Browsing Category
Umutekano
Rutsiro: Abagabo 3 barimo n’umunyerondo bafungiye gutobora butiki bakayisahura
Kuri sitasiyo ya RIB ya Kivumu mu Karere ka Rutsiro hafungiye abagabo 3 barimo umunyerondo witwa Ndungutse w’imyaka 35, bakurikiranyweho gutobora butiki y’umucuruzi Habyarimana Gilbert ukorera kuri santere y’ubucuruzi yo kwa Shuni iri!-->!-->!-->…
AFC/M23 yahagaritse igitero cya Wazalendo i Goma
Ihuriro AFC/M23 ryahagaritse igitero imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagabye mu burengerazuba bw’umujyi wa Goma.
Mu ijoro ryo ku wa 21 rishyira uwa 22!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarimo noteri w’ubutaka n’umukozi w’Irembo bakurikiranyweho kugurisha ubutaka…
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu bakekwaho kugurisha ubutaka butari ubwabo. Muri abo harimo na noteri, aha ni ho kandi uru rwego ruhera rwibutsa abagura imitungo itimukanwa kujya bashaka amakuru!-->!-->!-->…
Musanze: Umugabo w’imyaka 53 arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka 11
Umugabo witwa Niyonzima Cyprien w’imyaka 53, utuye mu Murenge wa Kinigi, Akagari ka Nyonirima, Umudugudu wa Nyagisenyi, Akarere ka Musanze ari mu maboko y’inzego z’umutekano akurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 11.
!-->!-->!-->…
Gasabo: Babiri bakekwaho kwiba amatungo babanje kuyica bafashwe
Polisi y'u Rwanda mu mujyi wa Kigali ifatanije n'izindi nzego zishinzwe umutekano zaraye zifashe abasore babiri bakekwaho kwiba amatungo babanje kuyatera imiti iyica.
Mu ijwi rya CIP GAHONZIRE uvugira Police y'U Rwanda mu mujyi wa!-->!-->!-->…
Kigali: Polisi yataye muri yombi abakekwaho kwiba batoboye amazu y’abantu
Mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali haravugwa inkuru y’abagabo 16 batawe muri yombi. Barakekwaho ubujura, aho batobora inzu z’abaturage bakabiba ibikoresho byo mu nzu, abandi bagategera abaturage mu nzira bakabiba telefoni n’ibindi!-->!-->!-->…
Nyaruguru: Umupasiteri yatawe muri yombi nyuma yo kurarana n’umugore w’abandi agapfira iwe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwemeje rwataye muri yombi Umupasiteri usanzwe ari n’Umuyobozi ushinzwe ubutaka, imiturire n’ibikorwaremezo mu Murenge wa Ruheru mu Karere ka Nyaruguru, akurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi.
!-->!-->!-->…
Kigali: Yashatse gutanga ruswa ngo afunguze umuntu yisanga ariwe ucakiwe
Polisi y’Umujyi wa Kigali yataye muri yombi umugabo witwa Shumbusho Céléstin w’imyaka 37 ukurikiranyweho icyaha cyo gutanga indonke kugira ngo umuntu we ukurikiranyweho icyaha cy’ubujura afungurwe.
Ni amakuru yemejwe n’Umuvugizi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
“Rising Lion” Akabyiniriro k’ibitero simusiga Isiraheli yagabye kuri Iran
Leta ya Isiraheli yagabye ibitero bikomeye muri Iran, igitero yahaye akabyiniriro ka Rising Lion, isenya byinshi mu bikorwaremezo by'icyo gihugu.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatnu, Leta ya Isiraheli yasutse amatoni y'ibibombe mu!-->!-->!-->…
Rulindo: Umuyobozi wa GS Butangampundu arakekwaho gusambanya umwana amushukishije filime
Umuyobozi wa GS Butangampundu yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho icyaha cy'ubusambanyi yakoreye umwe mu bana b'abakobwa yayoboraga.
Bwana Nzariturande Jean Pierre wari usanzwe ayobora ikigo cy'amashuri abanza cya GS Butangampundu,!-->!-->!-->…
Kenya: Umudepite yafunzwe akekwaho dipolome y’impimbano
Depite George Sunkuyia uhagarariye agace k’Uburegerazuba bwa Kajiado mu Nteko Ishingamategeko ya Kenya yatawe muri yombi ashinjwa gukoresha impamyabumenyi ‘Dipolome’ y’impimbano.
Uyu mudepite wo mu Ishyaka rya United Alliance (UDA)!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu:Umumotari yateye umugabo icyuma arapfa
Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 30 yiciwe mu Karere ka Rubavu atewe ibyuma n’umumotari utaramenyekana.
Inzego zishinzwe umutekano zageze ahakorewe ubu bugizi bwa nabi
Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa 25 Gicurasi 2025, mu Murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibiro 500 by’ifumbire mvaruganda yari igiye kugurishwa magendu yafashwe
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano mu Karere ka Rubavu, mu bikorwa byo kurwanya ubucuruzi bwa magendu, yashe ifumbire mvaruganda yo mu bwoko bwa NPK 17-17-17 ipima Kg 500 nyirayo yageragezaga kwambutsa umupaka agiye!-->…
Mu Rwanda hari kubera Inama Mpuzamahanga yiga ku Mutekano muri Afurika
Kuri uyu wa Mbere, i Kigali hateraniye Inama Mpuzamahanga yiga ku Mutekano muri Afurika, International Security Conference on Africa (ISCA).
Iyi nama ngarukamwaka yitabiriwe n’abaturuka mu bihugu birenga 70, ihurije hamwe abafata!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Arasaba ubutabera nyuma yo gukubitwa akavunwa ukuboko, ukuguru n’imbavu na Mudugudu…
Umuturage wo mu Murenge wa Nyarugenge wo mu karere ka Bugesera arasaba ubutabera avuga ko umuyobozi w'umudugudu afatanyije n'abavandimwe be bamukubise, bakamumugaza, bikamuviramo ubumuga bwo kuba ntacyo akibasha kwikorera.
!-->!-->!-->!-->!-->…