Browsing Category
Umutekano
Bugesera: Arasaba ubutabera nyuma yo gukubitwa akavunwa ukuboko, ukuguru n’imbavu na Mudugudu…
Umuturage wo mu Murenge wa Nyarugenge wo mu karere ka Bugesera arasaba ubutabera avuga ko umuyobozi w'umudugudu afatanyije n'abavandimwe be bamukubise, bakamumugaza, bikamuviramo ubumuga bwo kuba ntacyo akibasha kwikorera.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Akurikiranyweho kwiyicira umwana we kubera guhora yakwa indezo
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yataye muri yombi umugabo w’imyaka 32 akekwaho kwica umwana we w’umuhungu w’imyaka 11 akagerageza gutwika umurambo we.
Uyu mugabo yafatiwe mu kagari ka Rwesero, mu murenge wa Busasamana!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza : Karemera Edouard akurikiranyweho gutema umuvandimwe we akamusiga ari intere.
Ubu bugizi bwa nabi bwabereye mu Murenge wa Muyira Akarere ka Nyanza kuri uyu wa gatanu tariki ya 09Gicurasi 2025 saa munani za ku manywa.
Bamwe mu baturage bavuga ko Gasigwa Jean Damascène watemwe amaboko mu buryo bukabije yaguze!-->!-->!-->!-->!-->…
Brig.Gen Karangwa J.Paul yakuriye inzira ku murima abasaba u Rwanda gukuraho ubwirinzi ku mipaka
Umuyobozi w’Ingabo mu Mujyi wa Kigali, Brig Gen Jean Paul Karangwa, yatangaje ko u Rwanda rudashobora gukuraho ubwirinzi rwashyize ku mipaka yarwo kuko bugamije kubungabunga umutekano w’igihugu.
Yabigarutseho kuri uyu wa 25 Mata 2025,!-->!-->!-->…
Nyanza: Yatse umugore we amafaranga ayamwimye aramutemagura arapfa
Umugabo witwa SAVAKURE Adenien uri mu kigero cy'imyaka 31 y'amavuko yaraye yishe umugore we amutemaguye amuziza ko yamwatse amafaranga undi akayamwima.
Mu ijoro ry'ejo hashize kuwa kane taliki ya 24 Mata 2025 ahagana saa tatu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: RIB imaze kwemeza ko Ntazinda Erasme wari meya w’Akarere yatawe muri yombi
Nyuma y'amasaha make gusa yirukanywe agakurwa ku buyobozi bw'Akarere ka Nyanza, urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha bwemeje ko bwataye muri yombi Bwana Ntazinda Erasme.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri nibwo ibiro bya njyanama!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Abanyeshuri 2 bishwe bagonzwe n’imodoka yabahuje n’igikuta cy’ishuri
Abanyeshuri babiri baguye mu mpanuka y'imodoka yo mu bwoko bwa "Pajero" ifite plaque "RAG 879 Z" yabagonze ibasanze aho bari bahagaze ibahuza n'igikuta cy'igipangu cy'ishuri bagwa ku bitaro by'Akarere ka Bugesera biri i Nyamata.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Kontabure na DAF b’umurenge wa Kigali bafatiwe mu cyuho bakira ruswa
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Mutware Francois ushinzwe imari n’ubutegetsi mu Murenge wa Kigali na Uwimana Jean ushinzwe icungamutungo, nyuma yo gufatirwa mu cyuho bakira ruswa kugira ngo uwari ufite isoko yongere!-->…
Kamonyi: Batatu bakekwaho gukubita umuntu fer a béton mu mutwe bikamuviramo gupfa bafashwe.
Abafashwe ni abasore babiri n'umugore umwe bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw'umugabo witwa Nsengimana Jean w’imyaka 45 ubu bakaba bafungiye kuri Sitasiyo ya Police ya Gacurabwenge mu gihe iperereza rikomeje.
Aba ngo bakurikiranye!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: RIB yataye muri yombi Bwana Ndizeye Eric wari umaze imyaka 6 ashakishwa
Ndizeye Eric wari umaze imyaka igera kuri itandatu yaracitse kubera icyaha yakekwagaho cyo gufata ku ngufu umwana w'umukobwa, kera kabaye yacakiwe atabwa muri yombi.
Mu mwaka wa 2019 nibwo Ndizeye Eric wo mu murenge wa Kavumu ho mu!-->!-->!-->…
DRC: Biravugwa ko Ububiligi bwaba bwohereje ingabo n’ibikoresho muri Congo
Hari amakuru avuga ko igihugu cy'Ububiligi cyaba kimaze kohereza ingabo ziherekejwe n'ibikoresho bya gisirikare muri Congo mu gace ka Beni.
Mu gihe hari kuvugwa ibiganiro by'amahoro bizahuza Leta ya Congo n'umutwe wa M23 umaze imyaka!-->!-->!-->…
DRC: Umutwe wa M23 wafashe ikirwa cya Idjwi kinini muri Congo
Umutwe wa M23 watangaje ko wamaze kwigarurira ikirwa cya Idjwi giherere mu kiyaga cya Kivu kikaba gituwemo n'abumva bakavuga ururimi rw'Ikinyarwanda.
Umutwe w'ingabo za M23 watangaje ko wamaze kwigarurira ikirwa kinini giherereye mu!-->!-->!-->…
DRC: FARDC yaraye imishe ibisasu biremereye i Mulenge ikoresheje indege
Indege y'intambara y'ingabo za leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR Congo) ku wa mbere yakoze ibitero mu gace ka Minembwe kagenzurwa n'abarwanyi ba Twirwaneho mu ntara ya Kivu y'Epfo, nk'uko abahatuye babivuga.
Eloge!-->!-->!-->!-->!-->…
Kicukiro: Siborurema wari umaze iminsi 2 gusa avuye i Wawa yarashwe azize ubujura
Umupolisi yarashe Siborurema Jean Pierre w’imyaka 41 nyuma y’uko yari amaze kwiba mu rugo ruri mu Karere ka Kicukiro, nyir’urugo agatabaza abanyerondo, nabo bakahagera bari kumwe na Polisi, bajya kumufata agashaka gutema umwe mu!-->!-->!-->…
RIB yerekanye barindwi bakurikiranyweho ubwambuzi bushukana
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu barindwi bakurikiranyweho ibyaha bitatu byose bihurira ku bwambuzi bushukana, barimo abiyitirira ubugenzacyaha, abagurisha ubutaka biyita ba nyirabwo n’abiba abantu muri banki!-->…