Browsing Category
Umutekano
Ukraine: Bwa mbere Uburusiya bwarashe ibisasu bihamya inyubako nkuru za leta i Kyiv
Imwe mu nyubako z'ibanze za Leta ya Ukraine yarashweho ibisasu n'ibitero bya 'drones' by'Uburusiya mu ijoro ryakeye mu murwa mukuru Kyiv.
Ni gake cyane ibisasu bya misile by'Uburusiya cyangwa za 'drones' zabwo zibasha kurasa agace!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Umugabo yishe umwana we amunigishije umugozi nawe ahita ariyahura
Umugabo wo mu Karere ka Musanze yishe umwana we amunigishije umugozi, nyuma yo kumwica nawe yimanika mu mugozi arapfa.
Mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Rwanza, mu Kagari ka Rwaza, haravugwa inkuru y'umugabo witwa HAGENIMANA uri mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Umwana w’umukobwa w’imyaka 14 yishe mugenzi we w’umuhungu amuteye icyuma
Umukobwa uri mu kigero cy'imyaka 14 y'amavuko wo mu Karere yishe mugenzi we w'umusore amuteye icyuma mu mutima.
Amakuru y'urupfu rw'uno mwana w'umusore waraye utewe icyuma na mugenzi we w'umukobwa uri mu kigero cy'imyaka 14!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibrahim Mahamadu wari umuyobozi wa Boko Haram yarasiwe mu mirwano arapfa
Igisirikare cya Niger cyatangaje ko cyishe Umuyobozi w’umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram, Ibrahim Mahamadu, uzwi cyane ku izina rya ‘Boukura’, mu gikorwa cyabereye ku Kirwa cya Shilawa kiri mu gace ka Diffa.
Ibi ni ibikubiye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Mali: Abasirikare barenga 149 bishwe n’ibyihebe mu munsi umwe
Igisirikare cya Mali cyemeje ko umutwe w’iterabwoba wa Jama’at Nursrat al-Islam wal-Muslimin (JNIM) ushamikiye kuri Al Qaeda wishe abasirikare bacyo barenga 149 mu masaha 24.
Ibiro ntaramakuru Reuters kuri uyu wa 20 Kanama 2025!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Abakekwaho kwica umwana w’umusore bamuteye icyuma mu mutima bafashwe
Polisi ikorera mu Ntara y'Amajyepfo, mu Karere ka Kamonyi, yatamgaje ko imaze guta muri yombi abantu 8 baherutse kwica umusore witwa Olivier, bakamwica bamuteye icyuma mu mutima.
Amakuru y'iyicwa ry'uyu mwana w'umusore witwa Olivier!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Umutwe wa ADF mu minsi itatu gusa, wambuye ubuzima abasaga 55
Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abagera kuri 59 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru iri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Aba baturage biciwe mu duce dutandukanye two muri Segiteri ya Bapere muri teritwari!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yafashe umukobwa wacuruzaga urumogi i Nyarugenge
Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko yataye muri yombi umukobwa w’imyaka 25 ucuruza afite ikilo kimwe n’udupfunyika 180 tw’urumogi.
Uyu mukobwa yatawe muri yombi ku wa 11 Kanama 2025 Saa Munani z’amanywa kubera amakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Gatsibo: Yishe umugore w’abandi akoresheje ishoka, umugabo we aje gutabara nawe amuruma ugutwi…
Umusore bivugwa ko yari asanzwe yarananiranye mu gace atuyemo, yishe umugore w'abandi amutemaguye akoresheje ishoka, umugabo we nawe agerageje kuza gutabara umugore we, undi amuruma ugutwi agukuraho.
Umusore wo mu murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ecuador: Abantu umunani barasiwe mu kabyiniro
Polisi ya Ecuador yatangaje ko abantu umunani bapfuye barashwe abandi batatu bakomerekera mu kabyiniro ka Santa Lucía, mu Ntara ya Guayas muri Ecuador.
Inzego z’umutekano zatangaje ko ayo makuru yamenyekanye mu gitondo cyo ku wa 10!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: Abakekwaho ubujura n’ubwicanyi barashwe bashaka kunigisha amapingu abapolisi.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 11 Kanama 2025, abagabo babiri bakekwagaho kwica abazamu babiri barindaga ububiko bw’inzoga mu Karere ka Rwamagana, barashwe ubwo barwanyaga inzego z’umutekano zari zibajyanye kwerekana!-->!-->!-->…
Gatsibo: Bwana Kanyamanza wari warazengereje abaturage kubera ubujura yapfuye.
Bwana Kanyamanza bivugwa ko yari yarazengereje abaturage abiba utwabo, bamusanze mu gishanga yapfuye, abaturage bakavuga ko batazi uwamwishe.
Bwana Kanyamanza, umwe mu bagabo bakekwagaho ubujura mu murenge wa Kabarore, basanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Hari umunyarwandakazi uvugwaho kugongesha imodoka ku bushake umugabo we
Ibinyamakuru bitandukanye muri Uganda bikomeje kugaruka ku nkuru ya Sandra Teta, Umunyarwandakazi washatse mu gihugu cya Uganda akaba ari naho atuye, kugonga ku bushake n’imodoka umugabo we Douglas Mayanja, mu buhanzi bita Weasel.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasivili 20 barakekwaho gufatanya n’abofisiye 2 mu gusesagura umutungo wa RDF
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa 5 Kanama 2025, Ingabo z’u Rwanda zatangaje ko Ubushinjacyaha bwa gisirikare buri gukurikirana abasirikare babiri n’abasivile makumyabiri, abo bose bakaba bakekwaho kugira uruhare mu byaha bijyanye no!-->!-->!-->…
Rutsiro: Yishe mugenzi amuteye icyuma mu mutima
Umusore w’imyaka 35 wo mu Karere ka Rutsiro, afunzwe akekwaho kwica ateye icyuma mu mutima mugenzi we w’imyaka 42, afatirwa mu gihuru aho yarimo agerageza kwihisha.
Ibi byabereye mu Murenge wa Boneza, Akagari ka Kabihogo ho mu!-->!-->!-->!-->!-->…