Browsing Category
Umutekano
Rusizi: Batanu bakekwaho gutema inka z’abandi batawe muri yombi
Abaturage 5 batandukanye bo mu Mudugudu wa Buganzo, Akagari ka Butanda, Umurenge wa Butare, Akarere ka Rusizi, bababajwe no kubyuka bagasanga inka zabo zatemwe imirizo, zimwe zanatemwe amatako, 5 bakekwa bakaba bahise batabwa muri!-->…
Ingabo zo mu mutwe wa M23 zigaruriye umujyi wa Kamanyola
Abarwanyi ba M23 binjiye mu mujyi muto wa Kamanyola uri ku mupaka wa DR Congo, u Burundi n'u Rwanda mu ijoro ryo ku wa kabiri, nk'uko abahatuye babivuga.
Kamanyola muri teritwari ya Walungu iri ku ntera kilometero 45 mu majyepfo ya!-->!-->!-->…
Muhanga: Polisi yataye muri yombi abasore 7 n’inkumi 5 bakekwaho ubujura.
Agatsiko k’abantu 12 barimo abakobwa batanu bafatiwe mu mukwabu na Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Muhanga, bakekwaho ubujura.
Ni umukwabu wakozwe mu masaha y’igitondo cyo ku wa 16 Gashyantare 2025, mu Murenge wa Nyamabuye, Akagari ka!-->!-->!-->…
Umutwe wa M23 urahakana kuba inyuma y’urupfu rw’umuhanzi ukomeye i Goma
Ku mugoroba w’ejo ku wa Kane tariki 13 Gashyantare 2025, ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru y’urupfu rw’umuhanzi w’Umunye-Congo, Delcat Idengo, bamwe mu banye-Congo bagashinja Umutwe wa M23 kuba inyuma y’uru rupfu.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Yibwe ihene 5 nijoro 4 zirafatirwa indi barayijyana
Saa saba z’ijoro zishyira tariki ya 10 Gashyantare 2025, abajura bataramenyekana batoboye ikiraro cy’ihene z’uwitwa Twagiramungu Bernard, cyari kirimo ihene 5 atatse ku bufatanye n’irondo bazirukaho, abazitwaye babonye basumbirijwe,!-->!-->!-->…
U Rwanda rwatahuye umugambi mubisha wa DRC wo kurutera
Leta y’u Rwanda yatangaje ko yatahuye inyandiko zigaragaza umugambi mubisha wo kurugabaho ibitero wari warateguwe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’imitwe bafatanyije.
Iyo mitwe yitwaje intwaro ifatanya na!-->!-->!-->…
“Turabizi ko u Rwanda ruri gutegura ikintu kibi ku Burundi” Perezida Ndayishimiye
Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yongeye gushinja u Rwanda kuba rufite umugambi wo kurugabaho ibitero rubinyujije mu nsoresore mpunzi ruri guha intwaro.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 1 Gashyantare 2025 i Bujumbura mu!-->!-->!-->!-->!-->…
“Twasubiye inyuma ku bushake, twanze ko hameneka amaraso y’abaturage”: General…
Umuvugizi w'ingabo za Congo Sylvain Ekenge yavuze ko ingabo avugira zitatsinzwe i Goma ko ahubwo bahisemo kurekura umujyi banga ko abaturage benshi bahasiga ubuzima.
Nyuma y'aho kuri uyu wa mbere umutwe wa M23 wemeje ko umaze!-->!-->!-->…
Nyanza: Hari abanyonzi bavuga ko babangamiwe n’abajura babatega bakabambura amagare yabo
Abakora umwuga wo gutwara abantu ku magare mu mujyi wa Nyanza, baravuga ko bamaze igihe bategwa n'insoresore zikabambura amagare yabo.
Bamwe mu bakora umwuga wo gutwara abantu ku magare bazwi nk'abanyonzi bakorera mu mujyi wa Nyanza!-->!-->!-->…
Hatangajwe umubare w’abanyarwanda bishwe n’amasasu yaturukaga muri Congo
Umuvugizi w'igisirikare cy'u Rwanda yashyize hanze umubare w'Abanyarwanda bahitanywe n'amasasu yaturukaga muri Congo, anatangaza n'umubare w'abakomeretse.
Nyuma y'aho umutwe wa M23 utangaje ko uri kugenzura umujyi wa Goma, hakomeje!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa Kenya William Ruto yahamagaye KAGAME na TSHISEKEDI
Perezida wa Kenya William Ruto, akaba n’Umuyobozi wa Afurika y’iburasirazuba, yatangaje ko yahamagaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ,Felix Antoine Tshisekedi ndetse na mugenzi we w’u Rwanda,Paul KAGAME, abasaba!-->!-->!-->…
DRC: AFC/M23 yafunze ikirere cya Goma
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ikirere cy’umujyi wa Goma gifunzwe, ndetse isaba n’ingabo z’amahanga ziri gufatanya na FARDC, guhagarika kwica abaturage, kandi zigahita ziva ku butaka bw’icyo gihugu.
Itangazo uyu mutwe wasohoye kuri uyu!-->!-->!-->…
DRC: Ubwongereza na Amerika byasabye abaturage bayo batuye i Goma kuva muri uwo mujyi
Mu gihe umujyi wa Goma ugoswe n'ingabo zo mu mutwe wa M23, bimwe mu bihugu bikomeye byasabye abaturage bayo kuva i Goma.
Imirwano hagati y'umutwe wa M23 n'ingabo z'igihugu FARDC n'indi mitwe ifatanije nazo irakomeje kandi bikavugwa ko!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Abantu batanu bakurikiranyweho kwigomeka ku buyobozi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwerekanye abantu 5 muri 20 bo mu Karere ka Nyamasheke bakurikiranyweho icyaha cyo kwigomeka ku buyobozi, icyaha bakoze barenga ku mabwiriza arebana n’aho abantu basengera.
Aberekanwe ni abantu 5!-->!-->!-->…
DRC: M23 yigaruriye utundi duce tw’ingenzi itwomeka kuri Minova yahereyeho
Umutwe wa M23 nyuma yo kwigarurira Umujyi wa Minova wo muri Teritwari ya Karehe muri Kivu y’Amajyepfo, kuri uyu wa Mbere wigaruriye utundi duce tw’ingenzi.
Uduce uyu mutwe wigaruriye turimo Centre ya Bweramana iherereye ku nkombe!-->!-->!-->…