CELINE DION YONGEYE KUGIRA ICYO ATANGAZA NYUMA YO KUMARA IGIHE ARWAYE

13,555
Kwibuka30

Uurwayi bw’uyu muhanzi bwatumye ahagarika ibirtaramo bye yari afite bwari bwaratumye atagaragara ku mbuga nkoranyambaga gusa nyuma y’igihe yongeye kugira icyo atangaza

Celine dion  yagarutse mu bihe bimwe na bimwe kugira ngo yizihize ibihe bidasanzwe, nk’umuhungu we René-Charleswari wujujeimyaka 21 y’amavuko ndetse n’umunsi w’abakundana  ariko ku wa mbere,yagaragaje amarangamutima ashyigikira abaturage ba Ukraine.

Kwibuka30

“Ku bantu bakundwa b’intwari bo muri Ukraine, twatunguwe kandi turababara, twatewe ishyaka n’ubutwari bwanyu.” Ayo niyo magambo yatangaje ku munsi w’ejo nyuma y’igihe kirekire hibazwa igihe azagarukira.

celine-dion-statement

Hategerejwe igihe azasubukurira ibitaramo yagombaga kuzakora muri yu mwaka wa 2022

Comments are closed.