Browsing Category
Umutekano
Kenya: Umukobwa w’imyaka 20 yapfiriye mu gitaramo cya Asake
Inzego z'umutekano mu gihugu cya Kenya zimaze kwemeza ko umuntu umwe yapfuye kubera umuvundo wabereye ku kibuga cya Nyayo Stadium i Nairobi mu gitaramo cyari kirimo umuhanzi w'icyamamare mu njyana ya Afrobeats wo muri Nigeria, Asake.
!-->!-->!-->!-->…
Kicukiro: Arakekwaho kwica mugenzi we bakoranaga akamuhisha mu isanduku y’imyenda
Umukozi wo mu rugo w’umuhungu w’imyaka 28 bikekwa ko yishe mugenzi we w’umukobwa bakoranaga akazi ko mu rugo, nyuma akamuhisha mu isanduku, agahita atoroka.
Byabereye ku wa 21 Ukuboza 2025 mu Mudugudu wa Amahoro, Akagari ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Animateur wa Sainte Trinité ukekwaho gusambanya abanyeshuri arera yatawe muri yombi
Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwafunze umukozi ushinzwe imyitwarire y’abanyeshuri “Animateur” mu ishuri ryisumbuye ryitiriwe Ubutatu butagatifu (Saint Trinité de Ruhango) akekweho gusambanya abana babiri b’abakobwa biga muri iki kigo.
!-->!-->!-->…
DRC: Imirwano ikomeye iravugwa mu nkengero za UVIRA.
Imirwano ikomeye yongeye kuvuka mu bice bihana imbibi n’umujyi wa Uvira, Ishyamiranyije umutwe wa AFC/M23 n’ingabo za Leta ya Congo (FARDC) zifatanyije n’abarwanyi ba Wazalendo ndetse n’ingabo z’u Burundi. Bombi baritana bamwana!-->!-->!-->…
Rubavu: RIB yataye muri yombi umugabo wavuze amagambo y’ingengabitekerezo ya Jenoside
Twayigize Martin w’imyaka 35 afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha ya Gisenyi mu Karere ka Rubavu, akurikiranyweho amagambo arimo ingengabitekerezo ya Jenoside yabwiye irondo ry’umwuga ubwo ryamubwiraga kujya mu muganda!-->!-->!-->…
Nyanza: Umugabo wibanaga yapfiriye mu nzu, bimenyekana umurambo warashangutse
Hatunguramye Faustin w’imyaka 40, wakoraga akazi k’ubufundi, yasanzwe mu nzu yari acumbitsemo yarapfuye, ndetse umurambo we waratangiye gushanguka.
Amakuru y’urupfu rw’uyu mugabo yamenyekanye ku wa 24 Ugushyingo 2025. Yari atuye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Police yataye muri yombi Abanya Sudan baherutse guhondagura abamotari
Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko abanyamahanga babiri bagaragaye mu rugomo bakubita umumotari batawe muri yombi.
Ni ibikorwa byabereye ku Gisozi ahazwi nka Gasave. Amashusho yashyizwe hanze agaragaza!-->!-->!-->…
Kigali: Abanya Kigali basabwe kwitwararika mu kugenda mu mihanda
Umuyobozi w'umujyi wa Kigali Bwana Samuel Dusengiyumva yibukije abakoresha imihanda ko bagomba kuyitwaramo neza mu gihe iri kubakwa ku bwinshi.
None kuwa mbere taliki ya 17 Ugushyingo, Polisi y'u Rwanda yakomereje ubukangurambaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Pakistan: Abantu 12 bahitanywe n’igitero cy’ubwiyahuzi
Minisiteri y'umutekano mu gihugu cya Pakistan yemeje ko abantu bagera kuri 12 bahitanywe n'igikorwa cy'ubwiyahuzi cyakorewe mu murwa mukuru w'icyo gihugu Islamabad kibera hanze y'urukiko rwa rubanda.
Mu gihugu cya Pakistan haravugwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Abaturiye Sitade batewe impungenge n’umwijima uhagaragara.
Abaturage baturiye Sitade y’Akarere ka Muhanga, Akagari Ka Gahogo mu murenge wa Nyamabuye, baravuga ko babangamiwe n’ikibazo cy’amatara ataka yo ku mihanda ayikikije, ibituma bashimangira ko biteza umwijima n’ibibazo by’umutekano muke.
!-->!-->!-->…
DRC: Hari amakuru avugwa ko Gen. Masunzu yaba yatawe muri yombi
Hari amakuru aturuka muri Repubulika iharanaira demokarasi ya Congo vuga ko Leta y'icyo gihugu yaba yataye muri yombi General MASUNZU Pacifique akaba akurikiranyweho ibyaha bijyanye no kuyobya inzego zimukuriye mu gisirikare.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Umwana w’imyaka 16 yishe se w’imyaka 62 amuziza kujujubya nyina
Umwana w’imyaka 16 wo mu Karere ka Karongi ari gushakishwa nyuma yo kwica Se w’imyaka 62 bapfuye ko se yajujubije nyina bigatuma nyina yahukana.
Byabereye mu Mudugudu wa Nyarubuye, Akagari ka Gacaca, Umurenge wa Rubengera ku wa 26!-->!-->!-->!-->!-->…
El-Fasher: Umutwe wa RSF wavuze ko wafashe uyu mujyi wabaye ‘isibaniro rikaze’ muri iyi…
Abarwanyi ba Rapid Support Forces (RSF) batangaje ko bafashe umujyi wa el-Fasher wo mu burengerazuba bwa Sudani, umujyi ONU ivuga ko ari wo wabaye isibaniro rikomeye n'ikirango cy'ububi bw'iyi ntambara.
Mu itangazo RSF yashyize ku mbuga!-->!-->!-->…
Kigali: Mustapha na Bernard baraye bafatanywe udufunyika 617 tw’urumugi
Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali ifatanije n’izindi nzego ndetse n’abaturage yafashe abagabo babiri bakekwaho gucuruza urumogi mu baturage. Bafashwe biturutse ku makuru yatanzwe n’abaturage.
Polisi y'u Rwanda ikorera mu mujyi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore w’imyaka 33 arakekwaho kwica nyina mu karere ka Nyanza
Umusore w’imyaka 33 wo mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyanza yatawe muri yombi akekwaho kwica nyina umubyara, biturutse ku makimbirane bari bafitanye ndetse n’ubusinzi bw’ukekwa.
Amakuru avuga ko byabereye mu Mudugudu wa Kanyinya,!-->!-->!-->…