Browsing Category
Umutekano
Nyaruguru: Umupasiteri yatawe muri yombi nyuma yo kurarana n’umugore w’abandi agapfira iwe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwemeje rwataye muri yombi Umupasiteri usanzwe ari n’Umuyobozi ushinzwe ubutaka, imiturire n’ibikorwaremezo mu Murenge wa Ruheru mu Karere ka Nyaruguru, akurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi.
!-->!-->!-->…
Kigali: Yashatse gutanga ruswa ngo afunguze umuntu yisanga ariwe ucakiwe
Polisi y’Umujyi wa Kigali yataye muri yombi umugabo witwa Shumbusho Céléstin w’imyaka 37 ukurikiranyweho icyaha cyo gutanga indonke kugira ngo umuntu we ukurikiranyweho icyaha cy’ubujura afungurwe.
Ni amakuru yemejwe n’Umuvugizi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
“Rising Lion” Akabyiniriro k’ibitero simusiga Isiraheli yagabye kuri Iran
Leta ya Isiraheli yagabye ibitero bikomeye muri Iran, igitero yahaye akabyiniriro ka Rising Lion, isenya byinshi mu bikorwaremezo by'icyo gihugu.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatnu, Leta ya Isiraheli yasutse amatoni y'ibibombe mu!-->!-->!-->…
Rulindo: Umuyobozi wa GS Butangampundu arakekwaho gusambanya umwana amushukishije filime
Umuyobozi wa GS Butangampundu yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho icyaha cy'ubusambanyi yakoreye umwe mu bana b'abakobwa yayoboraga.
Bwana Nzariturande Jean Pierre wari usanzwe ayobora ikigo cy'amashuri abanza cya GS Butangampundu,!-->!-->!-->…
Kenya: Umudepite yafunzwe akekwaho dipolome y’impimbano
Depite George Sunkuyia uhagarariye agace k’Uburegerazuba bwa Kajiado mu Nteko Ishingamategeko ya Kenya yatawe muri yombi ashinjwa gukoresha impamyabumenyi ‘Dipolome’ y’impimbano.
Uyu mudepite wo mu Ishyaka rya United Alliance (UDA)!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu:Umumotari yateye umugabo icyuma arapfa
Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 30 yiciwe mu Karere ka Rubavu atewe ibyuma n’umumotari utaramenyekana.
Inzego zishinzwe umutekano zageze ahakorewe ubu bugizi bwa nabi
Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa 25 Gicurasi 2025, mu Murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibiro 500 by’ifumbire mvaruganda yari igiye kugurishwa magendu yafashwe
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano mu Karere ka Rubavu, mu bikorwa byo kurwanya ubucuruzi bwa magendu, yashe ifumbire mvaruganda yo mu bwoko bwa NPK 17-17-17 ipima Kg 500 nyirayo yageragezaga kwambutsa umupaka agiye!-->…
Mu Rwanda hari kubera Inama Mpuzamahanga yiga ku Mutekano muri Afurika
Kuri uyu wa Mbere, i Kigali hateraniye Inama Mpuzamahanga yiga ku Mutekano muri Afurika, International Security Conference on Africa (ISCA).
Iyi nama ngarukamwaka yitabiriwe n’abaturuka mu bihugu birenga 70, ihurije hamwe abafata!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Arasaba ubutabera nyuma yo gukubitwa akavunwa ukuboko, ukuguru n’imbavu na Mudugudu…
Umuturage wo mu Murenge wa Nyarugenge wo mu karere ka Bugesera arasaba ubutabera avuga ko umuyobozi w'umudugudu afatanyije n'abavandimwe be bamukubise, bakamumugaza, bikamuviramo ubumuga bwo kuba ntacyo akibasha kwikorera.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Akurikiranyweho kwiyicira umwana we kubera guhora yakwa indezo
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yataye muri yombi umugabo w’imyaka 32 akekwaho kwica umwana we w’umuhungu w’imyaka 11 akagerageza gutwika umurambo we.
Uyu mugabo yafatiwe mu kagari ka Rwesero, mu murenge wa Busasamana!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza : Karemera Edouard akurikiranyweho gutema umuvandimwe we akamusiga ari intere.
Ubu bugizi bwa nabi bwabereye mu Murenge wa Muyira Akarere ka Nyanza kuri uyu wa gatanu tariki ya 09Gicurasi 2025 saa munani za ku manywa.
Bamwe mu baturage bavuga ko Gasigwa Jean Damascène watemwe amaboko mu buryo bukabije yaguze!-->!-->!-->!-->!-->…
Brig.Gen Karangwa J.Paul yakuriye inzira ku murima abasaba u Rwanda gukuraho ubwirinzi ku mipaka
Umuyobozi w’Ingabo mu Mujyi wa Kigali, Brig Gen Jean Paul Karangwa, yatangaje ko u Rwanda rudashobora gukuraho ubwirinzi rwashyize ku mipaka yarwo kuko bugamije kubungabunga umutekano w’igihugu.
Yabigarutseho kuri uyu wa 25 Mata 2025,!-->!-->!-->…
Nyanza: Yatse umugore we amafaranga ayamwimye aramutemagura arapfa
Umugabo witwa SAVAKURE Adenien uri mu kigero cy'imyaka 31 y'amavuko yaraye yishe umugore we amutemaguye amuziza ko yamwatse amafaranga undi akayamwima.
Mu ijoro ry'ejo hashize kuwa kane taliki ya 24 Mata 2025 ahagana saa tatu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: RIB imaze kwemeza ko Ntazinda Erasme wari meya w’Akarere yatawe muri yombi
Nyuma y'amasaha make gusa yirukanywe agakurwa ku buyobozi bw'Akarere ka Nyanza, urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha bwemeje ko bwataye muri yombi Bwana Ntazinda Erasme.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri nibwo ibiro bya njyanama!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Abanyeshuri 2 bishwe bagonzwe n’imodoka yabahuje n’igikuta cy’ishuri
Abanyeshuri babiri baguye mu mpanuka y'imodoka yo mu bwoko bwa "Pajero" ifite plaque "RAG 879 Z" yabagonze ibasanze aho bari bahagaze ibahuza n'igikuta cy'igipangu cy'ishuri bagwa ku bitaro by'Akarere ka Bugesera biri i Nyamata.
!-->!-->!-->!-->!-->…