Browsing Category
Ubuzima
India: Abatari bake batikiriye mu mpanuka y’indege
Ikigo cy'igihugu gishinzwe iby'indege cyemeje ko indege ya Air India yakoze impanuka nyuma y'iminota mike gusa ihagurutse.
Indege ya Air India yari itwaye abantu bagera kuri 244 yakoze impanuka nyuma y'iminota itanu gusa ihagurutse mu!-->!-->!-->…
Rusizi: Amayobera ku rupfu rwa Ignace wasohotse mu gicuku agiye kwiherera agenda agiye
Ngirente Ignace w’imyaka 47, wari utuye mu Mudugudu wa Rubuye, Akagari ka Ruganda, Umurenge wa Rwimbogo, Akarere ka Rusizi, yasohotse mu gicuku avuga ko agiye mu bwiherero ntiyagaruka, umuryango we uramushakisha muri icyo gicuku uramubura,!-->…
Nta kibazo mfitanye na Bishop Gafaranga! Murava yavuze
Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Annette Murava, yagaragaje ko nta kibazo afitanye n’umugabo we Bishop Gafaranga, uherutse gukatirwa gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, kubera ibyaha birimo icyo guhoza ku nkeke uwo!-->!-->!-->…
Bugesera: Urubyiruko rwiyemeje gukomeza kugira uruhare mu iterambere ry’Akarere.(Amafoto)
Urubyiruko rwiyemeje gukomeza kugira uruhare mu iterambere ry'Akarere binyuze mu bikorwa rukora bizamura imibereho myiza n'ubukungu by'abaturage ndetse no gukoresha amahirwe rwahawe rufatanya n'inzego mu kubaka igihugu ruhereye aho rutuye.!-->…
ICYO UKEIRIYE KUMENYA KU BWOKO BUSHYA BWA COVID19 NB.1.8.1
NI IKI UBWOKO BUSHYA BWA COVID 19 BUTANDUKANIYEHO NA O MICRON? KUKI BUKWIRIYE KWIRINDWA CYANE?
Abahanga mu by'ubuvuzi bakomeje gutanga umuburo ko icyorezo cya COVID-19 kitagiye, ndetse bakomeza gushishikariza abanyarwanda gukaraba!-->!-->!-->!-->!-->…
DORE UBWOKO BW’IBIRYO UKWIRIYE KUGABANYA BIKAJYANA N’IGABANYUKA RYO KUGIRA AGAHINDA…
UBUSHAKASHATSI BWASHYIZE HANZE BIMWE MU BIRYO UMUNTU ASHOBORA KUGABANYA, BIKAGIRA URUHARE MU KUMUGABANYIRIZA AGAHINDA GAKABIJE.
Agahinda gakabije ni bumwe mu burwayi bukomeje kwiyongera cyane ku isi, bugaher aku bakiri bato,!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yashyize hanze amayeri yose akoreshwa mu gucuruza abantu.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye ko icuruzwa ry’abantu cyangwa abantu basigaye bajya gucuruzwa atari abatarize gusa ahubwo bisigaye bikorerwa ku bantu bize, bajijutse kandi bikagirwamo uruhare n’abantu batandukanye!-->…
Nigeria: Abarenga 100 bishwe n’umwuzure
Ikigo cya Nigeria gishinzwe kurwanya ibiza (Nsema) cyatangaje ko umwuzure watewe n’imvura y’amahindu, wishe abantu bagera ku 110 mu bice bitandukanye by’iki gihugu ku wa 30 Gicurasi 2025.
Umuyobozi Mukuru wa Nsema, Abdullahi!-->!-->!-->!-->!-->…
Mufitiye umwenda Abanyarwanda – IBUKA ku miryango itari iya Leta yarumye gihwa muri Jenoside
Perezida wa IBUKA mu Karere ka Nyanza, Niyitegeka Jean Baptiste, yagaragaje ko imwe mu miryango itari iya Leta ifitiye umwenda Abanyarwanda by’umwihariko abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ku bw’ibikorwa byayiranze byo gutererana!-->!-->!-->…
Nyina wa Ingabire Victoire yagaragajwe nk’ipfunwe ku rwego rw’Ubuzima
Dusabe Thérèse ni nyina ubyara Ingabire Victoire, yabaye Umuyobozi w’Ikigo Nderabuzima cya Butamwa kugeza ubwo Jenoside yakorerwaga Abatutsi yabaga mu 1994.
Minisiteri y’Ubuzima isanga Dusabe wayoboye Ikigo Nderabuzima cya Butamwa ari!-->!-->!-->…
Mozambique: Inzego z’umutekano z’u Rwanda zashyikirije abaturage isoko zabubakiye
Inzego z’umutekano z’u Rwanda (RSF) ziri muri Mozambique zashyikirije abaturage bo mu Mujyi wa Macomia, isoko rishya zabubakiye mu rwego rwo gushyigikira imibereho myiza n’iterambere ry’ubukungu ry’abatuye mu Ntara ya Cabo Delgado, yari!-->…
Umunyamakuru Diane wa “Umuseke” yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we.…
Murerwa Diane, umunyamakuru akaba n'umwanditsi mu kinyamakuru Umuseke.rw yasezeranye kubana imbere y'amategeko akaramata n'umukunzi we bamaze igihe bakundana Bwana Munyaneza William (Willy).
Umuhango wo gusezerana imbere y'amategeko ku!-->!-->!-->…
Amamiliyoni y’ibicuruzwa yongeye atikirira mu nkongi y’umuriro yibasiye Agakiriro ka…
Agakiriro ko ku Gisozi ahasanzwe hakorerwa imirimo itandukanye irimo iy'ububaji no gusudira yongeye kongeye kibasirwa n'inkongi y'umuriro isize amarira n'amaganya ya benshi mu bacuruzi bemeza ko hari ama miliyoni atari make!-->!-->!-->…
RDB yagize icyo ivuga ku muhango wo kwita izina wari umaze umwaka warahagaze
Nyuma y'aho umwaka ushize umuhango uzwi nko "Kwita izina" utabaye kubera icyorezo cy'indwara ya Merbourg, kuri ubu RDB yamaze gutangaza ukwezi ndetse n'amataliki uyu muhango uzasubukurwaho.
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere RDB,!-->!-->!-->…
Mu cyuweru kimwe gusa abagera kuri 70 bamaze guhitanwa na Kolera
Minisiteri y’Ubuzima muri Sudani yatangaje ko abantu 70 bahitanywe na kolera mu cyumweru kimwe, mu bantu bagera kuri 942 bayanduye.
Amajyepfo y’icyo gihugu yahuye n’icyorezo nyuma y’igitero cy’indege zitagira abapilote barashe ku!-->!-->!-->!-->!-->…