Browsing Category
Umutekano
DRC: Umutwe wa ADF mu minsi itatu gusa, wambuye ubuzima abasaga 55
Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abagera kuri 59 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru iri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Aba baturage biciwe mu duce dutandukanye two muri Segiteri ya Bapere muri teritwari!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yafashe umukobwa wacuruzaga urumogi i Nyarugenge
Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko yataye muri yombi umukobwa w’imyaka 25 ucuruza afite ikilo kimwe n’udupfunyika 180 tw’urumogi.
Uyu mukobwa yatawe muri yombi ku wa 11 Kanama 2025 Saa Munani z’amanywa kubera amakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Gatsibo: Yishe umugore w’abandi akoresheje ishoka, umugabo we aje gutabara nawe amuruma ugutwi…
Umusore bivugwa ko yari asanzwe yarananiranye mu gace atuyemo, yishe umugore w'abandi amutemaguye akoresheje ishoka, umugabo we nawe agerageje kuza gutabara umugore we, undi amuruma ugutwi agukuraho.
Umusore wo mu murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ecuador: Abantu umunani barasiwe mu kabyiniro
Polisi ya Ecuador yatangaje ko abantu umunani bapfuye barashwe abandi batatu bakomerekera mu kabyiniro ka Santa Lucía, mu Ntara ya Guayas muri Ecuador.
Inzego z’umutekano zatangaje ko ayo makuru yamenyekanye mu gitondo cyo ku wa 10!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: Abakekwaho ubujura n’ubwicanyi barashwe bashaka kunigisha amapingu abapolisi.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 11 Kanama 2025, abagabo babiri bakekwagaho kwica abazamu babiri barindaga ububiko bw’inzoga mu Karere ka Rwamagana, barashwe ubwo barwanyaga inzego z’umutekano zari zibajyanye kwerekana!-->!-->!-->…
Gatsibo: Bwana Kanyamanza wari warazengereje abaturage kubera ubujura yapfuye.
Bwana Kanyamanza bivugwa ko yari yarazengereje abaturage abiba utwabo, bamusanze mu gishanga yapfuye, abaturage bakavuga ko batazi uwamwishe.
Bwana Kanyamanza, umwe mu bagabo bakekwagaho ubujura mu murenge wa Kabarore, basanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Hari umunyarwandakazi uvugwaho kugongesha imodoka ku bushake umugabo we
Ibinyamakuru bitandukanye muri Uganda bikomeje kugaruka ku nkuru ya Sandra Teta, Umunyarwandakazi washatse mu gihugu cya Uganda akaba ari naho atuye, kugonga ku bushake n’imodoka umugabo we Douglas Mayanja, mu buhanzi bita Weasel.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasivili 20 barakekwaho gufatanya n’abofisiye 2 mu gusesagura umutungo wa RDF
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa 5 Kanama 2025, Ingabo z’u Rwanda zatangaje ko Ubushinjacyaha bwa gisirikare buri gukurikirana abasirikare babiri n’abasivile makumyabiri, abo bose bakaba bakekwaho kugira uruhare mu byaha bijyanye no!-->!-->!-->…
Rutsiro: Yishe mugenzi amuteye icyuma mu mutima
Umusore w’imyaka 35 wo mu Karere ka Rutsiro, afunzwe akekwaho kwica ateye icyuma mu mutima mugenzi we w’imyaka 42, afatirwa mu gihuru aho yarimo agerageza kwihisha.
Ibi byabereye mu Murenge wa Boneza, Akagari ka Kabihogo ho mu!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yafunze umunyamakuru wiyitiriye umwunganizi mu mategeko
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umunyamakuru ukekwaho kwiyita umwunganizi mu mategeko agasaba umugore ufite umugabo ufunzwe amafaranga ngo azamwunganire mu mategeko.
Uyu munyamakuru yatse amafaranga umugore!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Abagabo 3 barimo n’umunyerondo bafungiye gutobora butiki bakayisahura
Kuri sitasiyo ya RIB ya Kivumu mu Karere ka Rutsiro hafungiye abagabo 3 barimo umunyerondo witwa Ndungutse w’imyaka 35, bakurikiranyweho gutobora butiki y’umucuruzi Habyarimana Gilbert ukorera kuri santere y’ubucuruzi yo kwa Shuni iri!-->!-->!-->…
AFC/M23 yahagaritse igitero cya Wazalendo i Goma
Ihuriro AFC/M23 ryahagaritse igitero imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagabye mu burengerazuba bw’umujyi wa Goma.
Mu ijoro ryo ku wa 21 rishyira uwa 22!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarimo noteri w’ubutaka n’umukozi w’Irembo bakurikiranyweho kugurisha ubutaka…
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu bakekwaho kugurisha ubutaka butari ubwabo. Muri abo harimo na noteri, aha ni ho kandi uru rwego ruhera rwibutsa abagura imitungo itimukanwa kujya bashaka amakuru!-->!-->!-->…
Musanze: Umugabo w’imyaka 53 arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka 11
Umugabo witwa Niyonzima Cyprien w’imyaka 53, utuye mu Murenge wa Kinigi, Akagari ka Nyonirima, Umudugudu wa Nyagisenyi, Akarere ka Musanze ari mu maboko y’inzego z’umutekano akurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 11.
!-->!-->!-->…
Gasabo: Babiri bakekwaho kwiba amatungo babanje kuyica bafashwe
Polisi y'u Rwanda mu mujyi wa Kigali ifatanije n'izindi nzego zishinzwe umutekano zaraye zifashe abasore babiri bakekwaho kwiba amatungo babanje kuyatera imiti iyica.
Mu ijwi rya CIP GAHONZIRE uvugira Police y'U Rwanda mu mujyi wa!-->!-->!-->…