Browsing Category
Umutekano
Bugesera: Abamotari basabwe guhindura imyitwarire n’imikorere no kujya batangira amakuru ku…
Ibi babisabwe na Polisi y'u Rwanda kuri uyu wa kane tariki 1 Kanama 2024 mu gikorwa cy'ubukangurambaga ku mutekano wo mu muhanda bwiswe ‘Gerayo Amahoro’ kibera kuri Sitade y'Akarere ka Bugesera.
Abamotari basabwe guhindura!-->!-->!-->!-->!-->…
Hezbollah yemeje ko komanda wayo yiciwe mu gitero cya Israel
Hezbollah yemeje ko umwe muri ba komanda bo hejuru ba gisirikare bayo yiciwe mu gitero cya Israel cyo mu kirere mu murwa mukuru Beirut wa Liban.
Ku mugoroba wo ku wa gatatu, uwo mutwe ushyigikiwe na Iran wavuze ko umurambo wa…
Kamonyi:Umusore ukekwaho kwica umuntu akamujugunya mu myumbati yatawe muri yombi
Intara y'amajyepfo Akarere ka Kamonyi Umurenge wa Mugina Akagari ka Kabugondo mu mudugudu wa Cyeru haravugwa inkuru y'umusore witwa Dusabane Eric w'imyaka 19 y'amavuko ukekwaho kwica uwitwa Byabarusara Faustin w'imyaka 40 y'amavuko amuteye…
Muhanga: Bwana Ndacyayisenga yatezwe n’abagizi ba nabi baramukubita hafi kumwica
Ndacyayisenga Jean wo mu Mudugudu wa Gasharu, Akagali ka Remera mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, mu rucyerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Nyakanga mu ma saa cyenda z’igitondo, ubwo yari azindutse agiye kurangura!-->!-->!-->…
RIB yatangiye iperereza ku byaha Mujawamaliya J. D’arc akurikiranyweho
Nyuma y'aho ibiro bya minisiteri y'intebe bisohoye itangazo rihagarika rikanirukana madame Jeanne D'arc Mujawamaliya wari minisitiri w'abakozi ba Leta n'umurimo, umwanya yari amazeho ukwezi kumwe gusa, kuri ubu urwego rw'ubugenzacyaha mu!-->…
Isirayeli Yarashe Ububiko bw’Intwaro muri Libani
Igisirikare cya Isirayeli cyatangaje ko mu ijoro ryakeye cyarashe ububiko bw’intwaro z’abarwanyi b’umutwe wa Hezbollah.
Ingabo za Isirayeli ziri ku mupaka ihana na Libani n’mutwe w’abarwanyi ba Hezbolla bashyigikiye Hamasi muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye impamvu umupasitoro ukomeye mu Rwanda yatawe muri yombi
Amakuru yiriwe acicikana ku mbuga nkoranyambaga avuga ko Umushumba wa Bethesda Holy Church, Bishop Rugamba Albert, yatawe muri yombi aho akurikiranyweho gutanga sheki itazigamiye.
Dr Thierry B. Murangira, Umuvugizi w’Urwego!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abasirikare 25 bahunze urugamba rwa M23 bakatiwe urwo gupfa
Urukiko rwa gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye urwo gupfa abasirikare 25 bo mu ngabo z’iki gihugu (FARDC) barimo aba kapiteni babiri, nyuma yo kubahamya ibyaha birimo icyo guhunga M23 ubwo bari!-->!-->!-->…
DRC: Nyuma y’ukwezi kose, M23 yigaruriye centre ya Kanyabayonga
Umutwe wa M23 uravuga ko wamaze kwigarurira umujyi wa Kanyabayonga nyuma y'imirwano ikaze yari imaze ukwezi kose.
Umutwe witwaje intwaro wa M23 wafashe isantere ya Kanyabayonga iherereye muri teritwari ya Lubero mu ntara ya Kivu!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi abarimu 2 ba kaminuza ya UTB bagurishaga amanota ku banyeshuri
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abarimu babiri n’umunyeshuri umwe bo muri Kaminuza y’Ubukerarugendo, Ikoranabuhanga n’Ubukungu , aho bakurikiranweho ibyaha byo gusaba no kwakira indonke!-->!-->!-->…
DRC: Abandi basirikare 2 ba Afrika y’Epfo baguye mu mirwano
Abasilikare 2 bakomoka muri Afurika y’epfo bishwe n’igisasu cya Morutsiye cyatewe n’abarwanyi ba M23 mu gace ka Sake
Ubutumwa bw’igisilikare cya SADEC muri Congo bwatangaje ko k’umunsi w’ejo nyuma ya saa sita ikipe y’abasilikare ba!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngororero: Abakozi babiri b’Akarere batawe muri yombi kubera ibyaha birimo ruswa
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwataye muri yombi abakozi babiri b'Akarere, aba bombi barakekwaho ibikorwa bifitanye isano na ruswa.
Urwego rw’Ubugenzacyaha rwafunze Muberantwari Reverien, Umuyobozi ushinzwe ibikorwaremezo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Kinshasa: Abantu 10 basambaniraga mu kivunge batawe muri yombi
Polisi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yataye muri yombi abantu 10 basambaniraga mu kivunge muri komine ya Ngaba iherereye mu murwa mukuru, Kinshasa.
Umuyobozi wa Polisi muri Kinshasa, Blaise Kilimbalimba, yatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Russia: Abataramenyekana bagabye igitero gihitana abagera kuri 15 harimo n’abapolisi
Mu gihugu cy'Uburusiya haravugwa igitero cy'iterabwoba cyibasiye agace ka North Caucasus gihitana abantu batari bake harimo n'abapolisi.
Minisiteri y'ingabo n'iy'umutekano yatangaje ko abantu benshi bitabye Imana harimo n'abapolisi!-->!-->!-->!-->!-->…
Gakenke: Abataramenyekana batwitse moto ya Diregiteri Malakiya
bagizi ba nabi bataramenyekana, bateye urugo rw’Umuyobozi w’Ikigo cy’Ishuri ribanza rCa Muhondo ( EP Muhondo), witwa Birege Malachie, bamwiba moto banayitwikira hafi y’urugo rwe.
Ubu bugizi bwa nabi bwabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…