Browsing Category
Umutekano
Muhanga: Abaturiye Sitade batewe impungenge n’umwijima uhagaragara.
Abaturage baturiye Sitade y’Akarere ka Muhanga, Akagari Ka Gahogo mu murenge wa Nyamabuye, baravuga ko babangamiwe n’ikibazo cy’amatara ataka yo ku mihanda ayikikije, ibituma bashimangira ko biteza umwijima n’ibibazo by’umutekano muke.
!-->!-->!-->…
DRC: Hari amakuru avugwa ko Gen. Masunzu yaba yatawe muri yombi
Hari amakuru aturuka muri Repubulika iharanaira demokarasi ya Congo vuga ko Leta y'icyo gihugu yaba yataye muri yombi General MASUNZU Pacifique akaba akurikiranyweho ibyaha bijyanye no kuyobya inzego zimukuriye mu gisirikare.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Umwana w’imyaka 16 yishe se w’imyaka 62 amuziza kujujubya nyina
Umwana w’imyaka 16 wo mu Karere ka Karongi ari gushakishwa nyuma yo kwica Se w’imyaka 62 bapfuye ko se yajujubije nyina bigatuma nyina yahukana.
Byabereye mu Mudugudu wa Nyarubuye, Akagari ka Gacaca, Umurenge wa Rubengera ku wa 26!-->!-->!-->!-->!-->…
El-Fasher: Umutwe wa RSF wavuze ko wafashe uyu mujyi wabaye ‘isibaniro rikaze’ muri iyi…
Abarwanyi ba Rapid Support Forces (RSF) batangaje ko bafashe umujyi wa el-Fasher wo mu burengerazuba bwa Sudani, umujyi ONU ivuga ko ari wo wabaye isibaniro rikomeye n'ikirango cy'ububi bw'iyi ntambara.
Mu itangazo RSF yashyize ku mbuga!-->!-->!-->…
Kigali: Mustapha na Bernard baraye bafatanywe udufunyika 617 tw’urumugi
Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali ifatanije n’izindi nzego ndetse n’abaturage yafashe abagabo babiri bakekwaho gucuruza urumogi mu baturage. Bafashwe biturutse ku makuru yatanzwe n’abaturage.
Polisi y'u Rwanda ikorera mu mujyi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore w’imyaka 33 arakekwaho kwica nyina mu karere ka Nyanza
Umusore w’imyaka 33 wo mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyanza yatawe muri yombi akekwaho kwica nyina umubyara, biturutse ku makimbirane bari bafitanye ndetse n’ubusinzi bw’ukekwa.
Amakuru avuga ko byabereye mu Mudugudu wa Kanyinya,!-->!-->!-->…
Umugabo yishe umugore we amuziza indirimbo yari acuranze kuri telefone ye
Inkuru iteye agahinda yaturutse muri Zambia, aho umugabo bivugwa ko yishe umugore we nyuma y’amakimbirane yaturutse ku ndirimbo yari arimo kumva kuri telefone ye.
Amakuru ava mu baturanyi avuga ko umugore yari yicaye mu rugo!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Yangije inzu ya nyirabukwe kubera amakimbirane afitanye n’umugore we
Umugabo wo mu Murenge wa Nkungu w’Akarere ka Rusizi akekwaho kwangiza urugi n’idirishya ry’inzu ya nyirabukwe biturutse ku makimbirane afitanye n’umugore we.
Byabereye mu Mudugudu wa Muhora, Akagari ka Mataba Umurenge wa Nkungu!-->!-->!-->!-->!-->…
‘Umuvugabutumwa’ wagaragaye asaba abantu imitungo kugira ngo bakubirwe kenshi yafunzwe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rufunze Bucyanayandi Emmanuel wagaragaye ku mbuga nkoranyambaga asaba abakirisitu gutanga imitungo yabo kugira ngo Imana ibakubire inshuro eshanu.
Ku mbuga nkoranyambaga hamaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusaza w’imyaka 72 yishwe n’abavandimwe bapfaga amasambu n’uburozi
Mu Burundi, umusaza w’imyaka 72 y’amavuko witwa Ismaël Havyarimana n’umwana we bishwe baturikijwe na gerinade yatezwe n’abavandimwe nyuma yo kumushinja kugira uburozi no kwikubira amasambu y’umubyeyi wabo .
Umuryango utuye mu mudugudu!-->!-->!-->…
RIB yafashe abatekamutwe batuburira aba agent ba Mobile Money
Urwego rw’Igihugu Rwubugenzacyaha,RIB , rurasaba aba ‘Agent’ ba Mobile Money kuba maso bakagira amakenga ku bantu babasaba kubabikuriza amafaranga bakoresheje nimero zabo za telefoni.
RIB yagaragaje ko hari ubutekamutwe bwadutse aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Polisi yafashe abagabo babiri bakekwaho gutwara urumogi kuri moto
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), ryafashe abagabo babiri bakekwaho gutwara ibiro 28 by’urumogi kuri moto.
Ni amakuru yemejwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, CIP Wellars Gahonzire.!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umupolisi yiciwe ku rugo rwa Perezida Ruto hakoreshejwe umwambi n’umuheto
Umupolisi wari ushinzwe gucunga umutekano ku rugo rwa Perezida William Ruto i Nairobi, yishwe arashwe hakoreshejwe umwambi n’umuheto.
PC Ramadhan Matanka yishwe mu gitondo cyo ku wa Mbere n’umugabo w’imyaka 56.
Itangazo rya!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Mugisha Emmanuel wa Paramount afunganywe n’abakozi ba RBC na MINISANTE
RIB yafunze abakozi ba RBC n’umucuruzi bakekwaho kunyereza miliyoni 48 Frw
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abakozi babiri ba RBC hamwe na rwiyemezamirimo Mugisha Emmanuel, nyiri Paramount Company, bakekwaho kunyereza!-->!-->!-->…
Kicukiro: Abasore 4 bakekwaho ubujura batawe muri yombi
Polisi ikorera mu Karere ka Kicukiro ifatanije n’izindi nzego z’umutekano yafatiye abagabo Bane mu Murenge wa Masaka, Akagali ka Rusheshe, Umudugudu wa Kanyetabi, bose bari bamaze iminsi bashakishwa ku cyaha cy’ubujura bakorera muri!-->!-->!-->…