EDDY KENZO ARASABA UBUFASHA BWO GUSUBIRA MU GIHUGU CY’AMAVUKO

muri ikigihe isi yugarijwe nicyorezo cya coronavirus nyuma y’iminsi mirongo itatu Perezida Museveni yahagaritse ingendo zinjira mu Gihugu no hanze yayo akaba yahagaritse ndetse ningendo z’indege iyo ariyo yose itwara abagenzi muri Uganda
EDDY KENZO niwe muhanzi umwe rukumbi muri Uganda waririmbye muri masa fest muri cote d’ivoire kuwa 16 werurwe 2020 yaheze mu Gihugu cya Afurika y’iburengerazuba ari gukora indirimbo ubwo yafataga amajwi y’indirimbo ebyiri hamwe nabahanzi baho
yaje gutungurwa namakuru yatambutse avuga ko ntangendo zemewe gukorerwa muri Uganda ko atamerewe gutaha kubera icyorezo cyugarije isi cya coronavirus cyimaze guhagarika ubuzima bwa benshi ndetse aho ibikorwa mu bihugu bitandukanye yahagaritswe, EDDY KENZO abinyujije kumbuga nkoranyambaga umuririmbyi wa big talent yatangaje ko atemerewe gusubira mu Gihugu cye cy’amavuko muri Uganda akaba asaba ubufasha ubwo aribwo bwose ngo atahe ko bitoroshye na gato kuba kure y’umuryango we. EDDY KENZO arasaba gutaha

Comments are closed.