Browsing Category
Umutekano
Muhanga: Umusore wakoraga muri Hotel Saint Andre yishwe n’abataramenyekana.
Mu Karere ka Muhanga haravugwa urupfu rw'umusore witwa Nsabimana Emmanuel uri mu kigero cy'imyaka 30 y'amavuko, uyu musore wari usanzwe akorera Hotel Saint Andre yo mu mujyi wa Muhanga abamwishe bakaba bataramenyekana.
Uyu musore!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Batawe muri yombi nyuma yo kwica uwo bashinjaga kubarogera umubyeyi
Abasore babiri bakiri bato batawe muri yombi bazira gutera icyuma ndetse bakica umugore bashinjaga kubarogera umubyeyi bikamutera kurwara.
Ibi byabaye ku mugoroba wo ku itariki ya 12 Kanama 2024, aho Mushimiyimana Alias Rukara!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Abataramenyekana bishe umukuru w’umudugudu
Kamashabi Eraste w’imyaka 67 wari Umukuru w’Umudugudu wa Mburabuturo, Akagari ka Gitwe, Umurenge wa Karambi, Akarere ka Nyamasheke, yasanzwe munsi y’ikiraro cya Ryamunyu mu mugezi wa Ryamunyu yapfuye, bikekwa ko yishwe.
Nyuma yo!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umugabo yishe mugenzi we nyuma yo gusambanya umugore babanaga
Umugabo witwa Muhirwa uri mu kigero cy’imyaka 37, yatawe muri yombi nyuma yo gutera icyuma Ahorwabaye Emmanuel w’imyaka 53 ubwo aba bombi barwanaga.
Amakuru avuga ko Muhirwa yegereye Ahorwabaye akamubwira ko umugore babana mu nzu mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Abamotari basabwe guhindura imyitwarire n’imikorere no kujya batangira amakuru ku…
Ibi babisabwe na Polisi y'u Rwanda kuri uyu wa kane tariki 1 Kanama 2024 mu gikorwa cy'ubukangurambaga ku mutekano wo mu muhanda bwiswe ‘Gerayo Amahoro’ kibera kuri Sitade y'Akarere ka Bugesera.
Abamotari basabwe guhindura!-->!-->!-->!-->!-->…
Hezbollah yemeje ko komanda wayo yiciwe mu gitero cya Israel
Hezbollah yemeje ko umwe muri ba komanda bo hejuru ba gisirikare bayo yiciwe mu gitero cya Israel cyo mu kirere mu murwa mukuru Beirut wa Liban.
Ku mugoroba wo ku wa gatatu, uwo mutwe ushyigikiwe na Iran wavuze ko umurambo wa…
Kamonyi:Umusore ukekwaho kwica umuntu akamujugunya mu myumbati yatawe muri yombi
Intara y'amajyepfo Akarere ka Kamonyi Umurenge wa Mugina Akagari ka Kabugondo mu mudugudu wa Cyeru haravugwa inkuru y'umusore witwa Dusabane Eric w'imyaka 19 y'amavuko ukekwaho kwica uwitwa Byabarusara Faustin w'imyaka 40 y'amavuko amuteye…
Muhanga: Bwana Ndacyayisenga yatezwe n’abagizi ba nabi baramukubita hafi kumwica
Ndacyayisenga Jean wo mu Mudugudu wa Gasharu, Akagali ka Remera mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, mu rucyerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Nyakanga mu ma saa cyenda z’igitondo, ubwo yari azindutse agiye kurangura!-->!-->!-->…
RIB yatangiye iperereza ku byaha Mujawamaliya J. D’arc akurikiranyweho
Nyuma y'aho ibiro bya minisiteri y'intebe bisohoye itangazo rihagarika rikanirukana madame Jeanne D'arc Mujawamaliya wari minisitiri w'abakozi ba Leta n'umurimo, umwanya yari amazeho ukwezi kumwe gusa, kuri ubu urwego rw'ubugenzacyaha mu!-->…
Isirayeli Yarashe Ububiko bw’Intwaro muri Libani
Igisirikare cya Isirayeli cyatangaje ko mu ijoro ryakeye cyarashe ububiko bw’intwaro z’abarwanyi b’umutwe wa Hezbollah.
Ingabo za Isirayeli ziri ku mupaka ihana na Libani n’mutwe w’abarwanyi ba Hezbolla bashyigikiye Hamasi muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye impamvu umupasitoro ukomeye mu Rwanda yatawe muri yombi
Amakuru yiriwe acicikana ku mbuga nkoranyambaga avuga ko Umushumba wa Bethesda Holy Church, Bishop Rugamba Albert, yatawe muri yombi aho akurikiranyweho gutanga sheki itazigamiye.
Dr Thierry B. Murangira, Umuvugizi w’Urwego!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abasirikare 25 bahunze urugamba rwa M23 bakatiwe urwo gupfa
Urukiko rwa gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye urwo gupfa abasirikare 25 bo mu ngabo z’iki gihugu (FARDC) barimo aba kapiteni babiri, nyuma yo kubahamya ibyaha birimo icyo guhunga M23 ubwo bari!-->!-->!-->…
DRC: Nyuma y’ukwezi kose, M23 yigaruriye centre ya Kanyabayonga
Umutwe wa M23 uravuga ko wamaze kwigarurira umujyi wa Kanyabayonga nyuma y'imirwano ikaze yari imaze ukwezi kose.
Umutwe witwaje intwaro wa M23 wafashe isantere ya Kanyabayonga iherereye muri teritwari ya Lubero mu ntara ya Kivu!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi abarimu 2 ba kaminuza ya UTB bagurishaga amanota ku banyeshuri
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abarimu babiri n’umunyeshuri umwe bo muri Kaminuza y’Ubukerarugendo, Ikoranabuhanga n’Ubukungu , aho bakurikiranweho ibyaha byo gusaba no kwakira indonke!-->!-->!-->…
DRC: Abandi basirikare 2 ba Afrika y’Epfo baguye mu mirwano
Abasilikare 2 bakomoka muri Afurika y’epfo bishwe n’igisasu cya Morutsiye cyatewe n’abarwanyi ba M23 mu gace ka Sake
Ubutumwa bw’igisilikare cya SADEC muri Congo bwatangaje ko k’umunsi w’ejo nyuma ya saa sita ikipe y’abasilikare ba!-->!-->!-->!-->!-->…