Browsing Category
Umutekano
DRC: Umutwe wa M23 wigaruriye uduce twa Luke na Mulema muri teritwari ya Masisi.
Abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 6 Ukwakira 2025 bambuye ihuriro Wazalendo agace ka Luke na Mulema muri teritwari ya Masisi.
Utu duce twafashe nyuma!-->!-->!-->…
Muhanga: Umusore washakishwaga kubera gufata umwana ku ngufu, yafashwe ari kubaga imbwa
Rukundo Jean Claude wari umaze iminsi ashakishwa n’ubutabera ku cyaha cyo gufata ku ngufu umwana w’umukobwa w’imyaka ine, yatawe muri yombi, ariko bitungura benshi kuko yasanzwe ari kubaga imbwa ngo agurishe inyama zayo.
Ni inkuru!-->!-->!-->…
Karongi: Abataramenyekana bibye ibendera ry’akagali
Ibendera ry’Igihugu ryari ku biro by’Akagari ka Buhoro mu Murenge wa Gishyita, Akarere ka Karongi ryibwe, umuzamu n’abanyerondo babiri batabwa muri yombi kuko bavuga ko ryibwe mu gihe bose bari basinziriye.
Abo bagabo uko ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Umusore yishwe atewe icyuma mu ijosi.
Mu gitondo cyo ku Cyumweru, tariki ya 5 Ukwakira 2025, mu isantere ya Kamabare, Akagari ka Ngenda, Umurenge wa Nyarugenge mu Karere ka Bugesera, haravugwa urupfu rw’umusore witwa Sabayezu Danny w’imyaka 26, watewe icyuma mu ijosi na!-->!-->!-->…
Rutsiro: Abagabo 9 bafunzwe bakekwaho gutema inka z’abaturage
Abagabo 9 bo mu Karere ka Rutsiro bafunzwe bakekwaho gutema inka z’abaturage mu mirenge ibiri itandukanye.
Muri aba bafunzwe harimo abagabo umunani bakekwaho gutema inka ya Baturahenshi Jonas wo mu Murenge wa Mukura, Akagari ka Kagusa!-->!-->!-->…
Rubavu: Umugabo yasanzwe muri Lodge amanitse mu mugozi yapfuye
Umugabo utaramenyekana umwirondoro we yasanzwe muri Lodge yapfuye, bigakekwa ko yiyahuye kuko bamusanze amanitse ku mugozi.
Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye kuri uyu wa gatandatu, tariki 4 Ukwakira 2025, mu Murenge wa Gisenyi,!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Polisi yafunze babiri bakekwaho kwigana amafaranga no gutuburira abaturage
Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu yataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho kwigana inoti bagatuburira abaturage.
Byabaye ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 3 Ukwakira 2025, ku masaha ashyira saa Kumi n’Igice, mu Mudugudu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Umunyerondo yatewe icyuma mu nda arapfa
Byabereye mu Mudugudu wa Rubona, Akagari ka Kibilizi, Umurenge wa Rubengera ku wa 1 Ukwakira 2025, mu isoko rya Kibilizi.
Abari muri iri soko bavuze ko umusore wo mu Murenge wa Rugabano usanzwe uvugwaho ubujura, yibye amavuta yo guteka!-->!-->!-->…
Nyakabanda: RIB yafunze umugabo wagaragaye akubita umuturage mu biro by’Akagari
Urwego rw’Ubungenzacyaha (RIB) rwatangaje ko ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, rwafashe abantu bagaragaye mu mashusho bakubitira umuntu mu biro by’Akagali ka Munanira I, mu Murenge wa Nyakabanda.
Amashusho yashyizwe hanze kuri X!-->!-->!-->…
Umusirikare wa RDF yafatiwe i Burundi
Minisiteri y'ingabo mu gihugu cy'u Burundi yatangaje ko hari umusirikare w'ingabo z'u Rwanda RDF yafatiwe mu gihugu cy'u Burundi anyuze ku mupaka wa Nemba.
Mu itangazo No 2013 akarongo 02.052 ryasohotse kuri uyu wa gatatu taliki!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Umwarimu akurikiranyweho kurya amafaranga y’ababyeyi abizeza kubabonera amashuri…
Kuri sitasiyo ya RIB ya Busasamana mu Karere ka Rubavu hafungiye umwarimu witwa Tuyisenge Emmanuel w’imyaka 30, akurikiranyweho kurimanganya ababyeyi yasezeranyije gushakira ishuri na bagenzi be yijeje kugera ku nguzanyo.
Uwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Yasanzwe yapfuye munsi y’ikiraro gikunze guteza impanuka
Ngendahimana John w’imyaka 65 yasanzwe yapfiriye munsi y’ikiraro cyo mu Mudugudu wa Mukinga, Akagari ka Kamisave, Umurenge wa Remera mu Karere ka Musanze, bikekwa ko yagize impanuka akagwa mu ijoro rishyira ku wa Gatandatu tariki ya!-->!-->!-->…
Itangazo rireba bamwe mubakoresha imihanda y’umujyi wa Kigali – RNP
Polisi y’u Rwanda irabamenyesha ko kuva tariki ya 17 Nzeri 2025 saa sita z’ijoro (12:00 AM), umuhanda uva Mu Mujyi – Kimihurura – RIB – KCC uza kuba ufungiye ku Kabindi, ibi bizatuma ibinyabiziga bituruka mu Mujyi bidakomeza nk’uko!-->…
Hamenyekanye impamvu umuhanzi Ariel Ways yatawe muri yombi
Nyuma y'iminsi bihwihwiswa ko umuhanzi Ariel Ways yatawe muri yombi we Barbara Horn Teta wamamaye nka Babo, kuri ubu Police y'igihugu yashyize umucyo ku byitwaga ibihuha, yemeza ko abo bahanzi babiri bamaze iminsi bafungiye kui station!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Afungiye kwica se amuhora ko atamuha umunani
Nikuze Félicien w’imyaka 37 yatawe muri yombi akurikiranyweho kwica se Nsengimuremyi Edouard w’imyaka 62 amutemaguje umupanga mu mutwe bikaba bivugwa ko yamuhoye ko atamuha umunani utacyemewe mu mategeko y’u Rwanda.
Umwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…