Browsing Category
Ubuzima
ICC yareze Rodrigo Duterte ibyaha byibasiye inyokomuntu
Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC) rwareze Rodrigo Duterte wahoze ari Perezida wa Philippines ibyaha byibasiye inyokomuntu.
Uyu musaza w'imyaka 80 y'amavuko yahoze ayobora igihugu cya Philippines ashinjwa kuba ari we wo kuryozwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Damaseni na Sebera barahigwa bukware nyuma yo gukekwaho kwica uwabibaga ibirayi
Hategekimana Damascène na Sebera Adrien bo mu Karere ka Rutsiro barashakishwa n’ubuyobozi n’inzego z’umutekano zo mu Karere ka Karongi, nyuma yo kwica Niyibizi Pacifique w’imyaka 25 wabibiraga ibirayi mu murima, bamuteye igisongo!-->!-->!-->…
Musanze: Kimonyi barinubira ruswa bakwa mu kurwanya imirire mibi
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kimonyi, higanjemo ababyeyi; bavuga ko kugira ngo bemererwe guhabwa inkunga igenewe gufasha abana bafite ikibazo cy’imirire mibi, babanza gusabwa amafaranga ya ruswa cyangwa ayo bita ishimwe.
Abo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyeshuri batwitse ikigo kubera Man City na Arsenal
Mu Majyepfo y’Uburengerazuba bwa Kenya, abanyeshuri batwitse ikigo cy’ishuri nyuma y’uko bangiwe kureba umukino w’umupira w’amaguru wahuzaga ikipe ya Manchester City na Arsenal muri Shampiyona y’Icyiciro cya mbere mu Bwongereza,!-->!-->!-->…
Hakozwe Lunettes zizajya zikora nka telephone
Ikigo cy’Abanyamerika kizwiho gukora ibijyanye n'ikoranabuhanga cyitwa Meta, cyashyize hanze ubwoko bw'amadarubindi (lunettes) z’ikoranabuhanga ziswe ‘Meta Ray-Ban Display’. Aya madarubindi afite screen mu birahure byazo ituma!-->!-->!-->…
Nyina wa Masamba intore yitabye Imana
Mukarugagi Ancille ubyara Masamba Intore yitabye Imana ku myaka 83 azize uburwayi yari amaranye igihe.
Amakuru y'urupfu rwa Nyakwigendera Ancille Mukarugagi, umubyeyi wasizwe n'umusizi akaba n'umuhanzi wamenyekanye cyane mu Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Thomas Partey wahoze akinira Arsenal yahakanye ibirego byo gufata abagore ku ngufu
Thomas Partey wahoze akinira ikipe ya Arsenal yahakanye gufata ku ngufu abagore babiri no gukora ihohotera rishingiye ku gitsina ku wundi mugore wa gatatu.
Uyu Munya-Ghana ukina hagati mu kibuga yahakanye ibirego bitanu byo gufata!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyeshuri batatu bakomerekeye mu mpanuka ya drone ya RDF i Rutsiro
Mu gitondo cyo ku wa Kabiri, tariki ya 16 Nzeri 2025, indege nto itagira abapilote (drone) y’Ingabo z’u Rwanda RDF yakoze impanuka mu Karere ka Rutsiro, nyuma yo gutakaza icyerekezo kubera imihindagurikire y’ikirere itari imeze neza.
!-->!-->!-->!-->…
RIB yatangaje ibyaha Camarade wahoze ari umunyamabanga wa FERWAFA akurikiranyweho
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade wari umunyamabanga w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, yatawe muri yombi.
Camarade wavuye kuri izi nshingano tariki ya 30!-->!-->!-->!-->!-->…
Zambia: Abagabo babiri bahamijwe ibyaha birimo gushaka kuroga perezida
Urukiko rwo muri Zambia rwakatiye abagabo babiri gufungwa imyaka ibiri kubera kugerageza gukoresha ubupfumu kugira ngo bice Perezida Hakainde Hichilema.
Umunya-Zambia Leonard Phiri n'Umunya-Mozambique Jasten Mabulesse Candunde!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Umusaza w’imyaka 62 yiyahuje ikiziriko
Umusaza witwa Seboyi Vincent w’imyaka 62 wo mu Mudugudu wa Kambogo, Akagari ka Nyarugenge, Umurenge wa Rubengera yiyahuje ikiziriko bivugwa ko ari amadeni yari amaze kumubana menshi.
Amakuru y’urupfu rwa nyakwigendera Seboyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Tyler Robinson, ukekwaho kwica arashe Charlie Kirk, ni muntu ki?
Umugabo ushinjwa kurasa bikaviramo urupfu impirimbanyi Charlie Kirk y'amahame yo gukomera ku bya kera, yatangajwe ko yitwa Tyler Robinson, w'imyaka 22, kavukire wa leta ya Utah muri Amerika, abategetsi bavuze ko yari amaze "igihe!-->!-->!-->…
Isi yose yanze kumwakira, icyafasha KABUGA Felesiyani ni uko yakoherezwa mu Rwanda
Umushinjacyaha w'urwego rwasigaye ruca imanza zasizwe n'urukiko rwa Arusha yasabye uru rwego ko rwakwiga ku irekurwa ry'agateganyo rya Félicien Kabuga akoherezwa mu Rwanda, igihugu afitiye ubwenegihugu bw'amavuko kandi "cyonyine!-->!-->!-->…
Urukiko rwanzuye ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ku Umuhumuza wayoboye WASAC
Urukiko rwa Nyarugenge rwategetse ko Umuhumuza Gisèle, wari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, afungwa iminsi 30 y’agateganyo.
Urukiko rwa Nyarugenge rwasomye umwanzuro w’ifungwa ry’agateganyo ku kirego!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Afungiye kwica se amuhora ko atamuha umunani
Nikuze Félicien w’imyaka 37 yatawe muri yombi akurikiranyweho kwica se Nsengimuremyi Edouard w’imyaka 62 amutemaguje umupanga mu mutwe bikaba bivugwa ko yamuhoye ko atamuha umunani utacyemewe mu mategeko y’u Rwanda.
Umwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…