagaruka ku munsi ukurikiyeho.
Dusengimana Charlotte ni!-->!-->!-->…
MININFRA yateguye politiki iteganya guha ibyangombwa abubaka inzu zigeretse gusa
Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko hateguwe politiki yo kunoza imiturire, iteganya ko ibyangombwa byo kubaka bizajya bihabwa abagiye kubaka inzu zigeretse ndetse n’izituramo imiryango myinshi.
Ibi ngo bigamije kubungabunga!-->!-->!-->!-->!-->…
Abavuye muri FDLR bavuze uko bakoranaga n’igisirikare cya RDC n’icy’u Burundi
Bamwe mu basore baherutse gutoroka amashyamba yo muri Congo aho bakoranaga n'imitwe y'iterabwoba harimo n'uwa FDLR bakishyikiriza inzego z’umutekano z’u Rwanda, baravuga ko bakoranaga mu bikorwa bya gisirikare n'ingabo z'iki gihugu FARDC!-->…
Donald Trump yategetse ko TikTok yongera gukoreshwa muri USA
Tariki 18 Mutarama 2025, nyuma y’icyemezo cyafashwe n’Urukiko rw’Ikirenga muri Amerika, abakoresha urubuga rwa TikTok bagera kuri miliyoni 170, babuze serivisi zayo ku murongo.
Urukiko rw’Ikirenga rwategetse TikTok ko igomba!-->!-->!-->!-->!-->…
Rustiro: Inkuba yakubise umubyeyi w’imyaka 29 ahita apfa
Mu karere ka Rutsiro, mu Murenge wa Ruhango,Akagari ka Kavumu, inkuba yakubise umubyeyi witwa Imanizabayo Solange w’imyaka 29 wonsaga uruhinja rw’amezi icyenda, ahita yitaba Imana.
Uyu mubyeyi asize urwo ruhinja n’undi mwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Imyaka 80 irashize Umwami Musinga atanze
Hari byinshi byaranze amateka bitazigera bisibangana mu mitwe y’Abanyarwanda, uhereye ku mwaduko w’abazungu mu 1894 kugeza kuri Jenoside yakorewe Abatutsi n’ihagarikwa ryayo mu 1994.
Mu by’ingenzi twavuga byabaye hagati aho, ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibitaro bya CHUK byasabye ababigana kujya bambara agapfukamunwa
Abantu bagana ibitaro bikuru bya Kaminuza bya Kigali (CHUK), basabwe kwambara agapfukamunwa kubera ubwiyongere bw’ibicurane.
Umuyobozi Mukuru wa CHUK Dr. Mpunga Tharcisse mu itangazo yashyizeho umukono, rivuga ko abakozi, abarwayi,!-->!-->!-->!-->!-->…
Le Pen wangaga abirabura urunika anahakana jonoside yakorewe Abayahudi yitabye Imana
Abo mu muryango wa Le Pen, wari umaze iminsi ari mu kigo kita ku basheshe akanguhe, bavuze ko yashizemo umwuka kuri uyu wa kabiri aho yari akikijwe n’abo mu muryango we.
Le Pen waranzwe ahanini no guhakana Jenoside yakorewe!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Abashakira serivisi ku Murenge wa Mubuga barasaba ubwiherero bufunze
Abaturage bo mu Murenge wa Mubuga, mu Karere ka Karongi, barasaba ko bahabwa ubwiherero buzima buri ku rwego rw’Umurenge nyuma y’aho ubwo bafite butujuje ubuziranenge kuko ngo buhora bufunguye kandi budasukuye.
Abaturage baganiriye!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Abana bafite ubumuga bahawe impano za Noheli
Ababyeyi bafite abana bavukanye ubumuga mu Karere ka Muhanga, baravuga ko kubera gahunda zidaheza Leta yashyizeho zo kwita ku bafite ubumuga, batagiterwa ipfunwe no kuba barabyaye abana bafite ubumuga.
Abo babyeyi bavuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye akayabo k’amadorari Amerika imaze gukoresha mu ntambara ya Ukraine
Leta Zunze Ubumwe za Amerika imaze gutanga inkunga y’amafaranga n’intwaro ifite agaciro karenga miliyari 100$, mu gufasha Ukraine guhangana n’u Burusiya mu ntambara imaze imyaka irenga ibiri iri guca ibintu hagati y’impande zombi.
!-->!-->!-->!-->!-->…