Browsing Category
Umutekano
Kigali: Umugore w’imyaka 34 akurikiranyweho gusambanya agasore k’imyaka 14
Umugore w’imyaka 34 wo mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 14 y’amavuko akamushukisha 1 000Frw, yemera icyaha agasobanura ko uyu mwana ari we wamusabye ko basambana, kuko we!-->!-->!-->…
Imyiteguro yo gutera Iran mu minsi ya vuba cyane irarimbanije.
Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zivugwaho umugambi wo kugaba igitero muri Iran mu mpera z’iki cyumweru nyuma y’amezi umunani zangije ibikorwaremezo bya nucléaire by’ingenzi.
CNN yatangaje ko amakuru yakuye ku masoko!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Bwana Uwimpuhwe yafatiwe mu cyuho yiba insinga za muri BRALIRWA
Kuri sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwa Gisenyi mu Karere ka Rubavu hafungiye Uwimpuhwe Eric w’imyaka 35, wafatiwe mu ruganda rwa BRALIRWA ashaka kwiba insinga z’amashanyarazi, aho yasanzwe afite n’urundi rutsinga yibye.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho gusambanya umwana w’imyaka ine
Umusore w’imyaka 29 wo mu Karere ka Rutsiro yafunzwe akekwaho gusambanya umwana ufite imyaka ine y’ubukure.
Amakuru avuga ko uyu musore yafatiwe mu Murenge wa Gihango, Akagari ka Teba ho mu Mudugudu wa Kanebwe, mu gitondo cyo ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Pakistan: Abarenga 30 baguye mu gitero cy’iterabwoba cyabereye mu musigiti
Abantu bagera kuri 31 bari mu musigiti bari gusenga kuri uyu wa gatanu mu gihugu cya Pakistan, batikiriye mu gitero cy'iterabwoba cyakozwe n'umuntu utari wamenyekana.
Kuri uyu wa gatanu abantu bagera kuri 31 bishwe n’igisasu!-->!-->!-->…
Muhanga: Yishwe atewe icyuma na mugenzi we basangiraga inzoga
Umugabo w’imyaka 30 witwa Mbituyimana Ildephonse yishwe atewe icyuma na Twagirimana Erneste w’imyaka 44 mu Mudugudu wa Musagara, Akagari ka Rucyeri, Umurenge wa Kiyumba, Akarere ka Muhanga.
Amakuru yamenyekanye ahagana saa tanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibitaravuzwe ku gitero AFC/M23 yagabye ku kibuga cy’indege cya Kisangani
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko mu ijoro ryo ku wa 31 Mutarama kugeza ku ya 1 Gashyantare 2026 ryagabye igitero cya drones ku kibuga cy’indege cya Bangoka, i Kisangani mu!-->!-->!-->…
Ruhango: Umusore na nyina batawe muri yombi bakekwaho kwica se
Polisi y’u Rwanda (RNP) yatangaje ko yataye muri yombi umugore w’imyaka 60 n’umuhungu we w’imyaka 26 bakekwaho kwica umugabo we, ari na we se w’uwo musore.
Ibi byabaye ku wa 19 Mutarama 2026, mu Mudugudu wa Kivomo, Akagari ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwarimu wa kaminuza ukekwaho gusambanya abana b’abakobwa bo muri segonderi yatawe muri yombi
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha rwemeje ko rwataye muri yombi umwarimu wa kaminuza ukekwaho gusambanya abana b'abakobwa abashukishije amafaranga.
Binyunze ku rukuta rwa X, RIB yatangaje inemeza ko yaraye itaye muri yombi umugabo!-->!-->!-->…
Musanze: Polisi yaburijemo ibikorwa by’ubugizi bwa nabi, umwe ahasiga ubuzima
Mu ijoro rishyira kuri iki Cyumweru ubwo Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yari mu bikorwa byo gucunga umutekano mu Mudugudu wa Gatare, Akagari ka Cyabararika, Umurenge Muhoza, yatabajwe kugira ngo iteshe abari barimo gukora ibikorwa!-->…
Kenya: Umukobwa w’imyaka 20 yapfiriye mu gitaramo cya Asake
Inzego z'umutekano mu gihugu cya Kenya zimaze kwemeza ko umuntu umwe yapfuye kubera umuvundo wabereye ku kibuga cya Nyayo Stadium i Nairobi mu gitaramo cyari kirimo umuhanzi w'icyamamare mu njyana ya Afrobeats wo muri Nigeria, Asake.
!-->!-->!-->!-->…
Kicukiro: Arakekwaho kwica mugenzi we bakoranaga akamuhisha mu isanduku y’imyenda
Umukozi wo mu rugo w’umuhungu w’imyaka 28 bikekwa ko yishe mugenzi we w’umukobwa bakoranaga akazi ko mu rugo, nyuma akamuhisha mu isanduku, agahita atoroka.
Byabereye ku wa 21 Ukuboza 2025 mu Mudugudu wa Amahoro, Akagari ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Animateur wa Sainte Trinité ukekwaho gusambanya abanyeshuri arera yatawe muri yombi
Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwafunze umukozi ushinzwe imyitwarire y’abanyeshuri “Animateur” mu ishuri ryisumbuye ryitiriwe Ubutatu butagatifu (Saint Trinité de Ruhango) akekweho gusambanya abana babiri b’abakobwa biga muri iki kigo.
!-->!-->!-->…
DRC: Imirwano ikomeye iravugwa mu nkengero za UVIRA.
Imirwano ikomeye yongeye kuvuka mu bice bihana imbibi n’umujyi wa Uvira, Ishyamiranyije umutwe wa AFC/M23 n’ingabo za Leta ya Congo (FARDC) zifatanyije n’abarwanyi ba Wazalendo ndetse n’ingabo z’u Burundi. Bombi baritana bamwana!-->!-->!-->…
Rubavu: RIB yataye muri yombi umugabo wavuze amagambo y’ingengabitekerezo ya Jenoside
Twayigize Martin w’imyaka 35 afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha ya Gisenyi mu Karere ka Rubavu, akurikiranyweho amagambo arimo ingengabitekerezo ya Jenoside yabwiye irondo ry’umwuga ubwo ryamubwiraga kujya mu muganda!-->!-->!-->…