Browsing Category
Umutekano
Kigali: Kontabure na DAF b’umurenge wa Kigali bafatiwe mu cyuho bakira ruswa
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Mutware Francois ushinzwe imari n’ubutegetsi mu Murenge wa Kigali na Uwimana Jean ushinzwe icungamutungo, nyuma yo gufatirwa mu cyuho bakira ruswa kugira ngo uwari ufite isoko yongere!-->…
Kamonyi: Batatu bakekwaho gukubita umuntu fer a béton mu mutwe bikamuviramo gupfa bafashwe.
Abafashwe ni abasore babiri n'umugore umwe bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw'umugabo witwa Nsengimana Jean w’imyaka 45 ubu bakaba bafungiye kuri Sitasiyo ya Police ya Gacurabwenge mu gihe iperereza rikomeje.
Aba ngo bakurikiranye!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: RIB yataye muri yombi Bwana Ndizeye Eric wari umaze imyaka 6 ashakishwa
Ndizeye Eric wari umaze imyaka igera kuri itandatu yaracitse kubera icyaha yakekwagaho cyo gufata ku ngufu umwana w'umukobwa, kera kabaye yacakiwe atabwa muri yombi.
Mu mwaka wa 2019 nibwo Ndizeye Eric wo mu murenge wa Kavumu ho mu!-->!-->!-->…
DRC: Biravugwa ko Ububiligi bwaba bwohereje ingabo n’ibikoresho muri Congo
Hari amakuru avuga ko igihugu cy'Ububiligi cyaba kimaze kohereza ingabo ziherekejwe n'ibikoresho bya gisirikare muri Congo mu gace ka Beni.
Mu gihe hari kuvugwa ibiganiro by'amahoro bizahuza Leta ya Congo n'umutwe wa M23 umaze imyaka!-->!-->!-->…
DRC: Umutwe wa M23 wafashe ikirwa cya Idjwi kinini muri Congo
Umutwe wa M23 watangaje ko wamaze kwigarurira ikirwa cya Idjwi giherere mu kiyaga cya Kivu kikaba gituwemo n'abumva bakavuga ururimi rw'Ikinyarwanda.
Umutwe w'ingabo za M23 watangaje ko wamaze kwigarurira ikirwa kinini giherereye mu!-->!-->!-->…
DRC: FARDC yaraye imishe ibisasu biremereye i Mulenge ikoresheje indege
Indege y'intambara y'ingabo za leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR Congo) ku wa mbere yakoze ibitero mu gace ka Minembwe kagenzurwa n'abarwanyi ba Twirwaneho mu ntara ya Kivu y'Epfo, nk'uko abahatuye babivuga.
Eloge!-->!-->!-->!-->!-->…
Kicukiro: Siborurema wari umaze iminsi 2 gusa avuye i Wawa yarashwe azize ubujura
Umupolisi yarashe Siborurema Jean Pierre w’imyaka 41 nyuma y’uko yari amaze kwiba mu rugo ruri mu Karere ka Kicukiro, nyir’urugo agatabaza abanyerondo, nabo bakahagera bari kumwe na Polisi, bajya kumufata agashaka gutema umwe mu!-->!-->!-->…
RIB yerekanye barindwi bakurikiranyweho ubwambuzi bushukana
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu barindwi bakurikiranyweho ibyaha bitatu byose bihurira ku bwambuzi bushukana, barimo abiyitirira ubugenzacyaha, abagurisha ubutaka biyita ba nyirabwo n’abiba abantu muri banki!-->…
Rusizi: Batanu bakekwaho gutema inka z’abandi batawe muri yombi
Abaturage 5 batandukanye bo mu Mudugudu wa Buganzo, Akagari ka Butanda, Umurenge wa Butare, Akarere ka Rusizi, bababajwe no kubyuka bagasanga inka zabo zatemwe imirizo, zimwe zanatemwe amatako, 5 bakekwa bakaba bahise batabwa muri!-->…
Ingabo zo mu mutwe wa M23 zigaruriye umujyi wa Kamanyola
Abarwanyi ba M23 binjiye mu mujyi muto wa Kamanyola uri ku mupaka wa DR Congo, u Burundi n'u Rwanda mu ijoro ryo ku wa kabiri, nk'uko abahatuye babivuga.
Kamanyola muri teritwari ya Walungu iri ku ntera kilometero 45 mu majyepfo ya!-->!-->!-->…
Muhanga: Polisi yataye muri yombi abasore 7 n’inkumi 5 bakekwaho ubujura.
Agatsiko k’abantu 12 barimo abakobwa batanu bafatiwe mu mukwabu na Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Muhanga, bakekwaho ubujura.
Ni umukwabu wakozwe mu masaha y’igitondo cyo ku wa 16 Gashyantare 2025, mu Murenge wa Nyamabuye, Akagari ka!-->!-->!-->…
Umutwe wa M23 urahakana kuba inyuma y’urupfu rw’umuhanzi ukomeye i Goma
Ku mugoroba w’ejo ku wa Kane tariki 13 Gashyantare 2025, ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru y’urupfu rw’umuhanzi w’Umunye-Congo, Delcat Idengo, bamwe mu banye-Congo bagashinja Umutwe wa M23 kuba inyuma y’uru rupfu.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Yibwe ihene 5 nijoro 4 zirafatirwa indi barayijyana
Saa saba z’ijoro zishyira tariki ya 10 Gashyantare 2025, abajura bataramenyekana batoboye ikiraro cy’ihene z’uwitwa Twagiramungu Bernard, cyari kirimo ihene 5 atatse ku bufatanye n’irondo bazirukaho, abazitwaye babonye basumbirijwe,!-->!-->!-->…
U Rwanda rwatahuye umugambi mubisha wa DRC wo kurutera
Leta y’u Rwanda yatangaje ko yatahuye inyandiko zigaragaza umugambi mubisha wo kurugabaho ibitero wari warateguwe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’imitwe bafatanyije.
Iyo mitwe yitwaje intwaro ifatanya na!-->!-->!-->…
“Turabizi ko u Rwanda ruri gutegura ikintu kibi ku Burundi” Perezida Ndayishimiye
Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yongeye gushinja u Rwanda kuba rufite umugambi wo kurugabaho ibitero rubinyujije mu nsoresore mpunzi ruri guha intwaro.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 1 Gashyantare 2025 i Bujumbura mu!-->!-->!-->!-->!-->…