Browsing Category
Umutekano
Rusizi: Yangije inzu ya nyirabukwe kubera amakimbirane afitanye n’umugore we
Umugabo wo mu Murenge wa Nkungu w’Akarere ka Rusizi akekwaho kwangiza urugi n’idirishya ry’inzu ya nyirabukwe biturutse ku makimbirane afitanye n’umugore we.
Byabereye mu Mudugudu wa Muhora, Akagari ka Mataba Umurenge wa Nkungu!-->!-->!-->!-->!-->…
‘Umuvugabutumwa’ wagaragaye asaba abantu imitungo kugira ngo bakubirwe kenshi yafunzwe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rufunze Bucyanayandi Emmanuel wagaragaye ku mbuga nkoranyambaga asaba abakirisitu gutanga imitungo yabo kugira ngo Imana ibakubire inshuro eshanu.
Ku mbuga nkoranyambaga hamaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusaza w’imyaka 72 yishwe n’abavandimwe bapfaga amasambu n’uburozi
Mu Burundi, umusaza w’imyaka 72 y’amavuko witwa Ismaël Havyarimana n’umwana we bishwe baturikijwe na gerinade yatezwe n’abavandimwe nyuma yo kumushinja kugira uburozi no kwikubira amasambu y’umubyeyi wabo .
Umuryango utuye mu mudugudu!-->!-->!-->…
RIB yafashe abatekamutwe batuburira aba agent ba Mobile Money
Urwego rw’Igihugu Rwubugenzacyaha,RIB , rurasaba aba ‘Agent’ ba Mobile Money kuba maso bakagira amakenga ku bantu babasaba kubabikuriza amafaranga bakoresheje nimero zabo za telefoni.
RIB yagaragaje ko hari ubutekamutwe bwadutse aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Polisi yafashe abagabo babiri bakekwaho gutwara urumogi kuri moto
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), ryafashe abagabo babiri bakekwaho gutwara ibiro 28 by’urumogi kuri moto.
Ni amakuru yemejwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, CIP Wellars Gahonzire.!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umupolisi yiciwe ku rugo rwa Perezida Ruto hakoreshejwe umwambi n’umuheto
Umupolisi wari ushinzwe gucunga umutekano ku rugo rwa Perezida William Ruto i Nairobi, yishwe arashwe hakoreshejwe umwambi n’umuheto.
PC Ramadhan Matanka yishwe mu gitondo cyo ku wa Mbere n’umugabo w’imyaka 56.
Itangazo rya!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Mugisha Emmanuel wa Paramount afunganywe n’abakozi ba RBC na MINISANTE
RIB yafunze abakozi ba RBC n’umucuruzi bakekwaho kunyereza miliyoni 48 Frw
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abakozi babiri ba RBC hamwe na rwiyemezamirimo Mugisha Emmanuel, nyiri Paramount Company, bakekwaho kunyereza!-->!-->!-->…
Kicukiro: Abasore 4 bakekwaho ubujura batawe muri yombi
Polisi ikorera mu Karere ka Kicukiro ifatanije n’izindi nzego z’umutekano yafatiye abagabo Bane mu Murenge wa Masaka, Akagali ka Rusheshe, Umudugudu wa Kanyetabi, bose bari bamaze iminsi bashakishwa ku cyaha cy’ubujura bakorera muri!-->!-->!-->…
RIB yatangaje impamvu yataye muri yombi uwari ushinzwe ubuzima mu Karere ka Gasabo
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umuyobozi w’Ishami ry’Ubuzima n’Imibereho mu Karere ka Gasabo.
Akurikiranweho icyaha cyo kwaka no kwakira indonke y’amafaranga kugirango atange icyangombwa cyemerera!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyabihu: Hamenyekanye impamvu yatumye Gitifu w’Akarere n’abandi 13 batabwa muri yombi
Guverineri w'Intara y'Uburengerazuba yasobanuye anatanga impamvu abayobozi 14 bo mu Karere ka Nyabihu harimo na gitifu w'Akarere batawe muri yombi.
Ku munsi w'ejo hashize, nibwo hakwirakwijwe amakuru y'itabwa muri yombi!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Umutwe wa M23 wigaruriye uduce twa Luke na Mulema muri teritwari ya Masisi.
Abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 6 Ukwakira 2025 bambuye ihuriro Wazalendo agace ka Luke na Mulema muri teritwari ya Masisi.
Utu duce twafashe nyuma!-->!-->!-->…
Muhanga: Umusore washakishwaga kubera gufata umwana ku ngufu, yafashwe ari kubaga imbwa
Rukundo Jean Claude wari umaze iminsi ashakishwa n’ubutabera ku cyaha cyo gufata ku ngufu umwana w’umukobwa w’imyaka ine, yatawe muri yombi, ariko bitungura benshi kuko yasanzwe ari kubaga imbwa ngo agurishe inyama zayo.
Ni inkuru!-->!-->!-->…
Karongi: Abataramenyekana bibye ibendera ry’akagali
Ibendera ry’Igihugu ryari ku biro by’Akagari ka Buhoro mu Murenge wa Gishyita, Akarere ka Karongi ryibwe, umuzamu n’abanyerondo babiri batabwa muri yombi kuko bavuga ko ryibwe mu gihe bose bari basinziriye.
Abo bagabo uko ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Umusore yishwe atewe icyuma mu ijosi.
Mu gitondo cyo ku Cyumweru, tariki ya 5 Ukwakira 2025, mu isantere ya Kamabare, Akagari ka Ngenda, Umurenge wa Nyarugenge mu Karere ka Bugesera, haravugwa urupfu rw’umusore witwa Sabayezu Danny w’imyaka 26, watewe icyuma mu ijosi na!-->!-->!-->…
Rutsiro: Abagabo 9 bafunzwe bakekwaho gutema inka z’abaturage
Abagabo 9 bo mu Karere ka Rutsiro bafunzwe bakekwaho gutema inka z’abaturage mu mirenge ibiri itandukanye.
Muri aba bafunzwe harimo abagabo umunani bakekwaho gutema inka ya Baturahenshi Jonas wo mu Murenge wa Mukura, Akagari ka Kagusa!-->!-->!-->…